Tariki ya 30 /Ukwakira mu mateka :umuteramakofe Muhammed Ali yakubitiye mugenzi we George Foreman mu cyitwaga Zaire

Uyu munsi ku i Tariki 30 Ukwakira ni umunsi wa 304 mu minsi igize umwaka, hasigaye iminsi 62 uyu mwaka ukagera ku musozo. Uyu munsi Kiliziya irizihiza Mutagatifu Alphonse Rodriguez, na Marcel. Bimwe mu bihe by’ingenzi byaranze uyu munsi mu mateka 1983: Bwa mbere mu mateka ya Argentina habaye amatora anyuze muri demokarasi, nyuma y’imyaka…

Read More

Paper Talk[Rwanda&Africa]:Ghana irategura gukoresha VAR,Amavubi akomeje umwiteguro wa Djibouti

Igihugu cya Ghana kiri gukora ibishoboka byose kugirango babone ubushobozi bwo gukoresha amashusho yifashijwa n’abasifuzi mu gufata  ibyemezo biboneye VAR (Video Assistant Referee ) ku bufatanye na FIFA.(MickyJr) Ishyirahamwe ry’aruhago  muri Malawi  ryamaze kwirukana  bwana  Patrick Mabedi wayitozaga nyuma y’umusaruro utari mwiza yagize ndetse no kunanirwa guha itike iyi kipe yo kwerekeza mu mikino y’anyuma…

Read More

Paper Talk [Europe]: Ruben Amorim muri Manchester United, Arsenal iri gushaka ibisubizo bishya ku murongo w’imbere wayo

Newcastle United   ikomeje  gutekereza gusinyisha Umunya-Cameroon  wa   Brentford  Bryan Mbeumo, 25, mu isoko ry’igura n’igurisha ry’ukwezi kwa mbere 2024 , gusa iyi kipe ishobora kubangamirwa n’ubushobozi bw’amafaranga . (Telegraph – subscription required) Gusa  nanone  ikipe  ya  Liverpool ndetse na   Arsenal nazo ziri mu rugamba rwo gusinyisha uyu musore wa  Brentford   Bryan Mbeumo, ikipe ye iha agaciro ka  £50m. (Newcastle…

Read More

Tariki ya 29 / Ukwakira mu mateka : Benito Mussolini yagizwe Minisitiri w’Intebe n’Umwami w’u Butaliyani Victor-Emmanuel III

Reka turebere hamwe bimwe mu bihe by’ingenzi byagiye biranga iyi tariki mu mateka : 2004: Abayobozi b’ibihugu ku Mugabane w’u Burayi bashyize umukono ku masezerano ya nyuma ashyiraho itegeko nshinga ry’Umuryango w’Ubumwe bw’Ibihugu by’u Burayi; aya masezerano yasinyiwe i Roma mu Butaliyani. 1957: David Ben Gourion wari Minisitiri w’Intebe wa Israel ari kumwe n’abandi baminisitiri batanu bo…

Read More

Tariki ya 28 / Ukwakira mu mateka :  Hatashywe Stade ya Gahanga y’umukino wa Cricket

Uyu munsi Kiliziya Gatolika yizihiza Mutagatifu Cyrille, Salvius, Alfred le Grand. Bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka 2006: Hatangiye imirimo yo gushyingura abaturage biciwe mu ishyamba rya Bykivnia hirya ya Kiev muri Ukraine, abaturage bagera kuri 817 mu bantu 100.000 barashyinguwe, aba bose bishwe na Bolsheviks hagati y’umwaka wa 1930 kugera mu ntangiriro z’umwaka wa…

Read More

Nyuma y’amezi asaga ane yongerewe amasezerano Erik ten Hag yamaze kwirukanwa

Umuhorandi Erik ten Hag wari umaze imyaka ibiri n’igice ari umutoza wa Manchester United byatangajwe ko yamaze kwirukanwa akaba agiye kuba asimbuwe n’amwenewabo  Ruud van Nistelrooy w’imyaka 48. Uyu Muhorandi yageze mu ikipe ya Manchester United mu mwaka wa  2022 avuye mu ikipe ya AFC Ajax mu gihugu cy’Ubuhorandi nayo yaramazemo imyaka ine dore ko…

Read More

Tariki ya 27 /Ukwakira mu mateka : Umwami Mutara III Rudahigwa yatuye u Rwanda Krisitu Umwami

Bimwe mu bihe by’ingenzi byaranze uyu munsi 1946 :Umwami Mutara III Rudahigwa yiyeguriye Krisitu Umwami n’igihugu cye n’abantu be. 1958: Iskander Mirza, wabaye Perezida wa mbere wayoboye igihugu cya Pakistan, yakuweho na coup d’état yakozwe neza kuko itagize uwo ihitana ikozwe na Jenarali Ayub Khanwahse yemeza ko igihugu kigendera ku mategeko ya gisirikare. 1905: Ikinyamakuru Annalen…

Read More

Paper[Europe]: Kevin de Bruyne amaso ayahanze Leta Zunze Ubumwe z’Abanyamerika,Liverpool na Arsenal nizo zari zifite amahirwe yo kwegukana Lamine Yamal

Umunya-Portugal ukina hagati mu kibuga   Samu Costa, 23, ushinzwe kumushakira akaryo  yamuhaye ubusabe bwo kuba ya kwerekeza mu ikipe ya  Atletico Madrid nubwo igifite  amasezerano mu ikipe ya  Mallorca  azamugeza tariki 30 Kamena  2028. (Okdiario, via Estadio Deportivo – in Spanish) AC Milan yatangiye  kuganira n’abahagarariye inyungu  za   Tijjani Reijnders  Umuhorandi w’imyaka  26 ukina hagati mu…

Read More

Paper Talk[Rwanda&Africa]: Dr Patrice Motsepe uyobora CAF arashaka kwiyongeza indi manda,Aziz Bassane utaremerwaga na Abareyo benshi akomeje kwitwara neza!

Umunyezamu ukomoka muri  Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo Lionel Mpasi-Nzau yatsindiye ikipe ye igitego mu minota y’anyuma byatumye ikipe ye ya Rodez ibona inota rimwe imbere  ya  Lorient, hari ku mupira wari uvuye muri koruneri nawe yavuye mu izamu aje gushaka igitego yanabonye ku munota wa 90+7’ w’umukino.(France League 2) Umunya-Africa y’Epfo Dr Patrice Motsepe…

Read More

Paper Talk[Europe]: Manchester United  igiye kurekura Zirkzee utari gutanga umusaruro,umutoza wa mbere muri Premier League agiye kwirukanwa

Liverpool  igiye  gukora ibishoboka byose  kugirango ibone myugariro  wa  Crystal Palace   Marc Guehi, 24, mu gihe myugariro wayo w’Umuhorandi  w’imyaka 33  Virgil van Dijk ahazazahe hashidikanwaho . (Football Insider) Shampiyona  ya  Saudi Arabia  Saudi Pro League  irashaka  guha akazi  Txiki Begiristain  uherutse gutandukana n’ikipe ya Manchester City nk’uwarushinzwe ibikorwa bya siporo muri iyi kipe . (Mail –…

Read More