Umupasiteri w’Umunyamerika yashimutiwe muri Afurika y’Epfo arimo kubwiriza

Ubuyobozi bwa sosiyete sivile mu gihugu cy’Afurika y’epfo bwatanagaje ko umupasiteri w’umunyamerika yashimuswe ubwo yarimo abwiriza mu rusengero n’abantu bitwaje imbunda ndetse banambaye impuzankano y’igisirikare cya Afurika y’epfo . Ku mugoroba wo ku munsi wo ku wa kane ,ubwo yashimutwaga ngo uyu mupasiteri witwa Josh Sullivan yarimo akora umurimo w’imana mu rusengero rw’Abatisita ruherereye muri…

Read More

#KWIBUKA 31 : Tariki ya 12 Mata 1994 , MDR-Power yahamagiriye Abahutu kwica Abatutsi

Ku munsi nk’uyu w’itariki ya 12  Mata mu 1994, Leta y’abicanyi yari ikomeje umugambi wayo mubisha wo gutsemba Abatutsi hirya no hino mu gihugu. Iyi nyandiko iragaragaza hamwe mu hantu hashoboye kumenyekana hiciwe Abatutsi kuri iyi tariki mu 1994. 1.         Fridouald Karamira na MDR-Power bahamagariye Abahezamguni b’Abahutu kwica Abatutsi Tariki ya 12/4/2020, Karemera Frodouald wa…

Read More

DRC : Wazalendo na FARDC bigaruriye imijyi 10 yari yarigaruriwe na M23

Indi mirwano ikomeye hagati y’abarwanyi ba FARDC bafatanije na Wazalendo bahangana na M23 yakomeje mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru n’Amajyepfo muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Kongo ndetse isiga ingabo za Kongo zigaruriye imijyi irenga icumi . Nubwo i Doha mu gihugu cya Qatar hari kubera ibiganiro by’amahoro hagati ya leta ya Kinshasa n’umutwe w’inyeshyamba za…

Read More

Dr. Bizimana yerekanye ubugome ndengakamere bwa Gatete Jean Baptiste wari Burugumesitiri wa Komini Murambi

Minisitiri Dr Bizimana yagarutse ku bugome bwaranze Gatete Jean Baptiste wari Burugumesitiri wa Komini Murambi, wayoboye ubwicanyi bw’indengakamere bwakorewe Abatutsi muri Segiteri Rwankuba mu 1991. Ibi yabitangaje  kuri uyu wa Gatanu, ubwo yari yifatanyije n’abaturage b’i Gatsibo mu gikorwa cyo Kwibuka ku nshuro ya 31 ku Rwibutso rwa Jenoside rwa Kiziguro mu yahoze ari Komini Murambi. Dr….

Read More

Ujya gukira indwara arayirata ,Jenoside nayo ni indwara, ni virusi, ni politiki mbi  : Minisitiri Dr. Bizimana

Minisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu, Dr Bizimana Jean Damascène, yavuze ko uburyo bwiza bwo kurinda ko Jenoside yakorewe Abatutsi itazongera kuba ukundi, ari ukuyibwira abato uko yateguwe ikanashyirwa mu bikorwa. Ni ubutumwa yatanze kuri uyu wa Gatanu, ubwo yari yifatanyije n’abaturage b’i Gatsibo mu gikorwa cyo Kwibuka ku nshuro ya 31 ku Rwibutso rwa Jenoside…

Read More

Kuzirikana aya mateka bidufasha gukomeza kubaka u Rwanda ruzima : Madame Jeannette Kagame

Madamu Jeannette Kagame yavuze ko kwibuka abazize Jenoside yakorewe Abatutsi ari intango y’ubumwe n’ubudaheranwa by’Abanyarwanda. Mu butumwa yageneye Abanyarwanda muri ibi bihe byo Kwibuka ku nshuro ya 31, yavuze ko badakwiye gucika intege mu gukomeza gusobanura ukuri kw’amateka nubwo hashize imyaka 31 bakiyasobanura. Ubu butumwa bwanyujijwe ku rukuta rwa X rwa Unity Club Intwararumuri, Madamu…

Read More

Intambara y’ubucuruzi : Ubushinwa bwazamuye imisoro ku bicuruzwa byose biva muri USA ku kigero cya 125 %

Ubushinwa bwatangaje ko bugiye kuzamura ijanisha ry’imisoro yacibwaga ibicuruzwa byose byinjira muri iki gihugu biturutse muri leta zunze ubumwe z’Amerika kugera ku kigero 125 ku ijana, ndetse ibi birushaho kuzamura ubukana bw’intambara y’ubucuruzi hagati y’ibi bihugu bibiri bifite ubukungu  bukomeye ku isi kugeza ubu . Kuri uyu wa gatanu tariki ya 11 Mata 2025 ,…

Read More

Ukuri ku makuru avugwa ko Barack Obama wabaye perezida wa Amerika yaba agiye gutandukana n’umugore we

Michelle Obama akaba umugore wa Barack Hussein Obama wayoboye Leta Zunze Ubumwe z’Abanyamerika manda ebyiri, yanyomoje amakuru yavugwaga ko agiye gutandukana n’umugabo we bamaranye imyaka 33 basezeranye kubana nk’umugabo n’umugore. Ibitangazamakuru byinshi, cyane ibyo muri Amerika byandikaga iyi nkuru bishingiye kuba amaze igihe kirekire atagaragara mu ruhame hamwe n’umugabo we , ibirori Barack Obama yitabiriye…

Read More

M23 yashinje FARDC ,Wazalendo n’ingabo z’u Burundi guhonyora agahenge k’imirwano kemeranijweho

M23 yashinje FARDC ,Wazalendo n’ingabo z’u Burundi guhonyora agahenge k’imirwano kemeranijweho Ihuriro rya Fleuve Allaince du Congo (AFC / M23) ryagaragaje ko rihangayikishijwe cyane n’ihohoterwa  rikomeje gukorwerwa nkana abanyamulenge rigakorwa n’ubutegetsi bwa Kinshasa , ingabo z’u Burundi n’indi mitwe bafatanije nka Wazalendo muri iki gihe cy’agahenge kemeranijweho n’impande zombi . Mu itangazo ryashyizwe ahagaragara n’umuvugizi…

Read More

Ibiciro ku masoko y’u Rwanda byongeye kuzamuka

Ikigo cy’Ibarurishamibare mu Rwanda, National Institute of Statistics of Rwanda(NISR), cyagaraje ko ibiciro ku masoko y’u Rwanda bikomeje kuzamuka Kandi mu bintu bitandukanye birimo ibyo kurya , ibinyobwa bidasembuye, iby’ingufu nka gazi , amaresitora ndetse n’iby’ingendo. Ibi bikubiye muri raporo y’iki kigo igaragaza ihindagurika ry’ibiciro ku masoko y’u Rwanda, ndetse n’itakaza gaciro k’ifaranga ry’u Rwanda…

Read More