Inyeshyamba za RED Tabara zahakanye ibyo Perezida Ndayishimiye azishinja byo gufashwa n’u Rwanda
Umutwe w’inyeshyamba zo mu Burundi wa RED-Tabara wamaganye ibirego Perezida Évariste Ndayishimiye avuga ko uhabwa inkunga na leta y’u Rwanda,ahubwo ushimangira ko urugamba rwabo rushyigikiwe gusa n’abaturage b’Abarundi bumva ko rufite ishingiro . Ibi bije bikurikira amagambo yatangajwe na Perezida w’u Burundi ku munsi wejo ku ya 25 Werurwe ubwo yari mu kiganiro yagiranye n’ikinyamakuru…