Twinjirane mu byaranze uyu munsi tariki ya 20 Gashyantare mu mateka

1547 : Umwami Eduwari VI w’Ubwami bw’Ubwongereza yambitswe ikamba nyuma y’urupfu rwa se Henry VIII . 1737 : Uwari Minisitiri w’imari w’Ubufaransa witwa Chauvelin yeguye kuri uyu mwanya nyuma yo gushyirwaho igitutu na rubanda kubera imikorere mibi . 1811 : Igihugu cya Otirishe cyatangaje ko nta faranga na rimwe cyari gisigaranye mu isanduku yacyo bizwi…

Read More

#Today in History : Twinjirane mu byaranze tariki ya 16 Gashyantare mu mateka

600 : Papa wa Kiziliya gatolika witwaga Gregori yashyizeho itegeko ryemeje ko ijambo ‘imana iguhe umugisha ‘ariryo rizajya risubizwa uwitsamuye ku isi ndetse anashyiraho ibihano bikomeye ku bafite imyimerere ya gatolike batabyuhirizaga . 1349 : Ubwoko bw’Abayahudi bwirukanwe mu gace ka Burgdorf mu gihugu cy’Ubusuwisi bashinjwa kugenda bakwirakwiza ubwandu bw’icyorezo cya Bubonic . 1468 :…

Read More

Tariki ya 14 Gashyantare mu mateka : Hatangiye kwizihizwa umunsi wa Saint Valentin

Inkomoko y’umunsi wa Saint Valentin Muri Kiliziya Gatolika, habayeho ba Valentin 3 batandukanye bagiye bagirwa abatagatifu (saints) kubera ukwemera kwabo kutajegajega kwatumye bicwa nk’abahowe Imana (martyrs) n’ingoma z’igitugu zayoboraga Roma icyo gihe, hari mu kinyejana cya 3. Muri aba ba Valentin 3 rero, uwitirirwa uriya munsi ni Valentin w’i Roma, bivugwa ko ku ngoma y’umwami…

Read More

Dore iby’ingenzi wamenya ku tariki ya 12 / Gashyantare mu mateka

Tariki ya 11 Gashyantare ni umunsi wa 42 mu igize umwaka hakaba hasigaye iminsi 323 tukagana ku musozo w’uyu mwaka ; dore iby’ingenzi byaranze uyu munsi mu mateka yo hirya no hino ku isi . 2002: Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha rwashyiriweho Yougoslavia (TPIY), rwatangiye urubanza rw’uwahoze ari Perezida wa Serbia, Slobodan Milošević, washinjwaga ibyaha by’intambara no kubangamira…

Read More