Tariki ya 6 /Ukwakira mu mateka : Bernard Makuza yasoje inshingano ze nka Minisitiri w’Intebe

Tariki ya 6 Ukwakira ni umunsi wa 280 w’umwaka ubura iminsi 86 ngo ugere ku musozo. Bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka 1979: Jean-Paul II yabaye Papa wa mbere winjiye mu nzu Perezida wa Amerika akoreramo akanabamo (Maison-Blanche). 2011: Bernard Makuza yasoje inshingano ze nka Minisitiri w’Intebe yari amazeho imyaka igera kuri 11. Bernard Makuza (yavutse mu…

Read More

Tariki ya 5 / Ukwakira mu mateka : Uyu munsi, ni umunsi w’Umwarimu mu rwego rw’isi

Uyu munsi, ni umunsi w’Umwarimu mu rwego rw’isi, umunsi ngarukamwaka washyizweho n’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku burezi, ubumenyi n’umuco (UNESCO). Bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka 1901: Abasirikare ba Indonesia bagize impanuka ikomoye bavuye mu Mujyi wa Jakarta, yahitanye abantu 137. 1999: Mu Burengerazuba bw’Umujyi wa Londres habereye impanuka ikomeye ya gari ya moshi, yahitanye abantu…

Read More

Paper Talk[Rwanda&Africa]: Irushanwa ry’inzozi ku makipe yo mu Rwanda uyu mwaka ntirizaba! Ikipe  ya  Police ikomeje gutenguha abari bayiringiye

Komite nyobozi y’Ishyiramwe ry’aruhago muri Africa  “CAF”  irateganya kuzajya igenera umushahara ungana USD $50,000 umuyobozi w’ishyirahamwe ry’Amakipe muri Africa ariryo “African Club Association (ACA)” ibi biteganyijwe ko bishobora kuzemezwa mu nteko rusange ya CAF ya tariki 22 Ukwakira 2024 izabera muri Ethiopia. Ubu umuyobozi wiri shyirahamwe ni Umunya-Tanzania Eng. Hersi.(MickyJr) Impuzamashyira y’umupira w’amaguru muri Africa…

Read More

Paper Talk[Europe]:Mbappé yakize ikibazo cy’imvune yari afite, Arsenal  yatangaje ko  Mikel Merino nawe yakirutse ibibazo by’imvune

Manchester City yiteguye  kuzagura umusore w’ikipe ya   Real Sociedad  akaba Umunya- Esipanye  Martin Zubimendi, 25, mu kwezi kwa mbere nyuma y’uko  ikipe ya Liverpool yakandiyeho bikanga mu isoko ry’igura  n’igurisha ry’impeshyi ya 2024 . (Football Insider) Bayern Munich iri  gukurikirana  imigendekere y’umuzamu  wa Liverpool y’umutoza  Arne Slot  akaba Umunya-Brazil   Alisson Becker, w’imyaka 31 kugirango barebe…

Read More

Paper Talk[Europe]:Umutoza wa mbere aranogwanogwa kwirukanwa muri premier League Barcelona na Real z’ihanganiye myugariro wa Nottingham

Chelsea  na  West Ham United  yose ni amakipe  ari kwifuza rutahizamu  w’ikipe ya  Aston Villa  akaba Umunya-Colombia   Jhon Duran, 20 . (Give Me Sport) Nottingham Forest  yiteguye kuzarekura  myugariro wa  yo  Murillo Santiago Costa dos Santos,niramuka  ibonye ikipe  ibaha amafaranga afatika dore ko ari kwifuzwa bikomeye na Barcelona  ndetse na  Real Madrid uyu musore w’imyaka…

Read More

Paper Talk[Rwanda&Africa]:Amakipe y’Ibihugu akomeje kwikura mu mikino  ya CHAN ya 2025, umukinnyi wa Gasogi United arafunze

Ikipe y’Igihugu ya  Algeria yamaze kwemeza ko itazitabira imikino y’anyuma y’Igikombe cya Africa ikinwa n’abakinnyi bakina imbere mu bihugu byabo CHAN ya 2025 izabera mu bihugu bitatu Kenya, Tanzania ndetse na  Uganda iki gihugu kije nyuma ya Gabon.(MickyJr) U Rwanda rwabuze amahirwe yo gusubira mu Gikombe cy’Isi cy’Abangavu batarengeje imyaka 19 muri Cricket nyuma y’uko…

Read More

Paper Talk[Europe]: Manchester United  na  Manchester City z’ihanganiye umukinnyi umwe, Jorginho agiye kwinjira mu batoza ba Arsenal!

Umwomgereza ukina hagati mu kibuga    Angel Gomes, 24, ukomeje  kwifuzwa  n’amakipe  akomeye k’umugabane w’Iburayi byumwihariko  ayo muri shampiyona y’Abongereza    Premier League amahirwe menshi ashobora kwerekeza mu ikipe  ya  Manchester United  dore ko  yanyuze  muri  academy k’iyi kipe . (Telegraph – subscription required) Newcastle United  ihanganye  n’amakipe arimo    Liverpool ndetse  na   Manchester United mu rwego rwo gusinyisha…

Read More

Tariki ya 28 /Nzeri mu mateka :  Mali na Sénégal byashyizwe mu Muryango w’Abibumbye

Bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka 1996: Mohammad Najibullah yishwe urubozo n’ingabo zigize intagondwa z’Abatalibani. 2000: Ariel Sharon wari Minisitiri w’Intebe wa Israel yagiriye uruzinduko ku Musigiti wa Al Aqsa Mosque, Abayahudi bayita Temple Mount muri Yeluzalemu. 1960: Mali na Sénégal byashyizwe mu Muryango w’Abibumbye. 1961: Coup d’etat ya gisirikare yabereye i Damascus yakuyeho ubumwe bwa Misiri na…

Read More

TODAY IN SPORTS HISTORY : Shampiyona y’umupira w’amaguru mu Rwanda yegejwe ho inyuma ibyumweru bibiri

Bimwe mu bihe by’ingenzi byaranze uyu munsi muri siporo 2008 Muri shampiyona y’ubwongereza [ Premier League] ikipe ya Portsmouth nyuma yo gutsindwa na ekipe ya Manchester City ibitego 6-0 , ku munsi wa shampiyona wakurikiyeho yatsindiye ikipe ya Tottenham Hotspur iwayo ku bitego bya Jermain Defoe na Peter Crouch . 2018 Umukinnyi w’umupira w’amaguru witwa…

Read More