Ingabo z’u Burundi zongeye gukozanyaho n’umutwe wa FDLR mu Kibira

Ingabo z’igihugu cy’u Burundi zakozanyijeho n’inyeshyamba z’umutwe wa FDLR zari zifatanijemo n’abarwanyi b’umutwe w’imbonerakure , ibi bikaba byabereye mu gace ka Kibira muri komini ya Bukinanyana mu majyaruguru y’Uburengerazuba bw’u Burundi . Nkuko amakuru agera kuri Daily Box abitangaza ngo iyi mirwano yatangiye hagati tariki ya 11 gusa hacamo agahenge nanone yongera kubura umurego guhera…

Read More

UBurayi bwafatiye ibihano bikomeye abasirikare bakuru batatu b’u Rwanda

Umuryango w’ubumwe bw’Uburayi umaze gutangaza ko wafatiye ibihano abayobozi batatu bo mu nzego nkuru z’igisirikare cy’u Rwanda ndetse n’umuyobozi mukuru w’urwego rw’igihugu rushinzwe ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro kubera gufasha umutwe wa M23 . Bisa nkaho bihuriranye mu gihe u Rwanda rwatangazaga ko rwacanye umubano na leta y’Ububiligi yahoze irukoloniza kubera ko iki gihugu giherereye ku mugabane…

Read More

U Rwanda rwahaye abadipolomate b’Ububiligi amasaha 48 yo kuba batashye

U Rwanda rumaze gutangaza ko rwahagaritse umubano rwari rufitanye n’igihugu cy’Ububiligi ndetse runategeka abadipolomate b’iki gihugu bakorerega i Kigali gusubira iwabo mu masaha atarengeje 48 uhereye igihe itangazo rigiriye ahagaragara . Mu itangazo ryashyizwe ahagaragara na Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane y’u Rwanda , Leta y’u Rwanda yatangaje ko yafashe iki cyemezo nyuma yo gusuzuma ingingo…

Read More

Abatavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Tshisekedi bamaganye ibiganiro bya DRC na M23

Ishyaka rya politiki ry’umuyobozi utavuga rumwe n’ubutegetsi buriho muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Kongo Bwana Jean Marc Kabund ryatangaje ko ridashyigikiye gahunga y’ibiganiro bitaziguye bigomba kuba hagati ya Kongo n’umutwe wa M23 . Mu itangazo ryashyize ahagaragara ku munsi wejo tariki ya 16 Werurwe ,iri shyaka riharanira impinduka muri iki gihugu ryekanye ko inzira ya…

Read More

Gen Mubarakh Muganga yitabiriye ibiganiro bya Harare ku ruhande rw’u Rwanda

Ku Cyumweru i Harare muri Zimbabwe, Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda, General Mubarakh Muganga, yitabiriye inama yasuzumiwemo ingingo ziri ku murongo w’ibyigirirwa mu nama y’abaminisitiri bo mu miryango ya EAC na SADC iba kuri uyu wa Mbere igamije gukemura ibibazo by’umutekano mu Burasirazuba bwa DRC. Abayobozi bakuru bashinzwe umutekano baturutse mu bihugu bigize umuryango wa…

Read More

Nduhungirehe yamaganye ibirego u Rwanda rushinjwa na G7 byo gufasha M23

Minisitiri w’ububanyi n’amahanga n’ubutwererane w’u Rwanda , Amb Olivier Nduhungirehe yamaganye ibirego by’abaminisitiri ba dipolomasi bo mu bihugu bibarizwa mu muryango w’ibihugu birindwi bikize ku isi [ G7] bivuga ko u Rwanda rutanga ubufasha ku mutwe wa M23 ushinjwa guhungabanya umutekano wo mu burasirazuba bwa Repubulika iharanira Demokarasi ya Kongo ndetse anemeza ko birengagije impamvu…

Read More

Perezida Kagame yerekanye impamvu interahamwe zicyidegembya !

Perezida Kagame yavuze ko abishe abantu muri Jenoside yakorewe Abatutsi bari bafite ababashyigikiye, babateye inkunga muri uwo mugambi mubisha kandi n’ubu ariko bikimeze.  Perezida wa Repubulika yabitangaje kuri iki cyumweru  tariki ya 16 Werurwe 2025 ubwo yahuraga n’abaturage barenga 8000 Ni muri gahunda yiswe Kwegera Abaturage ibaye ku nshuro ya mbere kuva hatangizwa gahunda ya NST2. Aho…

Read More

Abarimo Ish Kevin bihanangirije abakomeje gufatira u Rwanda ibihano

Umuraperi Ish Kevin afatanije n’abarimo Kid From Kigali , Bulldog , Kivumbi King na B- Threy bamaze gushyira hanze indirimbo yitwa Rwanda igaruka ahanini ku kwihanangiriza ibihugu bikomeye byo mu burengerazuba bw’isi bikomeje gukangisha imbaraga zabyo ku Rwanda kugirango rwitware mu buryo bashaka . Iyi ndirimbo imaze gushyirwa ahagaragara kuri iki cyumweru tariki ya 16…

Read More