ANALYSIS : Ibihugu bitanu byo kwitega muri CHAN 2024

Menya ibihugu bitanu bigomba guhangwa amaso mu irushanwa ry’igikombe cy’Afurika cy’abakina imbere mu gihugu (CHAN 2024). Uko iminsi ishira niko tugenda dusatira igihe nyacyo cy’itangira ry’irushanwa rya CHAN 2024. Ni irushanwa riba buri myaka ibiri rigategurwa na CAF isanzwe irebera inyungu za ruhago kuri uyu mugabane dutuye, CHAN 2024 biteganyijwe ko igomba gutangira ku italiki…

Read More

Newcastle United yasinyishije Anthony Elanga kuri Miliyoni £55

Ikipe ya Newcastle United yamaze kumvikana n’ikipe ya Nottingham Forest ku igurwa ry’umukinnyi w’umunya-Suwede Anthony Elanga ku kiguzi cya miliyoni £55. Amakuru yizewe yatangajwe na BBC Sport yemeza ko iri gurwa rishobora kurangira mu cyumweru turimo. Elanga, w’imyaka 23, yigaragaje cyane mu mwaka w’imikino wa 2024-2025 aho yatsinze ibitego bitandatu agatanga imipira 11 yavuyemo ibitego,…

Read More

Abakinnyi ba Arsenal batatu bari mu Rwanda

Abakinnyi batatu b’ikipe ya Arsenal y’abagore Katie McCabe, Caitlin Foord ndetse na Laia Codina bageze mu Rwanda aho baje muri gahunda y’umushinga wa ‘VISIT RWANDA ‘ ikipe yabo ifitanye n’u Rwanda. Aba bakinnyi ba Arsenal baje nyuma y’abakiniye Paris Saint Germain bahererutse gusesekara mu Rwanda, Didier Domi ndetse na Jay-Jay Okocha. U Rwanda rufitanye amasezerano…

Read More

Jhon Duran yerekeje muri Fenerbahce

Rutahizamu w’Umunya-Colombia Jhon Duran yamaze kwerekeza muri Fenerbahce yo muri Turikiya ku masezerano y’intizanyo y’umwaka umwe, nyuma y’amezi atandatu gusa avuye muri Aston Villa yerekeza muri Al-Nassr yo muri Saudi Arabia ku giciro cya miliyoni £71. Duran w’imyaka 21 yatsindiye Aston Villa ibitego 12 mu mikino 29 yayikiniye mu mwaka ushize, mbere yo kwerekeza muri…

Read More

DETAILS : Jota na Sala ku rutonde rw’abakinnyi bitabye Imana bagiconga ruhago

Reka dufate umwanya twibuke bamwe mu bakinnyi b’umupira w’amaguru batuvuyemo bagikina ruhago byemewe n’amategeko . Mu gitondo cyo ku wa Kane taliki ya 3, Nyakanga, nibwo humvikanye inkuru y’inshamugongo, yabikaga urupfu rw’uwahoze ari rutahizamu w’ikipe ya Liverpool Diogo Jota (28), witabye Imana ari kumwe n’umuvandimwe we Andre Silva (25), we wari usanzwe akinira ikipe ya…

Read More

Nigeria izabona asaga miliyoni imwe y’amadorali nitwara igikombe cy’Afurika

Ikipe y’igihugu ya Nigeria yabwiwe ko izacakira akabakaba hafi miliyoni y’idorali igihe yatwara igikombe cy’Afurika cy’abagore 2024, giteganyijwe gutangira uyu munsi mu gihugu cya Morocco. Ishyirahamwe rirebera inyungu za ruhago muri Afurika (CAF) ryamaze gutangaza ko ryazamuye ibihembo byatangwaga mu gikombe cy’Afurika cy’abagore ho izamuka rya 100%, ku bihembo byose. Ibi bikaba bivuze ko mu…

Read More