Goverinoma y’u Rwanda yemeje urupfu rwa Alain Mukuralinda wari umuvugizi wayo wungirije

Goverinoma y’u Rwanda yemeje urupfu rwa Alain Mukuralinda wari umuvugizi wungirije wa Goverinoma y’u Rwanda, witabye Imana kuri uyu wa Gatanu wa tariki 04 Mata 2025, azize guhagarara k’umutima. Goverino y’u Rwanda Kandi yatangaje ko yitabiye Imana mu bitaro Byitiriwe Umwami Faisal(KFH), iboneraho no kwihanganisha umuryango we, inshuti ze, ndetse n’abagize amahirwe yo gukorana nawe….

Read More

Amerika igiye gufatanya na Tshisekedi bakemure ikibazo cy’umutekano muke muri DR.Congo

Umujyanama wa mbere wa Perezida Donald Trump mu bibazo by’umugabane w’Afurika yatangaje ko Leta zunze Ubumwe z’Amerika zirajwe ishinga no gushyira iherezo ku kibazo cy’umutekano muke ukomeje kurangwa mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo . Ubwo yari i Kinshasa ku munsi wejo tariki ya 3 Mata , Massad Boulos usanzwe ari umujyanama mukuru…

Read More

Perezida Paul Kagame yavuze ko Ubwenge buhangano (AI) bukoreshejwe  nabi muri politike z’ibihugu byaba bibi kurushaho

Ubwo yagezaga ijambo ku bitabiriye inama ivuga uruhare rw’ubwenge buhangano (AI) mwiterambere ry’ubukungu bw’Afurika, Perezida Paul Kagame yavuze ko nubwo ubu bwenge buhangano ari ingenzi cyane ku iterambere ry’uyu mugabane, bukoreshejwe nabi byabyara ikintu kibi. Yagize ati” mfite ikizere ko dufatanyije, bishoboka yuko twakoresha neza ubu bwenge buhangano, ndetse no mu mibanire y’ibihugu byacu, nizera…

Read More

Sosiyeti igurisha amatike ku mikino yasubije ku byagaragajwe na Etincelles FC ko yahawe amafaranga make ku yavuye mu matike

Sosiyeti ifite system igurisha amatike y’imikino y’Umupira w’Amaguru mu Rwanda UrID Technologies yatangaje ko ntamafaranga batahaye ikipe ya Etincelles nk’uko yo yabigaragaje mu ibaruwa yandikiye Ishyirahamwe ry’aruhago ry’u Rwanda ‘FERWAFA’. Ikipe ya Etincelles FC yavuze ko amafaranga bahawe n’iyo sosiyeti nk’ayavuye ku mukino bari bakiriyemo Marines FC atariyo , aho bahawe angana 1 300 000…

Read More

EAC forces met in Rwanda for a three-day meeting

on Monday, 1 April , the East African Community (EAC) military forces met in Rwanda for a three-day summit focusing on areas including security, health, and disaster prevention. This Summit aimed to discuss cooperation between regional countries and Rwanda, sharing information on security, increasing cooperation within the organization, and finding solutions to regional issues in…

Read More

Mutesi Scovia yasabye Leta gushyiraho abajyanama b’ubuzima bakiri bato mu rwego kugabanya SIDA

kuri uyu wa kabiri tariki ya 1 Mata 2025 , Umunyamakuru Mutesi Scovia yasabye Leta ko yajya ishyiraho ba mujyanama bakiri bato kugirango urubyiruko rubisangemo rubake udukingirizo. Ubwo yari ari kuganiro n’abaturage bo mu Karere ka Kamongo, Umunyamakuru Mutesi Scovia, yasabye Leta ko yajya ishyiraho urubyiruko rw’abajyanama b’ubuzima kugirango bagenzi barwo babashe kubisangamo Mutesi yavuze…

Read More

Kongo irashaka guhangana n’umuhengeri uri mu mazi yogamo kandi itabishobora : Hon. Evode Uwizeyimana

Ubusesenguzi bwa Senateri Evode  Uwizeyimana kumyitwarire ya Congo mu gukemura ibibazo by’umutekano ifite. Ubwo yari ari mu kiganiro kuri televiziyo y’u Rwanda, Senateri Evode Uwizeyimana yavuze ko iyo arebye asanga Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo ibyo iri gukora, isa nkaho itazi ikerekezo kiyigeza kubisubizo by’ibibazo bafite. Yagize ati”  Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo, iri koga…

Read More

Utavuga rumwe na Leta y’Ubufaransa agiye gufungwa anamburwe uburengazira bwo kwiyamamaza

Madame Marine Le Pen uzwiho kutavuga rumwe n’ubutegetsi bw’Ubufaransa yahamijwe ibyaha birimo kunyereza umtungo w’Umuryango w’Ibihugo by’Ubumwe bw’Iburayi, bituma atazabasha kwiyamamaza mu matora ari imbere. Urukiko rw’I Paris rwasomye umwanzuro warwo kuri uyu wa Mbere, rwemeza ko uyu Marine Le Pen, akatirwa imyaka ine irimo ibiri y’igifungo ndetse n’indi ibiri ari hanze acungishwa ikoranabuhanga. Ni…

Read More