USA yaciye amarenga ku bufatanye na DRC bw’amabuye y’agaciro no kurwanya M23

Abadipolomate ba Leta zunze Ubumwe z’Amerika bemeje ko hari ibiganiro biri kuba hagati ya leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo n’Amerika ku bijyanye no kugurana amabuye y’agaciro ubufasha mu by’umutekano bijyana no gutsinsura M23 mu birindiro byayo . Aba badipolomate bemereye ibinyamakuru Financial Times na Reuters ko hari ubushake bw’ibiganiro bigamije kumvikana ku kuba…

Read More

Perezida Kagame yashimangiye ko gukorana na Tshisekedi ari byo yabonye bikomeye

Perezida Kagame yatangaje ko Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo Antoine Felix Tshisekedi ari umwe mu bantu bagoye cyane gukorana nawe . Ibi nyakubahawa Perezida Kagame yabitangarije mu kiganiro yagiranye n’umunyamakuru Mario Nawfal cyabereye i Kigali , aho yemeje ko gukorana na perezida Felix Tshisekedi ari ibintu bikomeye ndetse ko aheruka kugirana ikiganiro nawe…

Read More

Ubwongereza : Amb . Busingye Johnston yahagarariye u Rwanda mu birori bya Common Wealth

Kuri uyu wa gatatu tariki ya 12 Werurwe 2025 ,Ambasaderi Busingye Johnston yahagarariye u Rwanda mu birori byo kwizihiza Umunsi wahariwe Umuryango wa Commonwealth. Ibi birori byayobowe n’Umwami Charles III wavuze ko “Ubushobozi bwa Commonwealth bwo guhuza abantu baturutse ku Isi yose bwarigaragaje mu bihe bikomeye aho abantu bizera ko ibibatanya ari ibibazo aho kuba…

Read More

Muyaya yemeje ko DRC igomba gukora isuzuma ryimbitse mbere yo kuganira na M23

Minisitiri w’itumanaho akaba n’umuvugizi wa guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo . Patrick Muyaya yatangaje ko Kongo igomba gukora igenzura ndetse n’ubushishozi bwimbitse mbere yuko ijya gushyira mu bikorwa icyifuzo cya Perezida Joao Laurenco usanzwe ari umuhuza mu nzira ya Luanda cyo kujya ku meza y’ibiganiro na M23 . Ku munsi wejo tariki ya…

Read More

DRC : Hatangajwe umubare w’abapfumu bamaze gupfira mu mirwano ya M23 na FARDC

Sosiyete sivile yo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo yatangaje ko abapfumu icumi aribo bamaze gupfira mu ntambara ihanganishijemo ingabo za FARDC n’umutwe wa M23 mu turere twa Rutshuru , Masisi , Nyiragongo na Walikale guhera mu ntangiriro z’umwaka wa 2025 . Amakuru agera kuri Daily Box aturutse mu bitangazamakuru byandikirwa muri kiriya gihugu yemeza…

Read More

Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, General Muhoozi Kainerugaba yavuze impamvu itangaje atajya mu rusengero

Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, General Muhoozi Kainerugaba yavuze ko impamvu atajya mu rusengero gusenga ari uko haba abakobwa beza ku buryo bashobora kumugusha. Muhoozi Kainerugaba akaba numwana wa perezida w’igihugu cya Uganda Yoweri Kaguta Museveni Tibuhaburwa akunda kugaragara cyane ku rukuta rwa X atebya cyane mu ngingo zitandukanye ndetse no kubijyanye nuko abona politike…

Read More

DRC : Tshisekedi n’intumwa yihariye ya LONI baganiriye ku ngingo zirimo gutsinsura M23 burundu

Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo Felix Tshisekedi yagiranye ibiganiro na Huang Xia usanzwe ari intumwa yihariye y’umunyamabaga mukuru w’umuryango w’abibumbye mu gace k’ibiyaga bigari byibanze ku ishyirwa mu bikorwa ry’umwanzuro 2773 w’akanama k’umuryango w’abibumbye gashinzwe amahoro ku isi . Iyi nama yabaye ku munsi wejo tariki ya 10 Werurwe 2025 ikabera i Kinshasa…

Read More

DRC : Uhagarariye Sosiyete sivile yagiriye inama Tshisekedi yo kuganira na M23

Umuyobozi wa sosiyete sivile ndetse akaba yaranashinze umuryango w’abanegihugu wa Filimbi muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo yahamagariye leta ya Kinshasa gufungukira inzira z’ibiganiro by’amahoro nk’umuti rukumbi usigaye wakemura ibibazo by’umutekano muke muri iki gihugu . Carbone Beni wa Beya usanzwe ari impirimbanyi ikomeye y’iyubahirizwa ry’uburanganzira bwa muntu ndetse akaba n’umuyobozi wa sosiyete sivile muri…

Read More