Kigali : Hatangajwe ibyakozwe mu kuzamura musaruro w’inganda zitunganya ibikomoka ku buhinzi n’ubworozi

Minisitiri w’Intebe Dr Edouard Ngirente, yagaragaje ibyakozwe na Guverinoma kugira ngo umusaruro w’inganda zitunganya ibikomoka ku buhinzi n’ubworozi wiyongere muri NST1. Ngirente yemeje ko umusaruro w’inganda zikora imyenda n’ibikomoka ku mpu wikubye inshuro eshanu mu myaka irindwi ishize. Aho wavuye kuri miliyari 34Frw mu 2017, ubwo hatangiraga NST1, ugera kuri miliyari 154Frw mu mwaka ushize…

Read More

Nasekejwe n’umuyobozi wa Kongo wavuze ko ibibazo bafite byatewe n’urupfu rwa Habyarimana : Senateri Evode

Senateri Evode Uwizeyimana yatangaje ko yasekejwe n’amagambo y’Ambasaderi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo muri LONI wavuze ko ibibazo by’umutekano muke ukomeje kurangwa muri iki gihugu byatewe n’urupfu rwa Perezida Habyarimana Juvenal wayoboye u Rwanda . Aya magambo senateri Evode yayatangarije mu kiganiro ‘Inkuru Mu makuru’ gitambuka kuri televiziyo y’u Rwanda ahanini cyibanda mu gusesengura…

Read More

Munyakazi Sadate yaciye amarenga yo kugaruka muri Rayon Sports nk’umumyamigabane mukuru

Umugwizatunga Munyakazi Sadate yatangaje ko yiteguye kuzaba umunyamigabane myinshi(Mukuru) ku ruta abandi igihe icyari cyo cyose izatangira kugurishwa mu kiswe Rayon Sports Ltd. Uyu mugabo yamenyekanye mu mupira igihe yari perezida wa Rayon Sports hagati 2019 na 2020 , icyo gihe havuzwemo ibibazo byinshi ku buryo n’inzego za Lata zabyivanzemo mu rwego rwo gushyira ku…

Read More

Nyagatare : Uwari umuzamu ku kigo k’ishuri yishwe atemaguwe n’abagizi ba nabi

Umugabo w’imyaka 36 utuye mu karere ka Nyagatare wari usanzwe ukora akazi ko kurinda umutakano aharimo hubakwa ikigo k’ishuri yishwe urwagashinyaguro nyuma yo gutemwa n’abagizi ba nabi . Hakorimana Gaspard wari usanzwe akora akazi k’uburinzi bw’ijoro kuharimo kwagurirwa ishuri mpuzamahanga ryitiriwe umusamariya [ Samaritan International School] riherereye mu mudugudu wa Kinihira , mu kagari ka…

Read More

DRC :FARDC irashinjwa gusahura sosiyete y’Abashinwa ikorera muri Kalemie

Sosiyete y’Abashinwa ikorera muri DRC yatangaje ko yamaganye ibitero bigamije ubusahuzi byagabwe n’ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo [ FARDC] ku biro no kuri bamwe bakozi babo bakorera mu gace ka Kalemie mu ntara ya Tanganyika . Iyi sosiyete isanzwe ikora sima zifashishwa mu kubaka umuhanda yamaganye ibi bikorwa by’ingabo za Kongo ibicishije mu…

Read More

Umukinnyi w’Ikipe y’Igihigu Amavubi ukina i Burayi ikipe ye yamanutse mu kiciro cya Kabiri

Umukinnyi w’Ikipe y’Igihigu y’u Rwanda y’Umupira w’Amaguru Hakim Sahabo ikipe yari yaratijwemo yamaze kumanuka mu cyiciro cya Kabiri cy’Umupira w’Amaguru mu gihugu cy’Ububiligi aho akina kuri ubu. Uyu musore yatijwe muri iyi kipe yitwa Beerschot mu mezi atatu ashize mu isoko ry’Igura n’Igurisha ry’u kwezi kwa mbere kwa 2025, avuye mu ikipe ya Standard de…

Read More

Umutoza Darko Novic yagize icyo avuga ku bafana baririmbye indirimbo zimusaba kuva muri APR FC

Umutoza w’ikipe y’Ingabo z’Igihugu cy’u Rwanda (APR FC) yatangaje ko atigeze yumva abafana b’iyi kipe baririmba indirimbo zimusabira kwirukanwa ku mukino yatsinzemo iya Vision FC mu mukino w’umunsi wa 22 wa Shampiyona. Uyu mukino wabaye ku munsi w’ejo wa tariki 30 Werurwe 2025, kuri Kigali Pele Stadium, ni umukino iyi kipe yagiye gukina ibizi neza…

Read More

Walikale : Abataramenyekana umubare bapfiriye mu mirwano yahuje M23 na Wazalendo

Ku munsi wejo ku cyumweru tariki ya 30 Werurwe 2025 ,muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo mu gace ka Walikale haramutse imirwano ikomeye yahuje ingabo z’umutwe wa AFC /M23 ndetse n’inyeshyamba za Wazalendo . Amakuru agera kuri Daily Box yemeza ko iyi mirwano ahanini yaturutse ku bushotoranyi bw’igitero M23 yagabweho na Wazalendo mu gace gaherereyemo…

Read More

Kigali : Abagurisha gaze zitujuje ibiro bagiye kujya bakurikiranwa bahabwe ibihano

Umuyobozi w’ishami rishinzwe ingero n’ibipimo mu kigo cya RSB, Kabalisa placide yasabye abaturage kujya bagura gaze aruko imaze gupimwa, ubonye yatwaye ituzuye agatanga amakuru, abayimuhaye bagurikiranwa. Ni kenshi uzasanga abaturage bavuga ko  bitoroshye kumenya niba gaze yujuje ibiro cyangwa itabyujuje kuko batajya bapima, bityo rimwe na rimwe, bakobona gaze yabo ishize vuba Kandi yarakoreshejwe nkuko…

Read More