Rayon Sports yatangaje gahunda y’imikino izakinira mu ntara

Ikipe ya Rayon Sports yatangaje ingengabihe y’icyumweru cyagenewe ibikorwa bitandukanye bireba iyi kipe bizaba birimo imikino ya gicuti ndetse n’umunsi wo kwerekana abakinnyi bashya izakoresha mu mwaka mushya w’imikino wa 2025-2026. Rayon Sports yari yaramaze gutangaza ko kuri Rayon Day izakina na Young Africans ndetse n’ibiciro byo kuri uyu mukino byamaze gushyirwa ahagaragara. Mu kiganiro…

Read More

João Félix akomeje kubura isoko!

Ikipe ya Chelsea igiye kwemera guhomba kugira ngo Umunya-Portugal Joao Felix asohoke muri iyi kipe y’umutoza Enzo Maresca nyuma yo kudatanga umusaruro. Uyu musore w’imyaka 25 mu mwaka ushize ni bwo yari yaratijwe mu ikipe ya AC Milan kugira ngo azamure urwego ariko birananirana. Chelsea yaguze Joao Felix mu mwaka 2024 yemera gutanga miliyoni £35…

Read More

Arsenal yegereje gusinyisha rutahizamu Viktor Gyökeres

Ikipe ya Arsenal iri hafi kurangiza igikorwa cyo gusinyisha rutahizamu w’Umusuwede, Viktor Gyökeres, ukinira Sporting CP yo muri Portugal, nyuma y’uko ibiganiro hagati y’impande zombi byatinzeho gato kubera ibijyanye n’amafaranga y’inyongera (add-ons). Nk’uko BBC Sport yabitangaje, amakuru y’ibanze y’iyi transfert agaragaza ko Arsenal yemeye gutanga miliyoni 73.5 z’ama-euro (£63.5m). Byari biteganyijwe ko uyu mukinnyi yaba…

Read More

Inyoni 10 nini kurusha izindi mu Muryango w’inyoni z’Inkazi ku isi

Mu bya siyansi by’inyoni (ornithology), ijambo “igishenzi” cyangwa “inyoni y’inkazi” risobanura inyoni ifite amaso areba kure cyane, inzara zikomeye ndetse n’umunwa unyerera umwe ushobora kurandura inyama mu mubiri w’inyamanswa runaka. Uyu munsi mu kiganiro ubumenyi bw’isi Dailybox, yaguteguriye ikiganiro kivuga kuri zimwe mu nyamaswa z’ inkazi zizwiho gutungwa n’izindi (prey), tukaba twaguteguriye urutonde rw’inyoni 10,…

Read More

Ikipe ya Napoli yazibukiriye kuri Victor Osimhen

Ikipe ya Napoli na Galatasaray bamaze kugera ku masezerano ya burundu ku igurishwa rya rutahizamu w’Umunya-Nijeriya Victor Osimhen, nyuma y’igihe gito yari amaze mu ntizanyo. Galatasaray yashakaga kumusinyisha burundu nyuma y’uko yabatsindiye ibitego 37 n’imipira 8 yavuyemo ibitego mu mikino 41 yakinnye mu marushanwa yose. Nubwo Galatasaray yemeye kwishyura miliyoni €75m (na €5m y’inyongera) zari…

Read More

Ni abahe batoza 10 beza b’ibihe byose mu mupira w’amaguru ?

Impaka ku batoza 10 beza b’ibihe byose muri ruhago, ahanini usanga zishingira ku bikorwa byagezweho, impinduka bagize ku mukino, igihe bamaze batoza ndetse n’ubuhanga mu mitegurire y’amakipe baba batoza. Uyu munsi Dailybox yaguteguriye urutonde rw’abatoza b’intoranywa mu beza babayeho mu mateka ya ruhago. Ni urutonde dusangamo abatoza basanzwe bo muri iki kiragano ndetse n’abakera mu…

Read More

Burkina Faso ihagaritse Komisiyo y’Amatora: kigamijwe ni iki?

Mu cyemezo gishya gitangaje, ubutegetsi bwa gisirikare bwa Burkina Faso bwasheshe Komisiyo y’igihugu y’amatora, buyishinja kudatanga umusaruro.  Nk’uko televiziyo ya Leta, RTB, yabitangaje, amatora yose azajya ategurwa na minisiteri y’ubutegetsi bw’igihugu. Ibi bibaye mu gihe kuva coup d’état yo muri Nzeri 2022 yabaye, abayobozi b’ingabo bari ku butegetsi bagiye batangiza impinduka zikomeye, zirimo no gusubika…

Read More