Intambara y’ubucuruzi : Ubushinwa bwazamuye imisoro ku bicuruzwa byose biva muri USA ku kigero cya 125 %

Ubushinwa bwatangaje ko bugiye kuzamura ijanisha ry’imisoro yacibwaga ibicuruzwa byose byinjira muri iki gihugu biturutse muri leta zunze ubumwe z’Amerika kugera ku kigero 125 ku ijana, ndetse ibi birushaho kuzamura ubukana bw’intambara y’ubucuruzi hagati y’ibi bihugu bibiri bifite ubukungu  bukomeye ku isi kugeza ubu . Kuri uyu wa gatanu tariki ya 11 Mata 2025 ,…

Read More

Ukuri ku makuru avugwa ko Barack Obama wabaye perezida wa Amerika yaba agiye gutandukana n’umugore we

Michelle Obama akaba umugore wa Barack Hussein Obama wayoboye Leta Zunze Ubumwe z’Abanyamerika manda ebyiri, yanyomoje amakuru yavugwaga ko agiye gutandukana n’umugabo we bamaranye imyaka 33 basezeranye kubana nk’umugabo n’umugore. Ibitangazamakuru byinshi, cyane ibyo muri Amerika byandikaga iyi nkuru bishingiye kuba amaze igihe kirekire atagaragara mu ruhame hamwe n’umugabo we , ibirori Barack Obama yitabiriye…

Read More

M23 yashinje FARDC ,Wazalendo n’ingabo z’u Burundi guhonyora agahenge k’imirwano kemeranijweho

M23 yashinje FARDC ,Wazalendo n’ingabo z’u Burundi guhonyora agahenge k’imirwano kemeranijweho Ihuriro rya Fleuve Allaince du Congo (AFC / M23) ryagaragaje ko rihangayikishijwe cyane n’ihohoterwa  rikomeje gukorwerwa nkana abanyamulenge rigakorwa n’ubutegetsi bwa Kinshasa , ingabo z’u Burundi n’indi mitwe bafatanije nka Wazalendo muri iki gihe cy’agahenge kemeranijweho n’impande zombi . Mu itangazo ryashyizwe ahagaragara n’umuvugizi…

Read More

#KWIBUKA 31 :Dore uko Abatutsi barenga 15,000 biciwe kuri Paruwasi ya Hanika, Cyangugu

Kuri Paruwasi ya Hanika mu Karere ka Nyamasheke, mu Murenge wa Macuba, mu mbuga yo kuri Paruwasi haguye Abatutsi basaga 15,000 bari bahahungiye . Biciwe mu nzu z’abapadiri, muri Centre de Sante, no muri CentreNutritionelle. Aya mazu yose akaba ari aya Paruwasi ya Hanika. Interahamwe zabishe ni Alphonse bahimbaga Rasta mwene Pasteur uyu akaba yari umusirikare. Niwe wakoresheje Grenade zishe…

Read More

DRC : Hibutswe abapfiriye mu ntambara yashojwe na M23 n’u Rwanda muri Goma na Bukavu

Ku munsi wejo ku wa kane tariki ya 10 Mata I  Kinshasa muri Repubilika iharanira Demokarasi ya Kongo herekanwe ku mugaragaro fililime mbarankuru y’abahitanywe n’ibitero bya M23 n’u Rwanda bagabye  mu mijyi ya Goma na Bukavu ubwo bayigaruriraga. Iyi filime ngufi yari yahawe umutwe uvuga ngo : “Ubwicanyi, iyicwa ry’abagore n’abana mu gihe imijyi ya…

Read More

#KWIBUKA 31 : Tariki ya 11 Mata 1994 , Ingabo za MINUAR zatereranye abatutsi kuri ETO Kicukiro

Urwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi rwa Nyanza ya Kicukiro ruherereye mu Karere ka Kicukiro rukaba rushyinguyemo Abatutsi barenga ibihumbi 96,000 cyane cyane barimo abatereranywe n’ingabo zari iza MINUAR mu ishuri ry’imyuga rya ETO Kicukiro muri 1994 ndetse n’indi mibiri igenda iboneka hirya no hino. 1.    Ingabo z’Ababiligi zataye impunzi z’Abatutsi muri ETO Kicukiro, bicirwa i Nyanza…

Read More

Alain Mukuralinda uherutse kwitaba Imana yashyinguwe mu cyubahiro

Uwari umuvugizi wungirije wa Goverinoma y’u Rwanda Alain Mukuralinda uherutse kwitaba Imana azize guhagarara k’umutima yashyinguwe mu cyubahiro kuri uyu wa Kane wa tariki 10 Mata 2025. Ni umuhango witabiriwe n’abantu mu ngeri zitandukanye, barimo umuvugizi wa Leta y’u Rwanda Yolande Makolo , Umuyobozi wa Rwanda Media Commussion(RMC) Mutesi Scovia, abo mu muryango wa Alain…

Read More

Ukuri ku makuru avuga ko ibiganiro bya Leta ya Congo na AFC/M23 byari kubera Qatar byasubitswe

Nyuma y’amakuru yavuzwe ko ibiganiro hagati ya AFC/M23 na Leta ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo bigamije kugarura amahoro mu Burasirazuba bw’igihugu byasubitswe, amakuru mashya aremeza ko ibi biganiro byabaye ndetse bikaba ku nshuro ya Kabiri . Igihe cyari kibaye kirekire Leta ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo yaranze kuganira n’umutwe wa M23 mu buryo…

Read More

Kwibuka31: Dore uko Jenoside yateguwe ikanashyirwa mu bikorwa mu Mujyi wa Butare

Uburyo bwakoreshejwe mu gutegura Jenoside yakorewe Abatutsi mu Mujyi wa Butare wari Umujyi wa 2 mu Gihugu witwa “Capitale y’Abanyabwenge” buratangaje ndetse buranababaje .  Habanje hashyirwaho  “Comité du Salut Public”yari ishinzwe kwirukana Abatutsi mu mashuri no mu nzego z’imirimo, i Butare, uruhare rw’ishyirahamwe SECA ryahuzaga abanyeshuri bo mu mashuri yisumbuye n’abayarangije, ryayoborwaga na Padiri Naveau…

Read More