Tariki ya 20 /ugushyingo mu mateka : OTAN yo ubwayo yisabiye ibihugu birimo Bulgaria na Estonia kuba abanyamuryango bayo

Tariki 21 Ugushyingo ni umunsi wa 326 mu minsi igize umwaka, hasigaye iminsi 40 uyu mwaka ukagera ku musozo. Bimwe mu bihe by’ingenzi byaranze uyu munsi mu mateka 1977: Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu wa New Zealand, Allan Hgheet yatangaje ko indirimbo yubahiriza igihugu iba ’God Save the Queen’ ndetse igisigo cy’igihugu kikaba ’God Defend New Zealand’ cyanditswe…

Read More

Paper Talk[Europe]: PSG yigaramye ibyo gutanga 250m kuri Lamine Ymal, Liverpool igiye kugurisha abazamu bayo babiri

Umugwizatunga w’Umugereki Evangelos Marinakis akaba na nyiri Nottingham Forest  ari mu biganiro byokugura ikipe ya Vasco da Gama yo mu gihugu cya Brazil nyuma yo gupapura ikipe ya Arsenal uwari umuyobozi wayo w’asiporo (sporting director) Edu. (Telegraph) Nk’uko perezida wa Barcelona yabitangaje mu minsi ishize iyi kipe yanze asaga 250m euros kuri mababa wabo Umunya-Esipanye Lamine Yamal,…

Read More

Paper Talk[Rwanda&Africa]:Umutoza w’Amavubi yavuze icyo atekereza kuri Nshuti Innocent, Dore amakipe 24 azakina AFCON ya 2024

Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 22 Ugushyingo ,2024 mu gihugu cya Morocco hateganyijwe derby hagati y’ikipe ya Raja Club Athletic ndetse na Wydad Athletic Club muri shampiyona (Botola Pro 1), gusa uyu mukino uzakinwa ntabafana bahari.(Botola Pro 1) Kuri uyu wa kabiri nibwo hamenyekanye amakipe yose 23 yiyongeraho Morocco azitabira igikombe cya Africa cya…

Read More

Tariki ya 19 Ugushyingo mu mateka : Péle yatsinze igitego cye cy’igihumbi !

Tariki ya 19 Ugushyingo buri mwaka, ni bwo u Rwanda rwizihiza umunsi mpuzamahanga w’Abagabo. Ni umunsi usanzwe wizihizwa mu bindi bihugu ku isi.  Uyu munsi wagiyeho mu 1997 ubwo amatsinda y’abagabo mu bihugu by’Uburayi na Amerika bagaragza ko hari ibibazo abagabo bahura na byo biterwa no kutitabwaho muri Sosiyete. Ibi birimo kwiyahura, kudahabwa ubutabera mu…

Read More

Tariki ya 18/Ugushyingo mu mateka :  Louise Mushikiwabo yateye indi ntambwe iganisha ku mubano mwiza hagati y’u Rwanda na Amerika

Bimwe mu bihe by’ingenzi byaranze uyu munsi mu mateka 1992: Hafashwe toni enye za cocaine mu ndege yavaga muri Colombia igana mu Birwa bya Maurice. 2017: Mushikiwabo yagiranye ibiganiro n’Umunyamabanga wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika ushinzwe ububanyi n’amahanga, Rex Tillerson aho bavuganye ku bijyanye n’ubucuruzi n’umutekano. 1918: Ubwigenge bwa Letoniya. 1830: Ubwigenge bw’u Bubiligi 1905: U Buyapani bwatangiye gukoroniza…

Read More

Paper Talk[Rwanda&Africa]: Muhire Kevin,yatangaje ko yicuza ku magambo yigeze kuvuga kuri APR FC,Umusifuzi Rurisa Patience azasifura umukino wa Ghana na Niger

Umusifuzi mpuzamahanaga w’Umunyarwanda Rurisa Patience Fidele niwe ugomba gusifura umukino uzahuza ikipe y’igihugu ya Ghana ndetse na Niger kuri uyu wa mbere wa tariki 17 Ugushyingo 2024, hazaba ari mu mikino yo gusha itike y’Imikino y’Anyuma y’Igikombe cy’Afurika cya 2025 kizabera muri Morocco. (AFCON 2024) Abakinnyi bane b’ikipe y’igihugu ya Ghana (Jordan Ayew , Gideon…

Read More

Tariki ya 16 /Ugushyingo mu mateka :Hasinywe amasezerano y’amahoro yiswe ay’i Pyrénées hagati ya Espagne n’u Bufaransa yo guhagarika intambara

Uyu munsi Tariki ya 17 Ugushyingo ni umunsi wa 322 mu minsi igize umwaka, hasigaye iminsi igera kuri 44 umwaka ukagera ku musozo. Bimwe mu bihe by’ingenzi byaranze uyu munsi mu mateka 1810: Igihugu cya Suède cyatangaje ko kigiye gutera u Bwongereza ku mugaragaro nyuma ntabwo yabaye. 1292: John Balliol yabaye umwami wa Eccose. 2000: Umwami wari uwa…

Read More

Paper Talk[Europe]: Uko bimeze kuri Erling Haaland mu gusohoka cg kudasoka, amerekezo mashya ya Ruud van Nistelrooy ni ayahe?

Myugariro w’ikipe ya Paris St-Germain   Milan Skriniar, 29, yiteguye gusubira mu gihugu cy’Ubutaliyani ni mu gihe atakibona umwanya wo gukina muri iyi kipe , bikavugwa ko ashobora kwerekeza mu ikipe ya  Juventus  okugirango uyu Munya-Slovakia akomeze kwicara . (La Gazzetta dello Sport, external – in Italian) Myugariro w’Umudage Jonathan Tah, 28, ntago azasinya amasezerano mashya mu ikipe ye…

Read More

Tariki ya 16 /ugushyingo mu mateka : Hashinzwe Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Burezi, Ubumenyi n’Umuco, UNESCO

Bimwe mu bihe by’ingenzi byaranze uyu munsi 2000: Bwa mbere nyuma y’intambara yahuje Leta Zunze Ubumwe za Amerika na Vietnam, Perezida Bill Clinton yabaye uwa mbere wa USA wongeye gukandagiza ikirenge cye ku butaka bwa Vietnam. 1973: Richard Nixon wabaye Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika yashyize umukono ku masezerano yiswe Trans-Alaska Pipeline Authorization…

Read More

Paper Talk[Rwanda&Africa]: Amavubi arangaye ashobora kuba ayanyuma mu itsinda rya AFCON,dore amakipe amaze ku bona tike ya AFCON 2025

Ikipe y’ihugu ya Ghana ntago izakina imikino y’anyuma y’igikombe cya Africa cya 2025 kizabera muri Morocco nyuma yo kunanirwa gutsinda ikipe y’igihugu ya Angola ndetse kuri ubu ikaba iri ku mwanya w’anyuma mu itsinda, ikaba yaherukaga ku kiburamo mu mwaka wa 2004 bisobanuye ko imyaka 20 yari ishize.(AFCON2025) Kugeza ubu mu rugamba rwo gushaka tike…

Read More