Tariki ya 11 /Ukwakira :  Georges Rutaganda wari perezida wungirije w’Interahamwe yaguye muri Gereza mu gihugu cya Benin 

Uyu munsi tariki ya 10 Ukwakira ni umunsi wa 284 mu myaka utari igiharwe ushingiye kuri kalendari ya Geregori; Hasigaye iminsi 82 ​​kugeza umwaka urangiye. Bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka 2010: Georges Rutaganda wari perezida wungirije w’Interahamwe yaguye muri Gereza mu gihugu cya Benin azize uburwayi nyuma yo kuhafungirwa akatiwe igifungo cya burundu…

Read More

Tariki ya 10 /Ukwakira : Madagascar yabaye repubulika

Bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka 1903 : Emmeline na Christabel Pankhurst bashinze I Manchester, ihuriro ry’abgore rigamije imibereho myiza no mu bya politiki. 1868 : Hatangiye intambara yamaze imyaka icumi muri Cuba. 1954 : Hatangiye ku mugaragaro ishyaka rigmije kubohora Algérie. 614: Habaye inama yahuje abayobozi ba kiliziya biga ku miyoborere yayo yabereye mu Bufaransa 1077: Ingabo z’ubwami…

Read More

Tariki ya 7 / Ukwakira : Nigeria yashyizwe mu banyamuryango b’Umuryango w’Abibumbye

Bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka 1949: Hashinzwe Repubulika ya Demokarasi y’u Budage, iki gihugu ni cyo cyiswe u Budage bw’u Burasirazuba. 1958: Perezida Iskander Mirza wa Pakistan afashijwe n’umugaba w’ingabo w’iki gihugu Ayub Khan bakuyeho Itegeko Nshinga ryo mu 1956 bashyiraho ko igihugu kigendera ku mategeko ya gisirikare ndetse bakuraho na gahunda y’amatora. 1840: Willem II…

Read More

Tariki ya 6 /Ukwakira mu mateka : Bernard Makuza yasoje inshingano ze nka Minisitiri w’Intebe

Tariki ya 6 Ukwakira ni umunsi wa 280 w’umwaka ubura iminsi 86 ngo ugere ku musozo. Bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka 1979: Jean-Paul II yabaye Papa wa mbere winjiye mu nzu Perezida wa Amerika akoreramo akanabamo (Maison-Blanche). 2011: Bernard Makuza yasoje inshingano ze nka Minisitiri w’Intebe yari amazeho imyaka igera kuri 11. Bernard Makuza (yavutse mu…

Read More

Tariki ya 5 / Ukwakira mu mateka : Uyu munsi, ni umunsi w’Umwarimu mu rwego rw’isi

Uyu munsi, ni umunsi w’Umwarimu mu rwego rw’isi, umunsi ngarukamwaka washyizweho n’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku burezi, ubumenyi n’umuco (UNESCO). Bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka 1901: Abasirikare ba Indonesia bagize impanuka ikomoye bavuye mu Mujyi wa Jakarta, yahitanye abantu 137. 1999: Mu Burengerazuba bw’Umujyi wa Londres habereye impanuka ikomeye ya gari ya moshi, yahitanye abantu…

Read More

Tariki ya 28 /Nzeri mu mateka :  Mali na Sénégal byashyizwe mu Muryango w’Abibumbye

Bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka 1996: Mohammad Najibullah yishwe urubozo n’ingabo zigize intagondwa z’Abatalibani. 2000: Ariel Sharon wari Minisitiri w’Intebe wa Israel yagiriye uruzinduko ku Musigiti wa Al Aqsa Mosque, Abayahudi bayita Temple Mount muri Yeluzalemu. 1960: Mali na Sénégal byashyizwe mu Muryango w’Abibumbye. 1961: Coup d’etat ya gisirikare yabereye i Damascus yakuyeho ubumwe bwa Misiri na…

Read More

Tariki ya 25 / Nzeri mu mateka : Habaye amatora ya kamarampaka yari agamije kureba niba u Rwanda rwakomeza kuyoborwa n’ubutagetsi bwa cyami

Bimwe mu bihe binini binini byagiye biranga iyi tariki ya 25 / Nzeri mu mateka 1846: Ingabo za Leta Zunze Ubumwe za Amerika ziyobowe na Zachary Taylor zigaruriye igihugu cya Mexico zifata Umujyi wa Monterrey. 1962: Biturutse ku bushake bw’abaturage b’igihugu Ferhat Abbas yabaye Perezida w’agateganyo wa Guverinoma ya Algeria. 2003: Igihugu cy’u Buyapani cyibasiwe n’umutingito ukomeye by’umwihariko…

Read More

Tariki 23 / Nzeri mu mateka : Ubwami bwa Hejaz na Nejd bwahinduye amazina buhabwa izina rya Saudi Arabia

Tariki 23 Nzeri ni umunsi wa 266 mu minsi igize umwaka, hasigaye iminsi 99 uyu mwaka ukagera ku musozo. Uyu munsi Kiliziya Gatolika irizihiza mutagatifu Projet, Paxent wahowe Imana yiciwe ahitwa Vénéré i Paris mu Bufaransa. Bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka 1999: Muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika ku nshuro ya mbere hizihijwe umunsi…

Read More

Tariki 20 /Nzeri mu mateka : Repubulika ya Vietnam yinjiye mu Muryango w’Abibumbye [byinshi kuri iyi tariki]

Bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka 1977: Repubulika ya Vietnam yinjiye mu Muryango w’Abibumbye. 1979: Mu bwami bwa Centrafrique habaye ihirikwa ry’ubutegetsi (Coup d’Etat). Icyo gihe hahiritswe ubutegetsi bw’umwami w’Abami Bokassa I. 2000: Inyubako y’ibiro by’ubutasi by’Abongereza MI6 (Secret Intelligence Service) yagabweho ibitero n’indege yakozwe n’Abarusiya yitwa Mark 22 ibasha gushwanyaguza ibifaru (anti-tank missile)….

Read More

Tariki ya 18 / Nzeri : Hasohotse ku mugaragaro bwa mbere nimero y’ikinyamakuru New York Times

Bimwe mu bihe by’ingenzi byaranze uyu munsi mu mateka [Tariki ya 18 /nzeri]: 1916: Alexeï Broussilov yahagaritse ibitero by’u Burusiya bashaka gutera Abadage mu Ntambara ya Mbere y’Isi. 1934: Leta Zunze Ubumwe z’Abasoviyete, URSS, zinjiye mu Muryango w’Ibihugu (Société des Nations) waje gusimbuzwa na Loni. 1973: Ibihugu byombi by’u Budage mu gihe byari byaracitsemo ibice bibiri byabaye ibinyamuryango…

Read More