Tariki ya 11 /Ukwakira : Georges Rutaganda wari perezida wungirije w’Interahamwe yaguye muri Gereza mu gihugu cya Benin
Uyu munsi tariki ya 10 Ukwakira ni umunsi wa 284 mu myaka utari igiharwe ushingiye kuri kalendari ya Geregori; Hasigaye iminsi 82 kugeza umwaka urangiye. Bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka 2010: Georges Rutaganda wari perezida wungirije w’Interahamwe yaguye muri Gereza mu gihugu cya Benin azize uburwayi nyuma yo kuhafungirwa akatiwe igifungo cya burundu…