DRC : amashyaka menshi akomeje kwitandukanya n’icyemezo cya Kabila cyo kujya mu ishyamba
Amwe mu mashyaka yo muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Kongo arimo UPDS na PPRD yatangaje ko yitandukanje ndetse anagaya icyemezo cy’uwahoze ari Perezida w’iki gihugu Joseph Kabila uherutse kwemeza ko agomba kukigarukamo anyuze mu burasirazuba bw’iki gihugu ahanini bugenzurwa na M23 . Mu itangazo ryashyizwe ahagaragara kuri uyu wa gatatu, tariki ya 9 Mata, umunyamabanga…