Dore iby’ingenzi wamenya ku tariki ya 12 / Gashyantare mu mateka

Tariki ya 11 Gashyantare ni umunsi wa 42 mu igize umwaka hakaba hasigaye iminsi 323 tukagana ku musozo w’uyu mwaka ; dore iby’ingenzi byaranze uyu munsi mu mateka yo hirya no hino ku isi . 2002: Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha rwashyiriweho Yougoslavia (TPIY), rwatangiye urubanza rw’uwahoze ari Perezida wa Serbia, Slobodan Milošević, washinjwaga ibyaha by’intambara no kubangamira…

Read More

Paper Talk [ Europe ] : Arsenal na Tottenham kuri rutahizamu wa Fiorentina – Ibyasohotse mu binyamakuru

1 . Amakipe arimo Arsenal na Tottenham Hotspurs yose arifuza gusinyisha Rutahizamu w’imyaka 24 ukomoka mu gihugu cy’Ubutaliyani witwa Moise Kean ukinira ikipe ya Fiorentina. [ONE FOOTBALL ] 2.Ikipe ya Barcelona yatangaje ko yaretse ibyo gusinyisha rutahizamu w’ikipe ya Chelsea witwa Joao Felix muri iri soko ry’igura n’igurisha ryo mu kwezi gushize mbere yuko uyu…

Read More

Paper Talk [Europe ] : Manchester united iri kwifuza rutahizamu Liam Delap – ibyasohotse mu binyamakuru

1.Ikipe ya Manchester united ishobora kujya kugura rutahizamu wa Ipswich Town witwa Liam Delap w’imyaka 21 mu gihe ibyo gusinyisha abarimo Viktor Gyokores , Victor Osimhen byaba bitayikundiye .  (GiveMeSport) . 2. Ikipe ya Real Madrid yatangaje ko byanga bikunda igomba gukora ibishoboka byose igatangira ibiganiro bigamije kongerera amasezerano rutahizamu wayo witwa Junior Vinicius w’imyaka…

Read More

PAPER TALK[RWANDA&AFRICA]: Abakinnyi 2 b’Abanyarwanda bakinaga i Burayi baje gukina muri Africa, ishyirahamwe ry’aruhago muri Congo ryahagaritswe na FIFA

Impuzamashyirahamwe y’aruhago ku isi ‘FIFA’ yahagaritse amashyirahamwe abiri kubera kunyuranya n’amabwiriza y’ayo ayo ni ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru muri Congo-Brazzaville( FECOFOOT0 ni rya Pakistan (PFF) . [FIFA] Umunya-Ivory Coast Aubin Kramo Kouamé w’imyaka 28 yamaze kwerekeza mu ikipe ya Ittihad Alex SC mu gihugu cya Misiri, ku masezerano y’umwaka umwe n’amezi atanu, uyu musore akaba yarakiniye…

Read More

TO DAY IN SPORTS HISTORY 07/GASHYANTARE: Perezida Paul Kagame yasuye ikipe y’Igihugu Amavubi arayishimira, Morocco yegukanye CHAN 2020

Tariki ya 7 Gashyantare ni umunsi wa 38 mu igize umwaka hakaba hasigaye iminsi 327 tukagana ku musozo w’uyu mwaka ; dore iby’ingenzi byaranze uyu munsi mu mateka ya Siporo . 1993: Ikipe ya Tottenham Hotspur yatsinze Southampton  ibitego bine kuri bibiri(4-2), byatumye ihita yuzuza amanota 35 ku mwanya wa 12 ihita inarusha amanota atanu…

Read More

PAPER TALK[RWANDA&AFRICA]: Abakoranye na Torsten Spittler mu Amavubi barishyuza FERWAFA, Umukinnyi Rayon Sports iherutse kugura yageze mu Rwanda

Nyuma y’uko ikipe ya AS FAR itandukanye n’uwari mutoza wayo Hubert Velud ukomoka mu Bufaransa , biri kuvugwa ko yamaze kumvikana na Fadlu Davids nk’ushobora kuza kuyitoza, uyu mugabo akaba akomoka mu gihugu cya Africa y’Epfo.[MICKYJR] Igihugu cya Tunisia kirifuza gutwara umutoza wa Kaizer Chiefs Nasreddine Nabi gusa niba iki gihugu kimwifuza kigomba kwishyura asaga…

Read More

TO DAY IN SPORTS HISTORY 06/GASHYANTARE: Amavubi yanganyije na Uganda mu gihe Senegal yegukanye igikombe cya Africa

Tariki ya 6 Gashyantare ni umunsi wa 37 mu igize umwaka hakaba hasigaye iminsi 328 tukagana ku musozo w’uyu mwaka ; dore iby’ingenzi byaranze uyu munsi mu mateka ya Siporo . 1998: Umunya-Wales Gary Andrew Speed yerekeje mu ikipe ya Newcastle United avuye  mu ikipe ya Everton, icyo gihe ikipe ya Newcastle United  yatozwaga na…

Read More