Amerika yatesheje agaciro visa z’abaturage ba Sudani yepfo
Umunyamabanga mukuru wa Leta zunze ubumwe za Amerika, Marco Rubio, yatangaje ko Amerika igiye gutesha agaciro viza zahawe abafite pasiporo bose bakomoka muri Sudani y’Amajyepfo kubera ko iki gihugu cyanze kwakira abaturage bacyo birukanwe muri Amerika. Ku munsi wejo ku wa gatandatu tariki ya 6 Werurwe ,nibwo Rubio yemeje ko Amerika igiye gutesha agaciro kandi…