Paper Talk[Europe]: PSG yigaramye ibyo gutanga 250m kuri Lamine Ymal, Liverpool igiye kugurisha abazamu bayo babiri
Umugwizatunga w’Umugereki Evangelos Marinakis akaba na nyiri Nottingham Forest ari mu biganiro byokugura ikipe ya Vasco da Gama yo mu gihugu cya Brazil nyuma yo gupapura ikipe ya Arsenal uwari umuyobozi wayo w’asiporo (sporting director) Edu. (Telegraph) Nk’uko perezida wa Barcelona yabitangaje mu minsi ishize iyi kipe yanze asaga 250m euros kuri mababa wabo Umunya-Esipanye Lamine Yamal,…