PART1: Ese bizajyenda bite umutwe wa M23 n’uramuka utsinzwe intambara?

Umutwe wa M23 wongeye kubura imirwano nyuma yo gutsindwa mu mwaka wa 2012, ubwo bigaruriraga umugi wa Goma gusa igitutu cy’amahanga kikaba kinshi bikarangira bakwiriye imishwaro bamwe berekeza mu Rwanda abandi muri Uganda. Muri 2025 ibintu byahinduye isura aho uyu mutwe wigaruriye ibice by’ingenzi mu Burasirazuba bwa Congo, bahereye kuri Goma ndetse, banahashyira abayobozi bashya,…

Read More

Kigali : Abadepite bemeje ishingiro ry’umusoro w’ubukerarugendo ku icumbi

Inteko Rusange y’Inteko Ishinga Amategeko, Umutwe w’Abadepite yemeje ishingiro ry’umushinga w’itegeko rishyiraho umusoro w’ubukerarugendo ku icumbi n’amahoro acibwa ibinyabiziga . Kuri uyu wa gatatu tariki ya 19 Werurwe 2025 nibwo Inteko Ishinga Amategeko yasuzumaga ishingiro ry’umushinga ushyiraho umusoro mu kwishakamo ubushobozi mu gushimangira gahunda ya NST2. Aba badepite bemeje ishingiro ry’uyu mushinga nyuma y’igihe gito…

Read More

Amagambo yanyu ntago ahura n’ibyo mukora – Minisitiri Ugirashebuja asubiza mugenzi we w’Ububiligi

Minisitiri w’Ubutabera w’u Rwanda Dr. Ugirashebuja Emmanuel yatangaje ko bibabaje kubona Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’ububiligi nka Maxime Prevot avuga amagambo adahura n’ibyo asanzwe akora . Minisitiri Ugirashebuja yatangaje ibi ku munsi wejo tariki ya 18 Werurwe 2025 nyuma y’ubutumwa Maxime Prevot yari amaze gutangariza mu kiganiro yari yagiranye na kimwe mu binyamakuru byandikirwa mu gihugu…

Read More

Umugore wa Perezida Habyarimana agiye kongera kugarurwa mu nkiko

Kuri uyu wa gatatu tariki ya 19 Werurwe 2025 , Urugereko rw’urukiko rw’ubujurire ruherereye mu Bufaransa rugiye kongera gusuzuma dosiye iregwamo Agathe Kanziga Habyarimana wahoze ari umufasha wa Juvenal Habyarimana wayoboye u Rwanda ku byaha birimo ibyo gucura umugambi wa Jenoside yakorewe abatutsi . Agathe Kanziga wari warashyingiranwe na Perezida Habyarimana Juvenal wategetse u Rwanda…

Read More

Ese byagenze gute ngo Perezida Kagame na Tshisekedi bahurire i Doha by’amaherere ?

Perezida Paul Kagame yahuye na mugenzi we wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi Tshilombo i Doha muri Qatar mu nama yatumijwe n’Umuyobozi w’Ikirenga w’iki gihugu, Tamim bin Hamad Al Thani mu gushakira umuti ibibazo by’umutekano mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Ni ibiganiro bahujwemo na Emir wa Qatar Sheikh Tamim bin…

Read More

DRC yatangaje ko yishimiye ibihano bya EU ku bayobozi bakuru muri M23 na RDF

Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo yatangaje ko yishimiye ibihano bishya Umuryango w’Ubumwe bw’Uburayi wafatiye bamwe mu bayobozi bakuru b’umutwe wa M23 nabo mu gisirikare cy’u Rwanda . Ku munsi wejo nibwo Umuryango w’Ubumwe bw’Uburayi bwemeje ko bamwe mu bayobozi b’umutwe wa M23 ndetse n’abandi batatu bo mu gisirikare cy’u Rwanda wabafatiye ibihano birimo…

Read More

Perezida Ndayishimiye yemeje ko ingabo z’u Rwanda zidakomeye kurusha iz’u Burundi

Perezida w’u Burundi , Ndayishimiye Evariste yatangaje ko ingabo z’u Rwanda zidakomeye ku rwego nk’ingabo z’u Burundi anongera gushimangira ko u Rwanda arirwo nyirabayazana w’ibibazo by’umutekano muke umaze igihe ututumba muri aka karere . Ubwo yari yitabiriye amasengesho y’itorero ryitwa Eglise Vision de jesus – Christ mu cyumweru gishize perezida Ndayishimiye w’u Burundi yongeye kuvuga…

Read More

Nta busobanuro Abadipolomate b’u Rwanda bagomba guha ububiligi : Amb . Nduhungirehe

Minisitiri w’ububanyi n’amahanga n’Ubutwererane w’u Rwanda , Amb . Olivier Nduhungirehe yatangaje ko abadipolomate b’u Rwanda bakoreraga mu Bubiligi batari bwigere batanga ibisobanuro kuri iki gihugu nyuma yuko impande zombi zitangaje ko zicanye umubano ku munsi wejo . Nduhungirehe yatangaje aya magambo nyuma y’igisubizo cya mugenzi we w’UBubiligi , Bwana Maxime Prevot wavuze ko leta…

Read More