Perezida Kagame yashyizeho abayobozi bashya ba RIB

Inama y’Abaminisitiri yashyize mu myanya abayobozi batandukanye, barimo Col Pacifique Kayigamba Kabanda wagizwe Umunyamanaganga Mukuru w’Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB) wasimbuye Col (Rtd) Ruhunga Jeannot wari umaze imyaka irindwi kuri izi nshingano. Col Pacifique Kayigamba Kabanda asimbuye Col Rtd Ruhunga Kibezi Jeannot yari umaze kuri uwo mwanya imyaka irindwi. Muri Gicurasi Umwaka ushizwe nibwo Perezida wa Repubulika ,…

Read More

USA yaragagaje ko umudepite wayo uherutse mu Rwanda na DRC atari intumwa idasanzwe ya Perezida Trump

Ambasade ya Leta zunze ubumwe za Amerika muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo yasobanuye ku wa kabiri ko umudepite mu nteko inshinga amategeko ya Leta zunze ubumwe za Amerika witwa Ronny Jackson uherutse gusura u Rwanda atigeze agirwa intumwa idasanzwe y’iki gihugu . Mu itangazo ryashyizwe ahagaragara ku mugorabo wo ku munsi wejo, iyi ambasade…

Read More

Dr . Bizimana yasabye urubyiruko kudaterwa ubwoba n’ibitero by’abazungu

Minisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu, Dr. Bizimana Jean Damascène, yabwiye urubyiruko kudaterwa ubwoba n’abazungu bakomeje kugaba ibitero ku bihugu bya Afurika. Ibi Minisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu yabitangarije ubwo, yarimo kuganiriza abitabiriye ibiganiro biswe  Rubyiruko Menya Amateka Yawe bateraniye mu ishuri rya Lycée de Kigali . Aho yagize ati : “Abazungu batugabaho ibitero, ntabwo bashaka…

Read More

Inyeshyamba za RED Tabara zahakanye ibyo Perezida Ndayishimiye azishinja byo gufashwa n’u Rwanda

Umutwe w’inyeshyamba zo mu Burundi wa RED-Tabara wamaganye ibirego Perezida Évariste Ndayishimiye avuga ko uhabwa inkunga na leta y’u  Rwanda,ahubwo ushimangira ko urugamba rwabo rushyigikiwe gusa n’abaturage b’Abarundi bumva ko rufite ishingiro . Ibi bije bikurikira amagambo yatangajwe na Perezida w’u Burundi ku munsi wejo ku ya 25 Werurwe  ubwo yari mu kiganiro yagiranye n’ikinyamakuru…

Read More

Umuhanzi Muchoma Muchomani ukomoka muri DRC yemeje ko afite inzozi zo guhura na Perezida Kagame

Umuhanzi Nizeyimana Didier wamenyekanye ku izina ry’ubuhanzi nka Muchoma Muchomani, Young Billionaire, Kabwera, n’andi mazina menshi, yatangaje ko afite inzozi zo guhura na Perezida Kagame ndetse ko nibahura azahita amusaba kumuha ubwenegihugu bw’u Rwanda . "Biri mu nzozi zanjye. Umunsi nzahura na Nyakubahwa Perezida Paul Kagame ni cyo kintu nanjye nkeneye, kumusaba Ubwenegihugu bw'u Rwanda."…

Read More

France : Hakomeje kwamaganwa igitaramo cy’umukongomani kizaba ku itariki yo gutangira icyunamo

Umuyobozi w’Umujyi wa Paris mu Bufaransa, Anne Hidalgo, yagaragaje ko adashyigikiye igitaramo cy’Umunyekongo, Maître Gims, giteganyijwe ku wa 7 Mata 2025, itariki u Rwanda ruzatangiriraho Icyunamo cy’iminsi 7 n’iminsi 100 yo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi. Ni igitaramo uyu Munyekongo yemeje  ko ngo kigamije gushyigikira abana bagizweho ingaruka n’intambara iri mu Burasirazuba bwa Repubulika ya Congo….

Read More

Bobi Wine yasubije icyifuzo cya General Muhozi cyo guhura mu murwano w’iteramakofe

Umunyapolitike utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Uganda, akaba n’icyamamare mu muziki wa Robert Robert Kyagulanyi Ssentamu,  yasubije ubusabe General Muhozi yari yamusabye mu butumwa aherutse gutambutsa kurukuta rwe rwa X yahoze yitwa tweeter. Mu butumwa yanyujije ku rukuta rwe rwa X yahoze yitwa tweeter, uyu Robert Kyagulanyi Ssentamu Uzi nka Bobi wine, yagaragaje ubutumwa General Muhozi…

Read More

Ntekereza ko DR.Congo itazigera itsinda M23 : umuyobozi mu ishyaka rya Donald Trump

Umunyabanga nshinga amategeko w’umunyamerika w’ishyaka ryo ku ruhande rwa Trump, Ronny Jackson ukubutse i Kinshasa, i Kampala, i Bujumbura n’i Kigali yabwiye Abanyamerika ko atekereza no Kinshasa idafite ubushobozi bwo gutsinda, igakura M23 mu bice yafashe. Ibi yabivuze ubwo yari ari kumwe na bagenzi be bagize kongere ya leta zunze ubumwe za Amerika. Ati :…

Read More

Ikipe y’igihugu ya Africa y’Epfo iri mu itsinda rimwe n’u Rwanda igiye gukurwaho amanota

Ikipe y’igihigu ya Africa y’Epfo y’Umupira w’Amaguru “Bafana Bafana” biteganyijwe ko igomba gukurwaho amanota yabonye ku mukino wa Lesotho kubera gukinisha umukinnyi ufite amakarita y’umuhondo atamwemerera gukina. Ku itariki ya 21 Werurwe 2025, nibwo iki gihugu cyari cyakiriye Lesotho mu mikino yo gushaka itike y’Imikino y’Anyuma y’Igikombe cy’Isi cya 2026, baranawitsinda ibitego bibiri ku busa(2-0),…

Read More

Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi yavuze ko we natera u Rwanda azaca mu Kirundo

Perezida w’u Burundi Evariste Ndayishimiye yavuze ko u Rwanda ni rutera u Burundi ruciye muri Congo, u Burundi buzahita butera u Rwanda buciye mu Kirundo.  Mukiganiro yagiranye na BBC, Perezida w u Burundi Evariste Ndayishimiye yavuze ko azi neza uburyo u Rwanda ruri gupanga gutera u Burundi, rwifashishije umutwe utavuga rumwe n’ubutegetsi wa  Red- Tabara, ukorera…

Read More