Mutesi Scovia yasabye Leta gushyiraho abajyanama b’ubuzima bakiri bato mu rwego kugabanya SIDA

kuri uyu wa kabiri tariki ya 1 Mata 2025 , Umunyamakuru Mutesi Scovia yasabye Leta ko yajya ishyiraho ba mujyanama bakiri bato kugirango urubyiruko rubisangemo rubake udukingirizo. Ubwo yari ari kuganiro n’abaturage bo mu Karere ka Kamongo, Umunyamakuru Mutesi Scovia, yasabye Leta ko yajya ishyiraho urubyiruko rw’abajyanama b’ubuzima kugirango bagenzi barwo babashe kubisangamo Mutesi yavuze…

Read More

Rwanda Music Billboard :TOMBE ya Element yaruyoboye naho Kavu Music , Olimah , Anne Marie na Ariel Wayz baca uduhigo

Kuri uyu wa kabiri tariki ya mbere Mata 2025 , ishami ry’imyidagaduro ry’ikinyamakuru Daily Box ryashyize hanze urutonde ngarukakwezi rw’indirimbo ijana zikunzwe mu Rwanda rw’ukwezi kwa Mata , Reka turebere hamwe iby’ingenzi wamenya kuri uru rutonde rwamaze gushyirwa ahagaragara . Uru rutonde rw’indirimbo ijana ruzwi nka ‘RWANDA MUSIC BILLBOARD HOT 100+’ ruyobowe n’indirimbo yitwa TOMBE…

Read More

Ikipe yakekwagaho kugurisha imikino yagabweho igitero n’abagizi ba nabi igihe yari mu myitozo

Abakinnyi b’ikipe ya Lobi Star FC iherereye mu mugi wa Makurd, muri Leta ya Benue muri Nigeria bagabwego igitero n’abagizi ba nabi bataramenyekana barabakubita babashinja kugurisha imikino. Ibi byabereye ku kibuga iyi kipe ikoreraho imyitozo kitwa Government Model Secondary School Pitch, aho aba bagabye iki gitego bahondaguye bikomeye abakinnyi, abatoza ndetse n’abandi bagize iyi kipe…

Read More

Rayon Sports yabonye umutoza mushya wungirije wo kuyifasha

Ikipe ya Rayon Sports yamaze gushyiraho Rwaka Claude nk’umutoza mushya wayo wungirije Umunya-Brazil Roberto Oliveira Gonçalves do Carmo “Robertinho” asimbuye Umunya-Tunisia, Quanane Selami. Mu minsi ishize nibwo uyu Munya-Tunisia yasubiye iwabo nyuma yo kutumvikana na Rayon Sports ku bijyanye n’imishahara nk’uko amakuru yabivuze, aho iyi kipe yambara ubururu n’umweru yari imubereyemo imishahara yayishyuza ntiyamuhe ahitamo…

Read More

Kongo irashaka guhangana n’umuhengeri uri mu mazi yogamo kandi itabishobora : Hon. Evode Uwizeyimana

Ubusesenguzi bwa Senateri Evode  Uwizeyimana kumyitwarire ya Congo mu gukemura ibibazo by’umutekano ifite. Ubwo yari ari mu kiganiro kuri televiziyo y’u Rwanda, Senateri Evode Uwizeyimana yavuze ko iyo arebye asanga Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo ibyo iri gukora, isa nkaho itazi ikerekezo kiyigeza kubisubizo by’ibibazo bafite. Yagize ati”  Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo, iri koga…

Read More

Manchester city yakiriye amakuru ateye nkeke kuri rutahizamu wayo !

Nyuma yo gutsinda ikipe ya Bournemouth mu mikino ya 1/4 cya (FA cup) rutahizamu w’ikipe ya Manchester city yagaragaye agendera mu mbago nyuma yo guhura n’ikibazo cy’imvune y’akagombambari yatumye adasoza uyu mukino. Ni umukino uyu mugabo ukomoka mu gihugu cya Noruveje(Norway) yatsinzemo igitego cya mbere muri 2-1 batsinze iyi kipe. Nyuma yo kugongana na Lewis…

Read More

Utavuga rumwe na Leta y’Ubufaransa agiye gufungwa anamburwe uburengazira bwo kwiyamamaza

Madame Marine Le Pen uzwiho kutavuga rumwe n’ubutegetsi bw’Ubufaransa yahamijwe ibyaha birimo kunyereza umtungo w’Umuryango w’Ibihugo by’Ubumwe bw’Iburayi, bituma atazabasha kwiyamamaza mu matora ari imbere. Urukiko rw’I Paris rwasomye umwanzuro warwo kuri uyu wa Mbere, rwemeza ko uyu Marine Le Pen, akatirwa imyaka ine irimo ibiri y’igifungo ndetse n’indi ibiri ari hanze acungishwa ikoranabuhanga. Ni…

Read More

U Rwanda na Seychelles byasinye amaserano y’ubufatanye ku rwego rw’amagereza

Kuri uyu wa Mbere taliki 31 Werurwe, komiseri mukuru w’urwego rushinze amagereza mu Rwanda komiseri RCS  CG Evariste Murenzi, yakiriye mugenze we ushinzwe amagereza mugihugu cya  Seychelles, basinyana amasezerano y’ubufatanye mukuzamura imikorere y’urwego rw’amagereza mu bihugu byombi. Umuvugizi w’Urwego rushinzwe Igorora mu Rwanda CSP Thérèse Kubwimana, yabwiye Itangazamakuru ko murwego rwo guteza imbere imikorere y’uru rwego,   Seychelles yegereye u Rwanda kugirango habeho…

Read More

Umutoza Ruben Amorim yatoboye avuga kuri Marcus Rashford yarekuye none akaba ari kwitwara neza

Umutoza w’Umunya-Portigal Ruben Amorim utoza Manchester United yatangaje ko yishimira iteka ko umukinnyi batije muri ekipe runaka yitwara neza gusa ko ntabyinshi yavuga ku mukinnyi utari uwe. Ibi yabigarutseho ubwo yagarukaga kuri rutahizamu Marcus Rashford iyi kipe yatije mu ikipe ya Aston villa mu kwezi kwa mbere mu isoko ry’Igura n’Igurisha ryaho, nyuma yo kutumvika…

Read More