PAPER TALK[RWANDA&AFRICA]: Abakinnyi 2 b’Abanyarwanda bakinaga i Burayi baje gukina muri Africa, ishyirahamwe ry’aruhago muri Congo ryahagaritswe na FIFA

Impuzamashyirahamwe y’aruhago ku isi ‘FIFA’ yahagaritse amashyirahamwe abiri kubera kunyuranya n’amabwiriza y’ayo ayo ni ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru muri Congo-Brazzaville( FECOFOOT0 ni rya Pakistan (PFF) . [FIFA] Umunya-Ivory Coast Aubin Kramo Kouamé w’imyaka 28 yamaze kwerekeza mu ikipe ya Ittihad Alex SC mu gihugu cya Misiri, ku masezerano y’umwaka umwe n’amezi atanu, uyu musore akaba yarakiniye…

Read More

PAPER TALK[RWANDA&AFRICA]: Abakoranye na Torsten Spittler mu Amavubi barishyuza FERWAFA, Umukinnyi Rayon Sports iherutse kugura yageze mu Rwanda

Nyuma y’uko ikipe ya AS FAR itandukanye n’uwari mutoza wayo Hubert Velud ukomoka mu Bufaransa , biri kuvugwa ko yamaze kumvikana na Fadlu Davids nk’ushobora kuza kuyitoza, uyu mugabo akaba akomoka mu gihugu cya Africa y’Epfo.[MICKYJR] Igihugu cya Tunisia kirifuza gutwara umutoza wa Kaizer Chiefs Nasreddine Nabi gusa niba iki gihugu kimwifuza kigomba kwishyura asaga…

Read More

Today In History : Leopold II we ubwe yitangarije yo Kongo [Zaire] ari umutungo we bwite

Tariki ya 5 Gashyantare ni umunsi wa 36 mu igize umwaka hakaba hasigaye iminsi 329 tukagana ku musoza w’uyu mwaka ; dore iby’ingenzi twagerageje kubegeranyiriza byawuranze mu mateka . 789 : Ubwami bwa Maroc bwaravutse ndetse uwitwa Idris aba umwami wa mbere w’ubu bwami . 1778 : Leta ya Carolina y’amajyepfo yabaye leta ya kabiri…

Read More

PAPER TALK[Rwanda&Africa]: Mitima Isaac wakiniye ikipe ya Rayon Sports yatandukanye n’ikipe ya kiniraga

COSAFA na CECAFA zanzuye ko zizashyigikira Andrew Kamanga na Souleilan Hassan Waberi mu matora y’akanama gafata ibyemezo, mu mpuzamashyirahamwe y’aruhago ku isi ‘ FIFA’ ateganyijwe muri Werurwe 2025.[BB Kigali FC] Umutoza w’Umudage w’imyaka 45, Sead Ramović yamaze gutandukana n’ikipe ya Young Africans nyuma y’iminsi 81 atoza iyi kipe, ibi bije nyuma yo kubona akandi kazi…

Read More

Paper Talk[Rwanda&Africa]: JS Kabylie nyuma yo kurekura Djibril Ouattara waje muri APR FC yarekuye undi mu kinnyi

1.Ikipe ya JS Kabylie yamaze gutandukana n’uwari umukinnyi wayo Sadio Kanoute akaba akomoka mu gihugu cya Mali akaba akina hagati mu kibuga, ni nyuma y’uko iyi kipe ibarizwa mu gihugu cya Algeria yatandukanye kandi na Djibril Ouattara waje gusinyira ikipe ya APR FC bikavugwa ko yahawe 99$ kugirango asinyire iyi kipe y’Ingabo z’Igihugu. [MICKYJR] 2.Tombora…

Read More

Paper Talk[Rwanda&Africa]: Abafatanyabikorwa ba Rayon Sports bayisezeranyije ibintu bikomeye mu nama y’inteko rusange

Igihugu cya Libya cyari cyarazahajwe n’intambara gishobora kuza kuba igihugu cya mbere gifite amasitade menshi yemewe n’impuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru muri Africa ‘CAF’ bitarenze umwaka wa 2026.[MICKYJR] Ikipe ya Stellenbosch FC ibarizwa muri shampiyona y’icyiciro cya mbere mu gihugu cya Africa y’Epfo yamaze gusaba CAF ko imikino yayo ya CAF Confederations ya 1/4 yazayikinira Cape Town…

Read More

Paper Talk[Rwanda&Africa]: Abakinnyi b’Amavubi bashimiye umunyamabanga wa FERWAFA,Angola izakina imikino y’agicuti na Argentine na Portugal

Impuzamashyiramwa y’aruhago ku isi “FIFA” yafatiye ibihano ikipe ya Al Ahli Tripoli yo mu gihugu cya Libya, ibihano yafatiwe birimo kumara amasoko abiri y’igura n’igurisha ry’abakinnyi itagura.(MickyJr) Igihugu cya Libya nyuma yo kugira imyitwarire igayitse mu rugendo rwo gushaka itike y’imikino y’anyuma y’igikombe cya Africa, yahisemo no gusezera mu mikino y’ikombe cya Africa cy’abakina imbere…

Read More

Paper Talk[Rwanda&Africa]: Ngabo Roben agiye kongererwa amasezerano muri Rayon Sports,abakinnyi b’ikipe ya Burkina Faso bahuye na perezida w’iki gihugu

Ngabo Roben yavuze kubijyanye no kongera amasezerano nk’umukozi wa Rayon Sports. “Ntekereza ko ibyo bihuha bituruka ku kuba narasoje amasezerano. Ibiganiro byagenze neza hagati yanjye n’ubuyobozi, vuba ndayongera. Ndi umukozi wa Rayon Sports wishimye ndetse wifuza no kuyigumamo.” (InyaRwanda) Ikipe y’igihugu ya Burkina Faso nyuma yo kubona itike y’imikino y’anyuma y’ikombe cya Africa cya 2025…

Read More

Paper Talk[Rwanda&Africa]:Umutoza w’Amavubi yavuze icyo atekereza kuri Nshuti Innocent, Dore amakipe 24 azakina AFCON ya 2024

Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 22 Ugushyingo ,2024 mu gihugu cya Morocco hateganyijwe derby hagati y’ikipe ya Raja Club Athletic ndetse na Wydad Athletic Club muri shampiyona (Botola Pro 1), gusa uyu mukino uzakinwa ntabafana bahari.(Botola Pro 1) Kuri uyu wa kabiri nibwo hamenyekanye amakipe yose 23 yiyongeraho Morocco azitabira igikombe cya Africa cya…

Read More