Paper Talk [ Europe ] : Axel Disasi ashobora kwerekeza muri Tottenham Hotspur

1.Ikipe ya Tottenham Hotspur yatangaje ko yifuza myugariro w’imyaka 26 w’umufaransa ukinira ikipe ya Chelsea witwa Axel Disasi mu gihe ibyo kugura Fikayo Tomori muri AC Milan bisa nk’ibigoranye . [ FOOTBALL LONDON ] 2. Ikipe ya Manchester United biravugwa ko iri kwifuza gusinyisha umwataka ukomoka mu Bufaransa witwa Mathys Tel w’imyaka 19 ukinira ikipe…

Read More

Today in History : Dore ibyo wamenya kuri tariki 2 Gashyantare

Tariki ya 2 Gashyantare ni umunsi wa 33 mu igize umwaka hakaba hasigaye iminsi 332 tukagana ku musoza w’uyu mwaka ; dore iby’ingenzi twagerageje kubegeranyiriza byawuranze mu mateka . 1848 : Hashyizwe umukono ku masezerano yiswe Treaty of Guadalupe Hidalgo yari agamije gushyira iherezo ku ntambara yari ishyamiranishijemo igihugu cya Mexique na leta zunze ubumwe…

Read More

“Iyo mbimenya nakabaye naraguze abakinnyi mu mpeshyi” Kwicuza kwa Guardiola guhatse iki ?

Umutoza w’ikipe ya Manchester city, Josep “Pep” Guardiola, yatangaje ko yakoze amakosa ubwo yabuzaga ubuyobozi bw’iyi kipe kugura abakinnyi mu mpeshyi y’umwaka ushize. Ikipe ya Manchester city, iri muzitezweho kurema isoko ry’igura n’igurisha muri uku kwa mbere ahanini bitewe n’umusaruro muke ikomeje kugenda igaragaza muri ibi bihe itorohewe n’ibibazo by’imvune. Icyo wamenya cyo nuko iyi…

Read More

Tariki ya 17 Ukuboza mu mateka :Mu Bubiligi , umwami Léopold II yasimbuye se Léopold I

Tariki 17 /Ukuboza ni umunsi wa 351 mu minsi igize umwaka, hasigaye 15 uwa 2023 ukagera ku musozo. Bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka 1976: Samoa yinjiye mu Muryango w’Abibumbye. 1498 : Habaye iseswa ry’ubukwe bwa Louis XII na Jeanne w’u Bufaransa 1718 : U Bwongereza bwatangaje ko bugiye gutera Espagne 2005: Perezida wa Argentina Néstor…

Read More

Tariki ya 10 / Ukuboza mu mateka : Nibwo Mississippi yabaye Leta ya 20 mu zigize Leta Zunze Ubumwe za Amerika

DAILY BOX Uyu munsi ku wa kabiri ,Turi ku tariki 10 Ukuboza 2024, umunsi wa 345 w’umwaka, ni iminsi 21 isigaye uyu mwaka ugasozwa . Bimwe mu by’ingenzi byabaye kuwa 10 Ukuboza 1817 : Nibwo Mississippi yabaye Leta ya 20 mu zigize Leta Zunze Ubumwe za Amerika 1869 : Abagore bemerewe bwa mbre uburenganzira bwo…

Read More

Abayobozi 5 b’ibihangange babayeho mu mateka y’isi

Abayobozi 5 b’ibihangange babayeho mu mateka y’isi Nkuko Umufaransa Napoleon Bonaparte wabaye umwami w’abami ku mugabane w’Uburayi yabivuze mu magambo atazigera yibagirana aho yagize ati: ” umuyobozi mwiza ni wa wundi uzi gukorera ku cyizere.” Cyangwa se ukavuga ku magambo ya John Quincy Adams wabaye perezida wa Amerika we wavuze ati: ” Igihe ibikorwa byawe…

Read More

Paper Talk[Rwanda&Africa]: Abakinnyi b’Amavubi bashimiye umunyamabanga wa FERWAFA,Angola izakina imikino y’agicuti na Argentine na Portugal

Impuzamashyiramwa y’aruhago ku isi “FIFA” yafatiye ibihano ikipe ya Al Ahli Tripoli yo mu gihugu cya Libya, ibihano yafatiwe birimo kumara amasoko abiri y’igura n’igurisha ry’abakinnyi itagura.(MickyJr) Igihugu cya Libya nyuma yo kugira imyitwarire igayitse mu rugendo rwo gushaka itike y’imikino y’anyuma y’igikombe cya Africa, yahisemo no gusezera mu mikino y’ikombe cya Africa cy’abakina imbere…

Read More

Paper Talk[Europe]: Pep nyuma yo kongera amasezerano yatangiye gushaka abagomba kubakana ikiragano gishya,Real Madrid,Barcelona,Arsenal

Amakipe atatu yo muri Premier League West Ham United,  Brighton na  Fulham zose ziri kwifuza umusore w’Umwongereza ukina hagati mu kibuga   Josh Brownhill, 28, kugera ubu utarasinya amasezerano mashya mu kipe  ye ya Burnley akandi amasezerano ye azarangirana na tariki 30 Kamena 2025. (TBR) Ikipe ya Besiktas yo mu gihugu cya Turkey ifite ikizere cyo kuzasinyisha…

Read More

Paper Talk[Rwanda&Africa]: Ngabo Roben agiye kongererwa amasezerano muri Rayon Sports,abakinnyi b’ikipe ya Burkina Faso bahuye na perezida w’iki gihugu

Ngabo Roben yavuze kubijyanye no kongera amasezerano nk’umukozi wa Rayon Sports. “Ntekereza ko ibyo bihuha bituruka ku kuba narasoje amasezerano. Ibiganiro byagenze neza hagati yanjye n’ubuyobozi, vuba ndayongera. Ndi umukozi wa Rayon Sports wishimye ndetse wifuza no kuyigumamo.” (InyaRwanda) Ikipe y’igihugu ya Burkina Faso nyuma yo kubona itike y’imikino y’anyuma y’ikombe cya Africa cya 2025…

Read More