Perezida wa Rayon Sports yasubije Munyakazi Sadate uherutse gutangaza ko yifuza kugura iyi kipe

Perezida w’ikipe ya Rayon Sports Twagirayezu Thadee yatangaje ko ikipe ya Rayon Sports itagurishwa nyuma y’uko uwigeze kuyiyobora Bwana Munyakazi Sadate atangaje ko yiteguye kuyigura ayitanzeho Miliyari 5 z’amafanga y’u Rwanda Mu minsi ishize ubuyobozi bushya bwa Rayon Sports bwasimbuye ubwa perezida Uwayezu Jean Fidele, bwatangije umushinga wa Rayon Sports LTD ugamije guha rugari ababishaka…

Read More

Perezida wa Koreya yepfo yahiritswe ku butegetsi

Urukiko rushinzwe kurengera itegekonshinga rwo muri koreya rwafashe umwanzuro wo gukura ku butegetsi Perezida Yoon Suk Yeol nyuma yo gushyiraho itegeko riha igisirikare ububasha bwo kuyobara Igihugu. Urukiko rwategetse ko Yoon ahita ava muri perezidansi ndetse hagatangira no gushakwa uzahita amusimbura kuri uyu mwanya wo kuba umukuru w’igihugu mugihe cy’amezi ane nyuma yo kuva kubutegetsi….

Read More

DRC yemeranije na USA kugurana amabuye y’agaciro yayo nayo ikayitsinsurira burundu M23

Leta zunze Ubumwe z’Amerika zatangaje ko iki gihugu cyamaze kwakira ubusabe bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo bwo gusinya amasezerano y’ubufatanye mu bijyanye no gucukura amabuye y’agaciro aboneka muri kiriya gihugu nabo bakabafasha kurwanya imitwe yitwaje intwaro ihungabanya umutekano muri kiriya gihugu . Ubwo yari mu ruzinduko rw’akazi muri DRC , Umujyanama mukuru mu bibazo…

Read More

Goverinoma y’u Rwanda yemeje urupfu rwa Alain Mukuralinda wari umuvugizi wayo wungirije

Goverinoma y’u Rwanda yemeje urupfu rwa Alain Mukuralinda wari umuvugizi wungirije wa Goverinoma y’u Rwanda, witabye Imana kuri uyu wa Gatanu wa tariki 04 Mata 2025, azize guhagarara k’umutima. Goverino y’u Rwanda Kandi yatangaje ko yitabiye Imana mu bitaro Byitiriwe Umwami Faisal(KFH), iboneraho no kwihanganisha umuryango we, inshuti ze, ndetse n’abagize amahirwe yo gukorana nawe….

Read More

Amerika igiye gufatanya na Tshisekedi bakemure ikibazo cy’umutekano muke muri DR.Congo

Umujyanama wa mbere wa Perezida Donald Trump mu bibazo by’umugabane w’Afurika yatangaje ko Leta zunze Ubumwe z’Amerika zirajwe ishinga no gushyira iherezo ku kibazo cy’umutekano muke ukomeje kurangwa mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo . Ubwo yari i Kinshasa ku munsi wejo tariki ya 3 Mata , Massad Boulos usanzwe ari umujyanama mukuru…

Read More

FIFA na CAF bashobora gufatira ibihano bikakaye igihugu cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo

Impuzamashyirahamwe y’aruhago ku isi “FIFA” ifatanyije n’iyo ku mugabane wa Africa “CAF” biteganyijwe ko bagomba gufatira ibihano igihugu cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo kubera kuvanga umupira w’amaguru na Politiki. Muri uyu mwaka wa 2025 , Leta ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo ihanganye n’umutwe witwaje intwaro wa M23 ukaba no mwihuriro ryiyise Alliance Fleuve…

Read More

Perezida wa Barcelona yibasiye bikomeye ikipe ya Real Madrid ashinja kubuza uburyo ikipe ye!

Perezida w’ikipe ya Barcelona Joan Laporte yijunditse Real Madrid ko ariyo iri inyuma y’ibikorwa bishaka kubuza Dani Olmo na Pau Victor gukomeza gukina , akemeza ko batazigera babigeraho. Mu minsi ishize nibwo amakuru yabaye menshi ko aba bakinnyi bombi bashobora kutazakinira Barcelona mu gice cya Kabiri cy’umwaka w’imikino kubera ubushobozi Barcelona butayemereraga kwandikisha aba bakinnyi…

Read More

Perezida Paul Kagame yavuze ko Ubwenge buhangano (AI) bukoreshejwe  nabi muri politike z’ibihugu byaba bibi kurushaho

Ubwo yagezaga ijambo ku bitabiriye inama ivuga uruhare rw’ubwenge buhangano (AI) mwiterambere ry’ubukungu bw’Afurika, Perezida Paul Kagame yavuze ko nubwo ubu bwenge buhangano ari ingenzi cyane ku iterambere ry’uyu mugabane, bukoreshejwe nabi byabyara ikintu kibi. Yagize ati” mfite ikizere ko dufatanyije, bishoboka yuko twakoresha neza ubu bwenge buhangano, ndetse no mu mibanire y’ibihugu byacu, nizera…

Read More

FIFA yatangaje igihugu cyizakira igikombe cy’isi cyo muri 2035

Ubwami bw’Abongereza bwemerewe n’impuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru ku isi (FIFA) guhatana bwonyine mu kuzakira igikombe cy’isi cy’abagore giteganyijwe muri 2035, ndetse hakaba hahise hemezwa ko ibihugu bya Leta zunze ubumwe z’Amerika na Mexique nabyo bishobora kwihuza mu guhatanira kwakira irushanwa nkiryo muri 2031. Ubwo habaga inama ya 49, y’impuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru ku mugabane w’uburayi (UEFA), perezida…

Read More