Paper Talk[Europe]: Amakuru mashya kubijyanye no kongera amasezerano kwa Pep Guardiola,Barcelona ishobora gutungurana kuri Khvicha Kvaratskhelia!

Manchester United  igomba  guhangana n’ikipe ya   Union Berlin  yo mu gihugu cy’Ubudage mu rwego rwo gusinyisha  Umudage n’ubundi    Leon Goretzka, 29,  utari kubona umwanya wo  gukina muri  Bayern Munich mu buryo buhoraho. (Teamtalk) Umuhorandi  Ruud van Nistelrooy  yamaze gutanga  kandidatire  ku mwanya wo gutoza  ikipe  ya   Coventry City nyuma yo gutandukana n’ikipe ya    Manchester…

Read More

Tariki ya 15 /Ukwakira mu mateka : Nahimana Ferdinand wagize uruhare mu ishingwa rya Radiyo RTLM, yakatiwe igifungo cya burundu !

Tariki ya 15 Ugushyingo ni umunsi wa 320 mu igize umwaka hakaba hasigaye 46 kugira ngo ugere ku musozo. Bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka 1999: Nahimana Ferdinand wagize uruhare mu ishingwa rya Radiyo RTLM, yakatiwe igifungo cya burundu n’Urukiko Mpanabyaha rwashyiriweho u Rwanda i Arusha nubwo nyuma rwaje kumugabanyiriza igihano bakagishyira ku myaka 30….

Read More

Tariki ya 13 /Ugushyingo mu mateka : Umwami Mutara III Rudahigwa yimye ingoma

Bimwe bihe by’ingenzi byaranze uyu munsi mu mateka 2001: Mu ntambara yo kurwanya iterabwoba, uwari Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika George W. Bush, yashyize umukono ku masezerano ashyiraho Urukiko rwa Gisirikare ruhana abanyamahanga bashinjwa ibikorwa bifitanye isano n’iterabwoba, by’umwihariko ibyibasira igihugu cye. 2002: Mu gikorwa cyo gusaka intwaro za kirimbuzi, Iraq yemeye umwanzuro…

Read More

Tariki ya 6 / Ugushyingo mu mateka : Afurika yepfo yafatiwe n’umuryango w’Abibumbye ibihano bikomeye cyane !

Tariki 06 Ugushyingo ni umunsi wa 311 mu minsi igize umwaka, hasigaye iminsi 55 uyu mwaka ukagera ku musozo. Bimwe mu by’ingenzi byaranze uyu munsi 1999: Abaturage ba Australia bemeje ko umuyobozi w’Umuryango w’Ibihugu bivuga ururimi rw’Icyongereza (Head of the Commonwealth) ababera umukuru w’igihugu.Aya matora yabaye binyujijwe muri kamarampaka yakozwe n’abaturage bose. 1985: Itangazamakuru rya…

Read More

Tariki ya 2 / Ugushyingo : Havutse umukinnyi wa filimi wo mu Buhinde witwa Shahrukh Khan [ Byinshi kuri iyi tariki ]

Uyu ni Umunsi w’Abapfuye kuri Kiliziya Gatolika n’Abangilikani . Tariki ya 2 Ugushyingo ni umunsi wa 307 w’umwaka w’iminsi 366. Hakaba hasigaye iminsi 59 ngo umwaka urangire. Bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka : Ku itariki ya 2 Ugushyingo 1930, nibwo umwami w’ abami Halé witwaSélassié I yimitswe kuba umwami wa Etiyopiya yahoze yitwa…

Read More

Paper Talk[Europe]: Ruben Amorim yatangiye akazi yinjira mu rugamba rw’umukinnyi na Arsenal, Chelsea, Liverpool ndetse na City,ibya Neymar muri Inter Miami bihagaze bite?

Umutoza  w’ikipe  ya  Inter Miami  Gerardo Martino yavuze ko kuri ubu uko ibintu bihagaza  gusinyisha   Neymar  kuva mu ikipe ya  Al-Hilal  muri Saudi-Pro League bidashoboka , nyuma y’ibihuha byinshi byavugaga ko uyu Munya-Brazil  w’imyaka 32 ashobora kwerekeza muri iyi shampiyona y’igihugu ya Leta Zunze Ubumwe z’Abanyamerika  “Major League Soccer”. (ESPN) Tottenham Hotspur  irashaka gusinyisha ndetse iyoboye…

Read More

Paper Talk[Rwanda&Africa]: Abareyo bagabiye inka Umunyamakuru Sam Karenzi, tombora y’igikombe cy’isi cy’amakerebe yahumuye

Umunya-Nigeria Agbor Ekoi w’imyaka 27  yitabye Imana , akaba uyu musore yakinaga  nk’umuzamu  w’ikipe  ya   Kanemi Warriors mu gihugu cya Nigeria muri shampiyona y’iki gihugu “Nigeria Professional Football League.”(Modus) Impuzamashyirahamwe y’aruhago ku isi  “FIFA” yatangaje ko tombora y’Imikino y’Igikombe cy’Isi cy’Amakipe  cya 2025 igomba kuba muri uku kwezi ku Kuboza , amakipe yemerewe gutanga urutonde…

Read More

Tariki ya 01 /Ugushyingo mu mateka : Umunyepolitiki , Mbonyumutwa Dominique yakubitiwe i Gitarama avuye gusenga

Taliki ya mbere Ugushyingo buri mwaka, ni umunsi w’Abatagatifu bose . Tariki ya 1 Ugushyingo ni umunsi wa 306 mu minsi isanzwe y’umwaka, bivuze ko hasigaye iminsi 60 ngo urangire. Bimwe mu byibukwa ku wa 01 Ugushyingo 2000: Urugaga rw’amakompanyi y’indege “Alliance Sky Team” igizwe na Air France, Delta Ailines, Aeromexico na Korean Air baciye iteka…

Read More

Paper Talk[Europe]: Rutahizamu uzinjirana na Ruben Amorim muri Manchester United yamenyekanye!

Ikipe  ya  Sporting  yamaze guha uburenganzira  umutoza wayo  Ruben Amorim  bwo kwerekeza mu ikipe ya   Manchester United mu kwezi ku Gushyingo 2024 . (Telegraph – subscription required) Ikipe ya Getafe  yo mu gihugu cya  Esipanye  iri gutekereza gutwara umusore w’ikipe ya  Tottenham Hotspur  Sergio Reguilon, 27, uzasoza amasezerano ye muri iyi kipe  tariki 30 Kamena  2025. (Fichajes –…

Read More

Paper Talk[Europe]:Urutonde rw’abakinnyi bagomba gusohoka ku ngoma ya Ruben Amorim biteganyijwe ko agomba gufata Manchester United

Ikipe  ya  Sunderland irashaka kugumana  Umwongereza wayo w’imyaka 17   Chris Rigg,nubwo ari kwifuzwa bikomeye n’ikipe  ya  Manchester United  ndetse  na  Chelsea. (Football Insider) Ikipe  ya  Napoli   ikomeje ibiganiro  n’Umunya-Georgia  Khvicha Kvaratskhelia, 23,  kugirango yongere amasezerano  agomba kuba  arimo amafaranga yatangwaho  kugirango asohoke(buyout clause ) anagana na £84m (100m euro). (Sky Sports Italia – in Italian) Umudage  Thomas…

Read More