Abandi basirikare ba SADC bari Kongo batashye banyuze mu Rwanda

Kuri uyu wa Kane, tariki ya 12 Kamena 2025, abasirikare bo mu muryango w’iterambere uhuza ibihugu by’ Afurika y’Amajyepfo (SADC) batangiye kuva mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), mu gikorwa cyo gukura abasirikare n’ibikoresho cyari cyaratangiye muri Mata. Aba basirikare, baturutse mu bihugu bya Tanzaniya, Malawi na Afurika y’Epfo, bari bamaze igihe…

Read More

Abanyarwanda babiri bahawe Igihembo nk’abagize uruhare rurambye mu Bukerarugendo muri Afurika

Abanyarwanda babiri, Michaella Rugwizangoga na Olivier Mugwiza, bashyizwe ku rutonde rw’abantu 100 bafite uruhare rukomeye mu guteza imbere ubukerarugendo muri Afurika mu mwaka wa 2025, nk’uko byatangajwe na Ranks Africa. Iri rushanwa ngarukamwaka rigamije gushimira abantu bahindura amateka y’ingendo n’ubukerarugendo muri Afurika binyuze mu guhanga udushya no kugira ingaruka nziza ku baturage. “Ubwitange bwabo n’udushya…

Read More

Elon Musk aricuza amagambo yatangaje kuri Perezida Trump

Umuherwe  Elon Musk yatangaje ko yicuza amagambo yatangaje ku Perezida w’Amerika, Donald Trump, mu ntambara y’amagambo bombi baherutse kugirana ku mbuga nkoranyambaga. “Ibyo navuze ku Perezida Donald Trump byarenze urugero. ndabyicuza,” ni ko Musk yabitangaje kuri X, urubuga rwe rwa interineti. Ni nyuma y’uko uyu mugabo usanzwe ari nyiri Tesla n’uruganda SpaceX ashinjije Trump gushyigikira…

Read More

Gutakaza u Rwanda ni igihombo kuri ECCAS, si ku Rwanda : Impuguke mu bya politike

Mu nama y’abakuru b’ibihugu yabereye i Malabo muri Guinée Equatoriale ku wa 7 Kamena 2025, u Rwanda rwatangaje ko rusohotse burundu mu Muryango w’Ubukungu w’Ibihugu byo hagati muri Afurika, ECCAS.  Iki cyemezo cyakurikiye ukutumvikana kwakomeje hagati ya Kigali na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), by’umwihariko ku bijyanye no kwima u Rwanda uburenganzira bwo kuyobora…

Read More

Liberia : Bane barimo n’uwahoze ari Perezida w’Inteko Ishinga Amategeko  bashinjwaga iterabwoba barekuwe by’agateganyo

Uwahoze ari Perezida w’Inteko Ishinga Amategeko ya Liberia, Jonathan Fonati Koffa, hamwe n’abandi badepite batatu barimo Abu Kamara, Dixon Seboe na Jacob Debee, barekuwe by’agateganyo nyuma yo gutanga ingwate ya $440,000 (angana na miliyoni zisaga 550 mu mafaranga y’u Rwanda). Aba bayobozi bose bashinjwa uruhare mu gikorwa cy’iterabwoba cyabaye ku wa 18 Ukuboza 2024, ubwo…

Read More

DRC : Uburayi bwatanze impuruza ku bikorwa bibi bya M23 mu duce yafashe

Umuryango w’Ubumwe bw’Uburayi watangaje ko utejwe inkeke n’ikibazo cy’iyubahirizwa ry’uburenganzira bwa muntu mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo byumwihariko uduce twamaze kwigarurirwa n’inyeshyamba z’umutwe wa M23 . Ibi byatangajwe n’Uhagaririye inyungu z’uyu muryango muri iki gihugu aho afite icyicaro gihoraho mu mujyi wa Beni uherereye mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru ku munsi wejo…

Read More

U Bwongereza bugiye kujyana mu nkiko uwahoze ari umuherwe w’ikipe ya Chelsea

Minisitiri w’Imari w’u Bwongereza Rachel Reeves hamwe na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga David Lammy batangaje ko bagiye kurega Roman Abramovich mu rukiko, kugira ngo babone amafaranga yavuye mu igurishwa ry’ikipe ya Chelsea, agamije gufasha abagizweho ingaruka n’intambara muri Ukraine. Uwo mugabo w’Uburusiya, wigeze gutunga Chelsea FC, yategetswe kugurisha iyi kipe mu 2022 ku giciro cya miliyari…

Read More

Joseph Kabila na M23 bagiranye inama ya mbere i Goma

Ku wa Gatanu tariki 30 Gicurasi 2025 Joseph Kabila, Uwari Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), hamwe n’abambari be, bakoreye inama ya mbere i Goma, umurwa mukuru w’intara ya Kivu ya ruguru mu burasirazuba bw’iki gihugu, hamwe n’umuyobozi mukuru wa M23  Corneille Nangaa. Mu butumwa yashyize kuri X (Twitter), Nangaa yavuze ko iyi…

Read More