Nta kindi gihugu kimaze imyaka 109 gisenya ikindi nk’uko u Bubiligi bubikorera u Rwanda ~ Dr Bizimana

Minisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu, Dr Bizimana Jean Damascène, yerekanye ko u Rwanda rumaze imyaka 109 rusenywe n’u Bubiligi ndetse n’ubu bugikomeza kurugendaho. Minisitiri Bizimana yabigarutseho mu isuzuma ry’amateka yagejeje ku bitabiriye umuhango wo gutangiza icyumweru cyo kwibuka ku nshuro ya 31 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, uri kubera ku Rwibutso rwa Jenoside rwa Kigali…

Read More

Kongo – Kinshasa yakuriyeho Visa abaturage ba Tanzania

Minisitiri w’ububanyi n’amahanga n’ubutwererane wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo  Thérèse Kayikwamba  yatangaje ko abaturage bose binjira muri iki gihugu baturutse mu gihugu cya Tanzania bakuriweho Visa  binyuze mu bwumvikane mu rwego rw’umuryango w’iterambere ry’Afurika yepfo (SADC). Ku munsi wejo nibwo Madame Thérèse Kayikwamba Wagner yashyikirije Inama Njyanama ya Kongo inyandiko yerekeye ibyo gusonerwa viza…

Read More

#KWIBUKA 31 : Minisitiri Dr. Bizimana yerekanye ko jenoside yakorewe Abatutsi yaturutse ku bukoloni bw’Ababiligi

Minisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu Dr. Jean Damascène Bizimana yatangaje ko inkomoko yimbitse ya Jenoside yakorewe Abatutsi yaturutse mu bukoloni bw’Ababiligi, bwangije Ubunyarwanda  hanyuma bugashyira mu bikorwa ingengabitekerezo yabwo mu mitwe ya politiki yo mu Rwanda . Ibi yabitangarije mu mu nama Mpuzamahanga ku  Kwibuka ku nshuro ya 31, aho ahanini abayitabiriye baganiriye ku kuba…

Read More

Abana basaga 400 binjijwe mu bikorwa bya gisirikare ku gahato muri DRC – Raporo ya Save the Children

Umuryango wita ku bana, Save the Children,  watangaje  ko abana basaga 400 bo mu burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Kongo binjijwe mu gisirikare n’imitwe yitwaje intwaro mu kwezi kwa mbere n’ukwa kabiri uyu mwaka wa 2025, harimo abari bafite imyaka 14 bakuwe ku mashuri no ku mihanda bagahita bashyirwa mu mirwano. Bivugwa ko abana…

Read More

AGEZWEHO : Hatangajwe ugomba gusimbura Joao Lourenco ku nshingano zo guhuza u Rwanda na DR.Congo

Umuryango w’Afurika yunze ubumwe watangaje ko Perezida wa Togo , Faure Gnassingbe yahawe inshingano zo kuba umuhuza mushya mu biganiro bigamije kugarura amahoro mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo . Perezida Faure agiye kuri uyu mwanya asimbuye mugenzi we wa Angola Joao Lourenco uherutse kwegura kuri uyu mwanya aho yemezaga ko akeneye umwanya…

Read More

DRC : Umuyobozi w’abatavuga rumwe n’ubutegetsi yarezwe gufatanya na M23 kwica abasivili

Guverinoma ya Repubilika Iharanira Demokarasi ya Kongo yatangaje ko ikomeje inzira zisabwa zigamije gukurikirana mu nkinko abayobozi babiri batavuga n’ubutegetsi buriho bakekwaho gufatanya n’umutwe wa M23 mu bikorwa by’ubwicanyi byabaye mu ntara ya Kivu zombi . Mu itangazo ryashyizwe ahagaragara ku munsi wejo ku wa gatandatu Minisitiri w’ubutabera Constant Mutamba yategetse umushinjacyaha mukuru wa FARDC…

Read More

DRC : abantu babiri bapfiriye mu mirwano yahuje M23 na Wazalendo

Abantu bagera kuri babiri baburiye ubuzima ,abandi bataramenyekana umubare bakomerekera mu mirwano yashyamiranishijemo umutwe wa M23 ndetse na Wazalendo mu gace ka Masisi mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo. Nkuko ubuyobozi bw’ibitaro bikuru bya Masisi bwabitangaje , ngo abantu barenga icumi nibo bamaze kugana ibi bitaro bafite ibikomere byatewe no…

Read More

Perezida wa Koreya yepfo yahiritswe ku butegetsi

Urukiko rushinzwe kurengera itegekonshinga rwo muri koreya rwafashe umwanzuro wo gukura ku butegetsi Perezida Yoon Suk Yeol nyuma yo gushyiraho itegeko riha igisirikare ububasha bwo kuyobara Igihugu. Urukiko rwategetse ko Yoon ahita ava muri perezidansi ndetse hagatangira no gushakwa uzahita amusimbura kuri uyu mwanya wo kuba umukuru w’igihugu mugihe cy’amezi ane nyuma yo kuva kubutegetsi….

Read More

DRC yemeranije na USA kugurana amabuye y’agaciro yayo nayo ikayitsinsurira burundu M23

Leta zunze Ubumwe z’Amerika zatangaje ko iki gihugu cyamaze kwakira ubusabe bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo bwo gusinya amasezerano y’ubufatanye mu bijyanye no gucukura amabuye y’agaciro aboneka muri kiriya gihugu nabo bakabafasha kurwanya imitwe yitwaje intwaro ihungabanya umutekano muri kiriya gihugu . Ubwo yari mu ruzinduko rw’akazi muri DRC , Umujyanama mukuru mu bibazo…

Read More