Inyeshyamba za RED Tabara zahakanye ibyo Perezida Ndayishimiye azishinja byo gufashwa n’u Rwanda

Umutwe w’inyeshyamba zo mu Burundi wa RED-Tabara wamaganye ibirego Perezida Évariste Ndayishimiye avuga ko uhabwa inkunga na leta y’u  Rwanda,ahubwo ushimangira ko urugamba rwabo rushyigikiwe gusa n’abaturage b’Abarundi bumva ko rufite ishingiro . Ibi bije bikurikira amagambo yatangajwe na Perezida w’u Burundi ku munsi wejo ku ya 25 Werurwe  ubwo yari mu kiganiro yagiranye n’ikinyamakuru…

Read More

Umuhanzi Muchoma Muchomani ukomoka muri DRC yemeje ko afite inzozi zo guhura na Perezida Kagame

Umuhanzi Nizeyimana Didier wamenyekanye ku izina ry’ubuhanzi nka Muchoma Muchomani, Young Billionaire, Kabwera, n’andi mazina menshi, yatangaje ko afite inzozi zo guhura na Perezida Kagame ndetse ko nibahura azahita amusaba kumuha ubwenegihugu bw’u Rwanda . "Biri mu nzozi zanjye. Umunsi nzahura na Nyakubahwa Perezida Paul Kagame ni cyo kintu nanjye nkeneye, kumusaba Ubwenegihugu bw'u Rwanda."…

Read More

France : Hakomeje kwamaganwa igitaramo cy’umukongomani kizaba ku itariki yo gutangira icyunamo

Umuyobozi w’Umujyi wa Paris mu Bufaransa, Anne Hidalgo, yagaragaje ko adashyigikiye igitaramo cy’Umunyekongo, Maître Gims, giteganyijwe ku wa 7 Mata 2025, itariki u Rwanda ruzatangiriraho Icyunamo cy’iminsi 7 n’iminsi 100 yo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi. Ni igitaramo uyu Munyekongo yemeje  ko ngo kigamije gushyigikira abana bagizweho ingaruka n’intambara iri mu Burasirazuba bwa Repubulika ya Congo….

Read More

Bobi Wine yasubije icyifuzo cya General Muhozi cyo guhura mu murwano w’iteramakofe

Umunyapolitike utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Uganda, akaba n’icyamamare mu muziki wa Robert Robert Kyagulanyi Ssentamu,  yasubije ubusabe General Muhozi yari yamusabye mu butumwa aherutse gutambutsa kurukuta rwe rwa X yahoze yitwa tweeter. Mu butumwa yanyujije ku rukuta rwe rwa X yahoze yitwa tweeter, uyu Robert Kyagulanyi Ssentamu Uzi nka Bobi wine, yagaragaje ubutumwa General Muhozi…

Read More

Ntekereza ko DR.Congo itazigera itsinda M23 : umuyobozi mu ishyaka rya Donald Trump

Umunyabanga nshinga amategeko w’umunyamerika w’ishyaka ryo ku ruhande rwa Trump, Ronny Jackson ukubutse i Kinshasa, i Kampala, i Bujumbura n’i Kigali yabwiye Abanyamerika ko atekereza no Kinshasa idafite ubushobozi bwo gutsinda, igakura M23 mu bice yafashe. Ibi yabivuze ubwo yari ari kumwe na bagenzi be bagize kongere ya leta zunze ubumwe za Amerika. Ati :…

Read More

Umutoza wa Lesotho yagize icyo atangaza ku byo gukurwaho amanota kwa Africa y’Epfo

Umutoza w’Ikipe y’Igihigu ya Lesotho Leslie Notsi yavuze ko atazi neza niba ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu gihugu cye baratanze ikirego kijyanye no kuba igihugu cya Africa y’Epfo cyarakinishishe umukinnyi ufite amakarita abiri y’umuhondo. Ku munsi w’ejo wa tariki 25 Werurwe 2025, nibwo hakwirakwiriye amakuru avuga ko Africa y’Epfo yaba yarakinishije umukinnyi wujuje amakarita abiri y’umuhondo,…

Read More

Victor Osimhen yagize umujinya w’umuranduranzuzi nyuma y’umukino banganyije na Zimbabwe

Umunya-Nigeria ukinira ikipe ya Galatasaray S.K Victor Osimhen ntiyishimiye uburyo ikipe ye yanganyije na Zimbabwe Kandi bari bawufite mu ntoki mu rugamba barimo rwo gushaka itike yo kwerekeza mu mikino y’Igikombe cy’Isi cya 2026, cyizabera muri Leta Zunze Ubumwe z’Abanyamerika, Canada na Mexico. Kuri uyu wa Kabiri wa tariki 25 Werurwe 2025, ikipe y’igihugu ya…

Read More

Amavubi ya Adel Amrouche ntakozwa ibyo kubona atatu imbumbe !

Ikipe y’Igihugu ‘Amavubi’ imaze kunganya n’ingona za Lesotho igitego 1-1 mu mukino w’Umunsi wa Gatandatu wo mu Itsinda C ryo gushaka itike y’Igikombe cy’Isi kizaba mu 2026 giteganijwe kuzabera muri bihugu bitatu birimo USA , Canada na Mexico. Mbere y’uyu mukino , abari muri sitade bagiye bihera ijisho ibirori bitandukanye birimo gususurutswa na Gateka Esther…

Read More

RIB yafunze batatu bakekwaho kucucura rubanda akayabo babizeza kubashakira akazi

Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha [RIB] rwatangaje ko rwataye muri yombi abagabo babiri n’umugore   bakurikiranyweho gushakira inyungu ku bandi hakoreshejwe uburiganya hamwe n’iyezandonke . Kuri uyu wa Kabiri tariki ya 25 Werurwe 2025 , nibwo RIB yemeje ko yafunze abarimo Mungaruriye Eric n’abafatanyacyaha be babiri ari bo Beneyo Jean Norbert na Iradukunda Aliane bakurikiranyweho gushakira inyungu ku…

Read More