Paper Talk[Rwanda&Africa]: Bamwe mu bahoze bayobora  Rayon Sports bongeye guterana ku nshuro ya kabiri, Al Ahli Tripoli ikinamo  Manzi Thierry yirukanye umutoza

Umunyezamu w’Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda, Amavubi, Ntwari Fiacre ukomeje kwitwara neza mu biti by’izamu ry’ikigugu, Kaiser Chiefs ikina Shampiyona y’Icyiciro cya Mbere muri Afurika y’Epfo yizihije isabukuru y’imyaka 25 y’amavuko, abifashwamo na bagenzi be bakinana nyuma yo kubona intsinzi imbere ya AmaZulu FC.(KGLNews) Al Ahli Tripoli ikinamo Umunyarwanda Manzi Thierry yirukanye uwari umutoza wayo Chokri…

Read More

Paper Talk[Europe]:Liverool ntirashirwa kuri Rodrygo Goes wa Real Madrid, Barcelona yatangiye gutekereza igisubizo kirambye cy’umuzamu

Umunyamafaranga  Friedkin  ushobora kugura  ikipe ya   Everton binyuza muri   Friedkin Group ari gutekereza kuzaha akazi  Maurizio Sarri,nk’umutoza mushya  w’ikipe ya Everton  uyu mutoza wanyuze mu makipe atandukanye arimo Chelsea , Lazio ndetse n’ayandi  . (Corriere dello Sport – in Italian) Juventus   ifite ikizera ko  Umunya-Serbia akaba na  rutahizamu   Dusan Vlahovic, 24, azabongerera amasezerano  kugera byibuze …

Read More

Tariki ya 25 / Nzeri mu mateka : Habaye amatora ya kamarampaka yari agamije kureba niba u Rwanda rwakomeza kuyoborwa n’ubutagetsi bwa cyami

Bimwe mu bihe binini binini byagiye biranga iyi tariki ya 25 / Nzeri mu mateka 1846: Ingabo za Leta Zunze Ubumwe za Amerika ziyobowe na Zachary Taylor zigaruriye igihugu cya Mexico zifata Umujyi wa Monterrey. 1962: Biturutse ku bushake bw’abaturage b’igihugu Ferhat Abbas yabaye Perezida w’agateganyo wa Guverinoma ya Algeria. 2003: Igihugu cy’u Buyapani cyibasiwe n’umutingito ukomeye by’umwihariko…

Read More

Paper Talk [Rwanda&Africa]: Uwikunda Samuel yagarutse nyuma yibihano by’igihe kirekire, Mashami Vincent yavuze kubya Joackiam Ojera!

Umutoza w’ikipe y’igihugu  ya  Africa y’Epfo  Hugo Broos yamaze gushyira hanze urutonde rw’agateganyo rw’abakinnyi bazavamo ababurundu bazakina imikino yo gushaka tike y’igikombe cya Africa cya 2025 kizabera mu gihugu cya Morocco mu kwezi ku Kwakira 2024.  (MickyJr) Ikipe  ya  Zamalek  yo mu gihugu cya Misiri  yamaze  kugera  i Riyadh muri  Saudi Arabia mu mukino w’ishiraniro…

Read More

Paper Talk[Europe]:Barcelona itangiye kwifashisha abamanitse inkweto, Liverpool ntago irava burundu kuri   Martin Zubimendi  wa Real Sociedad!

Nyiri  kipe ya Everton  Dan Friedkin iri gutekereza  kukuba bazana  Gareth Southgate, 54,nk’umutoza  mushya  ugomba gusimbura  Umwongereza  Sean Dyche, 53, nyuma yuko umusaruro ukomeje kubura  Goodison Park. (GiveMeSport) Liverpool iri gutegura kugura Umudage  Florian Wirtz, 21, Umuhorandi akaba myugariro   Jeremie Frimpong, 23, ndetse  n’Umunya-Argentine  Exequiel Palacios, 25 akaba akina hagati  mu kibuga  nyuma yuko  hari amakuru…

Read More

TODAY IN SPORTS HISTORY : Essomba Willy Onana yeretse musanze ko igifite urugendo rurerure

Bimwe mu byaranze uyu munsi muri siporo 2023 Ikipe ya Polisi y’u Rwanda mu mukino w’intoki wa Volleyball (Police VC) , tariki ya 24 Nzeri 2023, yegukanye igikombe mu irushanwa ngarukamwaka ‘Kirehe Open Tournament’ ritegurwa n’akarere ka Kirehe rigahuza amakipe yo mu cyiciro cya Mbere.Ni irushanwa ryabaga ku nshuro ya gatatu, ryatangiye ku wa Gatandatu…

Read More

Paper Talk[Rwanda&Africa]: APR FC ifite uburenganzira bwo kwirukana Darko Nović, amakipe yabonye tike y’amatsinda yatangiye guhabwa gahunda na CAF

Umunya-Portugal Miguel Cardoso akaba umutoza  w’ikipe  ya  ES Tunis yo mu gihugu cya Tunisia yamaze kongera amasezerano muri iyi kipe nyuma yuko uyu  mutoza w’imyaka 52 abonye tike ya amatsinda nyuma yo gusezerera Dekedaha FC yo muri Somalia kugiteranyo k’ibitego 12-1.(MickyJr) Impuzamashyirahamwe y’aruhago muri  Africa CAF  ryamaze  gutanga  itariki  ya  30  Nzeri  2024  nk’itariki ntarengwa …

Read More

Tariki 23 / Nzeri mu mateka : Ubwami bwa Hejaz na Nejd bwahinduye amazina buhabwa izina rya Saudi Arabia

Tariki 23 Nzeri ni umunsi wa 266 mu minsi igize umwaka, hasigaye iminsi 99 uyu mwaka ukagera ku musozo. Uyu munsi Kiliziya Gatolika irizihiza mutagatifu Projet, Paxent wahowe Imana yiciwe ahitwa Vénéré i Paris mu Bufaransa. Bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka 1999: Muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika ku nshuro ya mbere hizihijwe umunsi…

Read More

Paper Talk[Europe]: Real Madrid  nayo yamaze kwinjira mu rugamba  rwo gusinyisha Jamal Musiala, Graham Potter agiye kugaruka gutoza muri Premier League!

Rutahizamu  w’umwongereza  Dominic Calvert-Lewin   ntago ashaka  gusinya amasezerano mashya  mu ikipe ya Everton  kuri ubu  ikipe ya Newcastle United  niyo  iri guhabwa mahirwe yo kuzegukana  uyu musore w’imyaka 27  . (CaughtOffisde) Myugariro  w’ikipe ya  Liverpool  Trent Alexander-Arnold  ngo bimwe mubyo azagenderaho yo ngere  amasezerano nuko Liverpool  izabasha gutwara  byibuze igikombe muri uyu mwaka w’imikino wa  2024-2025 byibuze…

Read More