Tariki ya 24 /Ukwakira mu mateka : Hashinzwe Umuryango w’Abibumbye [UN]

Uyu munsi Kiliziya irizihiza Mutagatifu Magloire, Antoine-Marie Claret. Tariki 24 Ukwakira ni umunsi wa 298 mu minsi igize umwaka, hasigaye iminsi 68 uyu mwaka ukagera ku musozo. Bimwe mu bihe by’ingenzi byaranze iyi tariki mu mateka 1986: Uwitwa Nezar Hindawi yakatiwe n’urukiko rw’u Bwongereza igihano cyo gufungwa igihe kigera ku myaka 45, azira kurasa ibisasu bya…

Read More

Tariki ya 23 /Ukwakira mu mateka : havutse Kizigenza Edson Arantes do Nascimento,uzwi nka Pelé

Tariki 23 Ukwakira ni umunsi wa 297 mu igize umwaka, hasigaye 69 ukagera ku musozo. Uyu munsi Kiliziya Gatolika irizihiza abatagatifu Domice, Jean de Capistran na Léothade. Bimwe mu bihe by’ingenzi byaranze uyu munsi mu mateka 2004: Umutingito ukomeye wibasiye Intara yo mu Buyapani ya Niigata iherereye mu Majyaruguru y’iki gihugu uhitana abantu 35, hakomereka abandi…

Read More

Tariki ya 20 / Ukwakira mu mateka : Grégoire Kayibanda yasinyanye amasezerano y’ubufatanye n’ubufaransa

Bimwe mu bihe byaranze iyi tariki mu mateka 1990: Ni bwo Nyakubahwa Paul Kagame yageze mu Rwanda aho yari aje gukomeza kuyobora urugamba rwo kubohora igihugu nyuma y’uko abari bayoboye urwo rugamba bari bamaze kuraswa n’umwanzi. 1962: Perezida w’u Bufaransa Charles de Gaulle n’uw’u Rwanda Grégoire Kayibanda basinye amasezerano y’ubufatanye hagati y’ibihugu byombi. 1883: Igihugu cya Peru…

Read More

Tariki ya 19 /ukwakira mu mateka : Perezida wa Repubulika Paul KAGAME yahawe igihembo cya Africa Peace personality of the year” nk’impirimbanyi y’amahoro

Uyu munsi Tariki ya 19 Ukwakira ni umunsi wa 293 w’umwaka ubura iminsi 73 ngo ugere ku musozo. Bimwe mu bihe by’ingenzi byaranze uyu munsi mu mateka 2012: Perezida wa Repubulika Paul KAGAME yahawe igihembo cya Africa Peace personality of the year” yagihawe ku rwego rwa Afurika kubera ibikorwa by’indashyikirwa amaze kugeza ku Banyarwanda ku…

Read More

Tariki ya 18 / Ukwakira mu mateka : rurangirwa mu njyana ya Reggae Lucky Dube yarishwe

Tariki ya 18 Ukwakira ni umunsi wa 292 w’umwaka ubura iminsi 74 ngo ugere ku musozo. Bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka Tariki 18 Ukwakira, ni itariki itazibagirana mu mitwe y’abakunzi b’injyana ya Reggae n’abakunzi ba muzika muri rusange. Itariki nk’iyi mu mwaka wa 2007 nibwo hasakaye inkuru ibika urupfu rwa Lucky Phillip Dube,…

Read More

Tariki ya 17 /ukwakira mu mateka : Mama Teresa wa Calcuta yahawe igihembo cyitiriwe Nobel mu guharanira amahoro

Uyu munsi Kiliziya Gatolika yizihiza Mutagatifu Soline. Tariki ya 17 Ukwakira ni umunsi wa 291 w’umwaka ubura iminsi 75 ngo ugere ku musozo. Bimwe mu byaranze uyu munsi [tariki ya 17 / Ukwakira ] mu mateka 1989: Umutingito uri ku gipimo cya 7,1 ku bipimo bya Richter yibasiye San Francisco, usiga uhitanye abantu 57 ako kanya,…

Read More

Tariki ya 16 /ukwakira mu mateka : Umwami wa nyuma w’u Rwanda, Kigeli V Ndahindurwa yatangiye mu buhungiro !

Tariki ya 16 Ukwakira ni umunsi wa 290 mu minsi igize umwaka, hasigaye iminsi 76 uyu mwaka ukagera ku musozo. Bimwe bihe by’ingenzi byaranze uyi tariki mu mateka Mu mwaka wa 94 nyuma y’iza rya yesu : Umwami Philippe I w’u Bufaransa yaciwe na Kiliziya Gaturika. 1793 : Marie-Antoinette, umwamikazi w’u Bufaransa wari umugore wa…

Read More

Tariki ya 15 Ukwakira mu mateka : Shigeru Yoshida yabaye Minisitiri w’Intebe w’u Buyapani

Bimwe mu bihe by’ingenzi byaranze iyi tariki 1987 : Muri Burkina Faso habaye ihirikwa rya perezida wari uriho .2003 : Ilham Aliev yatorewe kuyobora Azerbaïdjan. 1894 : Jenerali Mercier, wari Minisitiri w’intambara mu Bufaransa yategetse ko kapitene Alfred Dreyfus afungwa nyuma yo kuvugwaho kumenera amabanga y’igisirikare cy’iki gihugu Abadage . Ibi byakozwe bahereye ku nyemezabwishyu…

Read More

Tariki ya 14 /Ukwakira mu mateka : Havutse umunyagitugu Mobutu Sese Seko Kuku Ngbendu Wa Za Banga [Byinshi kuri uyu munsi ]

Mobutu Sese Seko Kuku Ngbendu Wa Za Banga niko yihimbaga ariko ubundi ababyeyi be bamwise Joseph-Desire Mobutu. Yabonye izuba kuwa 14 Ukwakira 1930 atabaruka ku wa 7 Ugushyingo 1997. Yari umusirikare w’umunyagitugu ndetse yanabaye umukuru w’igihugu cy’abaturanyi cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Ubuzima bwe bwaranzwe n’amateka maremare.Nubwo yiyitaga Marshall mu gihe yari ku butegetsi,yari…

Read More

Tariki 13 mu mateka : Igikomangoma cy’u Burundi cyitwa Louis Rwagasore cyarishwe

Bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka 2020 : Bwa mbere mu Rwanda byatangajwe ko hagiye gutangira ubuhinzi bw’urumogi hanyuma rukoherezwa mu mahanga mu nganda zikora imiti. Icyo gihe Minisitiri w’Ubuzima Dr. Ngamije Daniel yashimangiye ko bitazaha icyuho abarukoresha nk’ikiyobyabwenge. 2021: Inama y’Abaminisitiri yemeje amasezerano hagati ya Guverinoma y’u Rwanda n’lkigo Nyafurika cy’Ubucuruzi cyitwa Africa Electronic Trade…

Read More