AGEZWEHO : Hatangajwe ugomba gusimbura Joao Lourenco ku nshingano zo guhuza u Rwanda na DR.Congo

Umuryango w’Afurika yunze ubumwe watangaje ko Perezida wa Togo , Faure Gnassingbe yahawe inshingano zo kuba umuhuza mushya mu biganiro bigamije kugarura amahoro mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo . Perezida Faure agiye kuri uyu mwanya asimbuye mugenzi we wa Angola Joao Lourenco uherutse kwegura kuri uyu mwanya aho yemezaga ko akeneye umwanya…

Read More

Abafana ba Rayon Sports bakomeje kwinubira umusaruro udahwitse ukanagerwa ku mashyi wa Khadime Ndiaye

Umuzamu ukomoka mu gihugu cya Senegal urindira Rayon Sports Khadime Ndiaye, akomeje kwibazwaho n’abafana ba Rayon Sports bamushinja kugira umusaruro muke no gukora amakosa menshi biri mu byatumye iyi kipe itakaza amanota ku mikino itandukanye bigeretseho n’umwanya wa mbere. Kuri uyu wa Gatandatu wa tariki 05 Mata 2025, ikipe ya Rayon Sports kuri sitade Umuganda…

Read More

DRC : Umuyobozi w’abatavuga rumwe n’ubutegetsi yarezwe gufatanya na M23 kwica abasivili

Guverinoma ya Repubilika Iharanira Demokarasi ya Kongo yatangaje ko ikomeje inzira zisabwa zigamije gukurikirana mu nkinko abayobozi babiri batavuga n’ubutegetsi buriho bakekwaho gufatanya n’umutwe wa M23 mu bikorwa by’ubwicanyi byabaye mu ntara ya Kivu zombi . Mu itangazo ryashyizwe ahagaragara ku munsi wejo ku wa gatandatu Minisitiri w’ubutabera Constant Mutamba yategetse umushinjacyaha mukuru wa FARDC…

Read More

Abafana ba Rayon Sports bijunditse ubuyobozi bw’iyi kipe nyuma yo gutakaza umwanya wa mbere

Abafana ba Rayon Sports barakariye ubuyobozi bwayo nyuma yo gutakaza umukino wa Marine FC banganyijemo ibitego bibiri kuri bibiri(2-2) babushinja kuba butaraguze abakinnyi beza mu kwezi kwa mbere. Ikipe ya Rayon Sports yari imaze igihe kirekire iyoboye urutonde rwa Shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Rwanda , APR FC kuva uyu mwaka w’imikino watangira yari itarayobora…

Read More

MUSANZE : abagororwa basabwe kwitwara neza mu gihe cyo kwibuka

Mu igororero rya Musanze habereye igiterane cy’ivugabutumwa ry’ itorero ADEPR cyakorewemo umuhango w’umubatizo no kwakira abakiristu bashya hanatangwa inkunga y’ibikoresho bitandukanye ku bahagororerwa. Muri iki giterane cyari cyitabiriwe na Réverend Pasteur SAFARI Wilson, umushumba w’ururembo rwa Muhoza habereyemo imihango itandukanye, aho abagororwa 33 babatijwe, 7 barakirwa ndetse n’abandi 4 barasengerwa. Iki  giterane kandi cyari cyanitabiriwe…

Read More

Abatwara ibinyabiziga basabwe korohereza abanyeshuri bagiye mu biruhuko

Polisi y’u Rwanda irasaba ibigo by’amashuri, ibigo bitwara abagenzi n’izindi nzego zitandukanye zifite aho zihuriye n’ingendo z’abanyeshuri bava ku mashuri basubira mu miryango yabo, kuborohereza kugira ngo ntihabeho ubukererwe n’izindi mbogamizi zababangamira mu rugendo.  Abanyeshuri baragirwa inama yo kubigiramo uruhare bambara umwambaro w’ishuri ubaranga, ababyeyi babo nabo bagakurikirana urugendo rw’abana babo kugeza bageze mu miryango….

Read More

Nyanza : Umusore yiyemereye ko yasambanije umwana w’imyaka 5 kubera ubusinzi

Umusore wo mu karere ka Nyanza  ukurikiranyweho icyaha cyo gusambanya umwana w’imyaka 5 y’amavuko yemereye ubushinjacyaha ko yuko yabikoze ariko yabitewe nuko yari yasinze bikabije . Uyu musore w’imyaka 18 ukora akazi k’ubushumba ukekwaho icyaha cyo gusambanya umwana w’imyaka 5 y’amavuko , ubushinjacyaha bwemeza ko yabikoze  ku itariki ya 23 Werurwe 2025 mu mudugudu wa…

Read More

DRC : abantu babiri bapfiriye mu mirwano yahuje M23 na Wazalendo

Abantu bagera kuri babiri baburiye ubuzima ,abandi bataramenyekana umubare bakomerekera mu mirwano yashyamiranishijemo umutwe wa M23 ndetse na Wazalendo mu gace ka Masisi mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo. Nkuko ubuyobozi bw’ibitaro bikuru bya Masisi bwabitangaje , ngo abantu barenga icumi nibo bamaze kugana ibi bitaro bafite ibikomere byatewe no…

Read More

Mu Bufaransa hateganyijwe imyigaragambyo yo kwamagana umushinga wa Visit Rwanda uhuje u Rwanda na PSG

Kuri iki Cyumweru tariki 06 Mata 2025, biteganyijwe ko i Paris mu Bufaransa kuri sitade ya Paris Saint Germain ‘Parc des Princes’ hazakorwa imyigaragambyo igamije kwamagana ubufatanye hagati ya Paris Saint Germain n’u Rwanda mu mushinga wa Visit Rwanda. Amakuru yanditswe n’ibitangazamakuru byo mu Bufaransa, avuga ko yateguwe n’abadepite bane bo mu ishyaka rya La…

Read More