Twinjirane mu byaranze uyu munsi tariki ya 20 Gashyantare mu mateka
1547 : Umwami Eduwari VI w’Ubwami bw’Ubwongereza yambitswe ikamba nyuma y’urupfu rwa se Henry VIII . 1737 : Uwari Minisitiri w’imari w’Ubufaransa witwa Chauvelin yeguye kuri uyu mwanya nyuma yo gushyirwaho igitutu na rubanda kubera imikorere mibi . 1811 : Igihugu cya Otirishe cyatangaje ko nta faranga na rimwe cyari gisigaranye mu isanduku yacyo bizwi…