Abami ba ruhago i Burayi- abakinnyi batwaye Champions League inshuro nyinshi

Iyo bigeze ku bihe by’icyubahiro mu mupira w’amaguru ku rwego rw’amakipe, nta gihembo kiruta igikombe cya UEFA Champions League. Irushanwa rikomeye rya shampiyona y’i Burayi ryakinwe n’abakinnyi b’ibyamamare batabarika, ariko ni bake batoranyijwe babashije gutwara igikombe inshuro nyinshi kurusha abandi. Aba ni bo ba nyiri amateka bakaba bamwe mu ntwari zabaye indatsimburwa mu mateka ya…

Read More

UBUSESENGUZI BWUJE IMIBARE : Arsenal yiteze byinshi kuri Viktor Gyökeres, bitari ugutsinda gusa

Nyuma y’umwaka w’imikino wa 2024-2025 aho Arsenal yagize ibihe byiza ariko ikaza kurangiza ku mwanya wa kabiri inyuma ya Liverpool, ikibazo cyabaye kimwe: kuba itarabonye ibitego bihagije. Mu gihe yinjije ibitego 69 gusa, Liverpool yatsinze 86 – itandukaniro ry’ibitego 17, ryari rihagije ngo ribe umwanzuro w’igikombe. Nyamara, si ugutsinda gusa kwari ikibazo. Arsenal ntiyabashije no…

Read More

Ikipe yo mu gihugu cya Misiri yasinyishije Mugisha Bonheur

Mugisha Bonheur uzwi nka “Casemiro” yamaze gusinyira ikipe ya Al Masry ikina shampiyona y’icyiciro cya mbere mu gihugu cya Misiri (Egyptian Premier League). Uyu musore ukinira ikipe y’igihugu y’u Rwanda y’umupira w’amaguru “Amavubi” yari asanzwe akinira ikipe ya Stade Tunisien ikina icyiciro cya mbere muri Tuniziya. Ni ikipe yasinyiye mu mwaka 2024 ariko kuva yayigeramo…

Read More

Watkins na Šeško bari ku rutonde rwa Manchester United – bagereranywa bate na Højlund ?

Ba rutahizamu, Ollie Watkins, ukinira Aston Villa na Benjamin Šeško wa RB Leipzig, nibo bari ku isonga ku rutonde rwa ba rutahizamu Manchester United ishobora kugerageza kugura muri iri soko ryo kugura no kugurisha abakinnyi riri gukorwa ubu. Hari icyemeza ko mu buyobozi bwa United bagomba gutangira kugurisha bamwe mu bakinnyi batagikenewe kugira ngo babone…

Read More

CAF yadabagije amakipe azitabira ‘CHAN’ kubera amafaranga yashyizwemo

Mu gihe guhera tariki 02 kugeza ku ya 30 Kanama 2025, hategerejwe itangira ry’igikombe cya Afurika cy’abakina imbere mu bihugu byabo ‘CHAN’ hamaze kongerwa amafaranga azahabwa amakipe azitabira iri rushanwa. Impuzamashyirahamwe ya Ruhago muri Afurika “CAF” yongereye muri rusange amafaranga ryashyiraga muri iri rushanwa aho yagejejwe kuri miliyoni 10.4 z’amadorali gusa amakipe azabona amafaranga hakurikijwe…

Read More

PSG yaciye amarenga yo gutandukana n’umuzamu wayo Gianluigi Donnarumma

Paris Saint-Germain yamaze gutangira urugendo rwo kumvikana n’umuzamu mushya bikaba bivuze ko ahazaza ha Gianluigi Donnarumma hashobora guhinduka, aho Manchester United na Manchester City biteguye guhita bamusinyisha. Man United iracyashaka umusimbura wa Andre Onana nyuma y’imyaka ibiri itaramuhiriye, aho yakoze amakosa 8 yatanze ibitego, akarusha abandi banyezamu bose muri Premier League. Manchester City na yo…

Read More

Morgan Gibbs-White yateye umugongo Tottenham Hotspur

Morgan Gibbs-White yashyize umukono ku masezerano mashya azatuma azageza mu mwaka 2028 ari umukinnyi wa Nottingham Forest, akuraho urujijo rw’ahazaza he. Uyu mukinnyi w’imyaka 25 yasaga nk’ugiye kwerekeza muri Tottenham Hotspur, nyuma y’uko iyi kipe yo mu majyaruguru ya Londres yatekerezaga ko niyishyura amafaranga yakwemerera umukinnyi gusohoka(release clause) angana na miliyoni £60 bizakunda. Tottenham yari…

Read More

Luis Diaz Yashyizwe hanze ku mukino wa gicuti kubera ibihuha byo kugurwa kwe – Arne Slot

Umutoza mushya wa Liverpool, Arne Slot, yatangaje ko rutahizamu w’umunya-Colombia, Luis Diaz, atagaragaye mu mukino wa gicuti wabahuje na AC Milan kubera ibihuha bikomeje kumuvugwaho bijyanye nuko ashobora kugurwa na  Bayern Munich. Liverpool imaze kwanga igiciro cya miliyoni £58 cyatanzwe na Bayern kugira ngo ibashe kumwegukana, nyamara amasezerano ya Diaz muri Liverpool azarangira mu mpeshyi…

Read More

Rayon Sports igiye gusinyisha rutahizamu mushya

Ikipe ya Rayon Sports yegereje gusinyisha rutahizamu wa Rutsiro FC, Habimana Yves nyuma yo gutakaza Biramahire Abeddy nk’uko amakuru abyemeza. Tariki 06 Nyakanga 2025, nibwo Rayon Sports yatangaje ko yongereye amasezerano rutahizamu wari wabafashije mu mwaka ushize w’imikino, Biramahire Abeddy akaba yari yarasinye amasezerano y’imyaka ibiri. Uyu rutahizamu wabaye uwatsinze ibitego wa Kabiri mu ikipe…

Read More