Kenya yahagarikiwe kongera kwinjiza ibicuruzwa byayo muri Sudan

Igihugu cya Sudan cyatangaje ko cyahagaritse ibicuruzwa byinjiraga muri iki gihugu biturutse mu gihugu cya Kenya kubera guha ubuhungiro bamwe mu barwanyi b’umutwe wa Rapid Support forces [ RSF ] bakurikiranyweho ibyaha birimo ibyibasiye inyekomuntu n’ubutabera bwa Khartoum . Ku munsi wo ku wa gatanu nibwo Minisiteri y’ubucuruzi n’amasoko mpuzamahanga ya Sudan yahagaritse ibicuruzwa byose…

Read More

U Rwanda n’ u Burundi byatangiye ibiganiro bigamije amahoro

Minisitiri w’Ububanyi n’amahanga n’ubutwererane , Amb . Nduhungirehe Olivier yemeje ko hari ibiganiro biri kuba hagati y’u Rwanda n’u Burundi bigamije kongera kubyutsa ubuhahirane ndetse no kuvanaho urwicyekwe mu bya politiki ahanini rwatewe n’ibibazo by’amakimbirane yo mu burasirazuba bwa Kongo . Ubwo yarimo aganira n’itangazamakuru ku mugoroba wo ku munsi wejo tariki ya 14 Werurwe…

Read More

Nyaruguru : abanyeshuri basabwe kwirinda no kudahishira abagifite ingengabitekerezo ya jenoside [ AMAFOTO]

RIB yasabye abanyeshuri bo mu bigo by’amashuri yisumbuye byo mu turere twa Nyamagabe na Nyaruguru kurushaho kwimakaza ubumwe bakitandukanya n’ibyabazanamo ingengabitekerezo ya jenoside byose. RIB yari mu gikorwa cy’ubukangurambaga mu mashuri bwo kurwanya no gukumira ibyaha by’ingengabitekerezo ya Jenoside n’ibifitanye isano nayo aho yaganirije abanyeshuri biga muri mu bigo by’amashuri yisumbuye ya Sekera, Ngororero, Saint…

Read More

Central Africa: Abapolisi b’u Rwanda bari mu butumwa bambitswe imidali y’ishimwe

Abapolisi b’u Rwanda 181 bari mu butumwa bw’amahoro muri Repubulika ya Santrafurika (MINUSCA), kuri uyu wa Gatanu tariki ya 14 Werurwe 2025, bambitswe imidali yo kubashimira ubwitange n’umurava bagaragaje mu gihe cy’umwaka bamaze mu kazi ko kubungabunga amahoro muri icyo gihugu. Abambitswe imidali kuri uyu munsi ni abapolisi 180 bagize itsinda RWAFPU2-9 n’undi mupolisi umwe…

Read More

Perezida wa Sena yerekanye ingaruka za ruswa mu iterambere ry’igihugu

Perezida wa Sena y’u Rwanda, Dr Kalinda François Xavier, yerekanye ko ruswa ari ikibazo cy’ingutu kibangamiye iterambere ry’Igihugu kigatuma ubukungu butazamuka ku kigero gishimishije. Perezida wa Sena, Dr Kalinda , yanashimangiye ko hakiri icyuho cya ruswa mu nzego z’imicungire y’umutungo wa Leta, mu itangwa rya serivisi, mu micungire y’amasoko ya Leta no mu itangwa ry’akazi….

Read More

DRC : Ishyaka rya Joseph Kabila ryasabwe kwitandukanya nawe kubera gufatanya na M23 n’u Rwanda

Ishyaka riharanira ukwigenga kwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo ryasabye ishyaka ribarizwamo Joseph Kabila Kabange guhagarika inzira zose zarihuzaga n’uwahoze ayobora iki gihugu kubera ko yagaragaje ko ashyigikiye umutwe wa M23 n’u Rwanda muri rusange. Mu itangazo ryashyizwe ahagaragara ku munsi wejo tariki ya 14 Werurwe n’iri shyaka riharanira ukwigenga kwa DRC ryahamagariye ishyaka FCC…

Read More

USA yatanze icyizere cyo guharika intambara y’Uburusiya na Ukraine

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika Donald J Trump yatangaje ko hari intumwa z’iki gihugu zigiye kwerekeza mu gihugu cy’Uburusiya kugirango baganire ku ngingo yo kubahiriza agahenge k’intambara muri Ukraine . Aya makuru agiye ahagaragara nyuma y’iminsi mike inama yari yahamagajwe n’Amerika igahuriza hamwe impande zombi ziri mu ntambara muri Arabia Sawudite mu mujyi wa…

Read More

Ibiganiro bya DRC na M23 bishobora gutuma havanwaho ibihano byafatiwe u Rwanda : Alain Mukuralinda

Umuvugizi wungirije wa Leta y’u Rwanda , Alain Mukuralinda yatangaje ko kuba Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo yemeye kujya ku meza y’ibiganiro n’umutwe wa M23 bishobora gutuma ibihano byafatiwe u Rwanda bishobora kongera gusuzumwa ndetse bikaba byanavanwaho . Mu kiganiro yagiranye n’igitangazamakuru cy’igihugu , Alain Mukuralinda uvugira leta y’u Rwanda yashimangiye ko kuba Kongo yemeye…

Read More