Umutekano w’u Rwanda ntago ugomba kwirengagizwa mu gihe hakemurwa ibibazo by’umutekano bya DRC : Perezida Kagame

Perezida Paul Kagame yongeye gushimangira ko ibibazo by’umutekano w’u Rwanda bigomba nabyo bigomba kurebwaho  mu gihe hashakirwa umuti ikibazo cy’umutekano muke muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo . Ibi yabivugiye mu nama ihuriweho n’umuryango w’ibihugu by’Afurika y’iburasirazuba (EAC) n’umuryango w’iterambere ry’Afurika yepfo (SADC) yateranye ku wa mbere, tariki ya 24 Werurwe, kugira ngo bakemure ikibazo…

Read More

Abarimo Uhuru Kenyatta  bongewe mu bagomba kuyobora inzira y’amahoro ya SADC-EAC

Inama ihuriweho n’abakuru b’ibihugu na guverinoma y’umuryango w’ibihugu by’Afurika y’iburasirazuba (EAC) n’umuryango w’iterambere ry’Afurika yepfo (SADC) imaze kwagura urutonde rw’abagamba kuyobora ibi biganiro ibavana  kuri 3 ibageza kuri 5 mu rwego rwo gushakira umuti uhamye ikibazo cy’umutekano muke mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo (DRC). Ibi byahamijwe na perezida wa Kenya na EAC…

Read More

Qatar yashimiye DRC n’u Rwanda ku ntambwe imaze guterwa mu gukemura ikibazo cy’ umutekano muke

Leta ya Qatar yatangaje ko yishimiye amagambo yavuzwe na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo (RDC) n’u Rwanda ndetse n’umuhate w’impande zombi mu guhosha ikibazo cy’umutekano muke ubarizwa mu burasirazuba bwa Kongo. Aya magambo Qatar  iyatangaje nyuma yuko umutwe w’inyeshyamba za M23 watangaje ko wavuye mu gace ka Walikale, ndetse ibi binerekana intambwe ikomeye iganisha ku…

Read More

Ingabo za RDC zanze guhagarika ibitero bya drones muri Walikale : Kanyuka wa M23

Ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ryatangaje ko abarwanyi baryo bakiri mu mujyi wa Walikale bitewe n’ibitero by’ihuriro ry’ingabo za Leta. M23 yatangaje ko yafashe icyemezo cyo gukura abarwanyi muri uyu mujyi no mu bice bihana imbibi mu rwego rwo kugira ngo ibiganiro by’amahoro bibe mu mwuka mwiza. Muri iryo tangazo,…

Read More

Perezida Kagame na Tshisekedi bagiye kongera guhurira mu yindi nama mpuzamahanga

Kuri uyu wa mbere, tariki ya 24 Werurwe, hateganijwe indi nama  ihuriweho y’abakuru b’ibihugu b’umuryango w’ibihugu by’Afurika y’iburasirazuba (EAC) n’umuryango w’iterambere ry’Afurika yepfo (SADC), kugira ngo bakemure ikibazo cy’umutekano muke mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo (DRC). Iyi nama iriza kuba hifashishijwe iyakure, nk’uko ubunyamabanga bwa SADC bwabitangarije abanyamakuru  ku munsi wejo,ikazayoborwa na…

Read More

🛑AGEZWEHO : Israel yahitanye umuyobozi mukuru wa Hamas

Kuri iki cyumweru, igitero cy’indege za gisirikare za Isiraheli mu majyepfo ya Gaza cyahitanye umuyobozi wa politiki wa Hamas witwa Salah al-Bardaweel, nk’uko abayobozi b’umutwe w’abarwanyi bwabitangaje. Nubwo ubuyobozi bwa Isiraheli nta bisobanuro bwahise butanga, bamwe mu baturage baganiriye n’umunyamakuru wa Al Jazeera  bemeje ko iki igitero cy’indege cyahitanye Bardaweel  ufatwa nk’umuyobozi wa politiki wo…

Read More