Igisirikare cya Congo ‘FARDC’ cyatangaje imigambi gifitiye AFC/M23 nyuma y’uko igiye kurekura Walikale

Igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo “FARDC” cyatangaje ko nacyo kibaye gihagaritse imirwano ndetse n’ibitego ku ihuriro rya AFC/M23 nyuma y’uko uyu mutwe wemeje kuva mu gace wari warigaruriye ka Walikale mu rwego rwo gushyigikira no gushyira imbere ibiganiro bigamije kugarura amahoro arambye mu Burasirazuba bwa Congo. Umuvugizi w’igisirikare cya Congo Gen. Maj. Sylvain…

Read More

PART 2: Ese bizagenda bite umutwe wa M23 n’utsinda intambara uhanganyemo na Leta ya Congo

PART 1 : https://daily–box.com/part1-ese-bizajyenda-bite-umutwe-wa-m23-nuramuka-utsinzwe-intambara/ Umutwe wa M23 ukomeje guhangana n’ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, nubwo ibikorwa by’ibiganiro bikomeje hirya no hino byose bigamije gushakira umuti urambye ibi bibazo hifashishijwe ibiganiro cyane ko uyu mutwe wemeje ko bitabaye ibyo intambara itazigera irangiza iki kibazo. Mu nkuru iheruka twarebeye hamwe uko byagenda uyu mutwe uramutse…

Read More

Kigali : RGB yunguranye ibitekerezo n’abayobora amadini ku bibazo bikirangwamo

Kuri uyu gatanu tariki ya 21 Werurwe 2025 ,Urwego rw’Igihugu rw’Imiyoborere, RGB, rwagiranye ibiganiro n’abayobora imiryango ishingiye ku myemerere kugira ngo itange ibitekerezo ku mabwiriza mashya agenga imikorere yayo. Ibi biganiro bibaye nyuma y’uko igenzura ryakozwe umwaka ushize ryerekanye ko muri iyi miryango harimo aho bigisha inyigisho z’ubuyobe n’izizeza ibitangaza, kwaka amafaranga abaturage mu buryo…

Read More

Tshisekedi agomba kuganira na M23 kuko nta kindi yayikoraho : Dr. Muleefu

Umushakashatsi Dr Alphonse Muleefu yatangaje ko abona   Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo ,Felix Antoine Tshisekedi, akwiye kujya mu biganiro by’amahoro kuko asa n’utagishoboye gutsinda umutwe wa M23. Ibi Muleefu yabitangaje kuri uyu wa gatanu tariki ya 21 Werurwe 2025 mu kiganiro yagiranye n’ikigo cy’igihugu gishizwe itangazamakuru cyagarukaga ku bibazo by’umutekano muke ubarizwa muri…

Read More

M23 yifuza kujya mu biganiro by’amahoro bizira kubogama : Laurence Kanyuka

Umuvugizi w’umutwe wa M23 , Laurence Kanyuka yatangaje ko uyu mutwe wifuza kujya mu biganiro by’amahoro na Leta ya Repubulika iharanira Demokarasi ya Kongo mu gihe ibituma ibi biganiro bigenda neza byubahirijwe ku mpande zombi . Mu kiganiro yagiranye n’ikinyamakuru cyitwa RT cyandikirwa mu gihugu cy’Uburusiya , Bwana Kanyuka yasobanuye impamvu ubuyobozi bw’umutwe avugira wafashe…

Read More

Gicumbi : Ubushinjacyaha bwaregeye ifunga n’ifungurwa ry’umugore ukurikiranyweho kwica umwana we

Ubushinjacyaha ku Rwego Rwisumbuye rwa Gicumbi, bwatangaje ko bwaregeye Urukiko rw’ Ibanze rwa Byumba ku ifunga n’ifungurwa ry’agateganyo, Umukobwa wari utuye mu Karere ka Gicumbi akaza gufungwa ubwo yari ukurikiranyweho icyaha cyo kwica Umwana yibyariye amuteye icyuma.  Kuri uyu wa gatanu tariki ya 21 werurwe 2025 nibwo Ubushinjacyaha ku Rwego Rwisumbuye rwa Gicumbi,  bwaregeye Urukiko…

Read More

UN yasabye M23 gusubiza DRC uduce twa Goma , Walikare na Bukavu yafashe

Akanama k’Umuryango w’Abibumbye gashinzwe amahoro n’umutekano ku isi katangaje ko kamaganye ibitero bya M23 mu duce two mu ntara za Kivu y’Amajyarugu n’amajyepfo bikomeje kubangamira ishyirwa mu bikorwa ry’agahenge k’imirwano gahuriweho ndetse kanasaba uyu mutwe gusubiza leta Kongo ibice bya Goma , Walikare na Bukavu wamaze kwigarurira . Mu itangazo ry’ibyavuye mu nama rigenewe abanyamakuru…

Read More

DRC: FARDC yagabye ibitero bikomeye ku Banyamulenge batuye mu Minembwe

Umunyamategeko wo muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Kongo Moise Nyarugabo yatangaje ko mu gitondo cyo kuri uyu wa gatatu tumwe mu duce two mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo dutuyemo Abanyamulenge twongeye kugabwaho ibitero bikomeye n’ingaba za FARDC zifatanije n’umutwe wa Wazalendo . Abinyujije ku rukuta rwe rwa X , uyu munyamategeko usanzwe ufatwa nk’impirimbanyi y’uburenganzira…

Read More