Hari abanyamakuru bacyitwara nka ba Ngeze Hassan wa RTLM  : Umuyobozi wa Pax Press

Umuyobozi w’Umuryango w’Abanyamakuru baharanira Amahoro, Pax Press, Twizeyimana Albert Baudouin, yavuze ko hakiri abanyamakuru bitwara nka ba Ngeze Hassan mu kubiba urwango no kubiba ingengabitekerezo ya Jenoside. Ibi uyu muyobozi yabitangarije mu kiganiro yagiranye na televiziyo y’igihugu ahanini cyagarukaga ku ruhare rw’itangazamakuru muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Bwana Twizeyimana Albert Baudouin usanzwe uyobora umuryango…

Read More

Kigali : Hatanzwe umuburo w’imyuzure  ndetse n’inkangu bishobora kwibasira u Rwanda

Ikigo cy’igihugu gishinzwe ubumenyi bw’ikirere  [Meteo Rwanda ] cyaburiye abanyarwanda ko hateganijwe imvura nyinshi ishobora kuzateza inkangu n’imyuzure, guhera mu ijoro ryo ku ya 11 kugeza ku ya 13 Mata, mu duce two mu Mujyi wa Kigali, Intara y’Amajyaruguru n’Intara y’Uburengerazuba ndetse no mu turere twa Nyamagabe na Nyaruguru two mu Majyepfo . Ku mugoroba…

Read More

Umwana w’imyaka 13 ukomoka muri Ukraine yanze guha ikiganza ndetse no kwifotoranya n’ukomoka mu Burusiya

Umwana w’imyaka 12 ukomoka mu gihugu cya Ukraine yanze kwifotoranya , guhagararana ndetse no guhana ibiganza n’ukomoka mu gihugu cy’Uburusiya kubera intambara Uburusiya bwasoje kuri Ukraine na n’ubu ikaba irimbanyije. Kuva tariki 24 Gashyantare 2022 , igihugu cy’Uburusiya cyagabye ibitego kuri Ukraine biturutse ku makimbirane hagati y’ibi bihugu yo muri 2014, na mbere y’aho, kuva…

Read More

DRC : UNICEF yashinje M23  uruhare mu ifatwa ku ngufu ry’abana bato

Ishami ry’umuryango w’abibumbye ryita ku bana (UNICEF) ryagaragarije mu kiganiro n’abanyamakuru cyabaye ku ya 11 Mata 2025 i Geneve mu Busuwisi ko umwana umwe w’Umunyekongo afatwa ku ngufu buri minota 30 mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo (DRC). Umuvugizi wa UNICEF, James Elder, yatangaje kandi ko ibyaha bigera ku 10,000 by’ihohoterwa rishingiye ku…

Read More

Uko byifashe nyuma yo gukozanyaho hagati y’igisirikare cya Congo na M23 mu nkengero za Goma

Ihuriro AFC ribarizwamo umutwe witwaragisirikare wa M23 watangaje ko ituze ryagarutse mu mugi wa Goma nyuma y’uko igisirikare cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo n’imitwe bafatanyije bagabye ibitero mu nkengero z’umugi wa Goma. Ibi byabaye mu ijoro ryakeye ryo ku wa Gatanu tariki 12 Mata 2025, aho FARDC, FDLR na Wazalendo bagerageje kwataka uyu mugi…

Read More

Visi Perezida wa Sena yahaye urubyiruko umukoro wo kunyomoza abahakana jenoside

Visi Perezida wa Sena y’u Rwanda, Nyirahabimana yatangaje ko hakigaragara Abanyarwanda ndetse n’Abanyamahanga bakwirakwiza ingengabitekerezo ya jenoside kandi bahakana bakanapfobya Jenoside yakorewe Abatutsi ndetse asaba urubyiruko kubavuguruza . Ni ubutumwa Visi Perezida wa Sena y’u Rwanda, Nyirahabimana yagejeje ku bitabiriye igikorwa cyo Kwibuka ku nshuro ya 31 cyabereye ku Urwibutso rwa Jenoside rwa Ndera rushyinguyemo…

Read More

U Rwanda rwerekanye ko Afurika ikwiye umwanya uhoraho mu kanama ka Loni gashinzwe umutekano

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane Amb Olivier Nduhungirehe, yasabye ko Umugabane wa Afurika wagira imyanya ibiri ihoraho mu kanama k’umuryango w’Abibumbye gashinzwe umutekano kugira ngo ugire ijambo ku Isi muri rusange. Amb Olivier Nduhungirehe yabigarutseho kuri uyu wa Gatandatu  tariki ya 12 Mata mu nama mpuzamahanga ya dipolomasi (Antalya Diplomacy Forum) iri kubera muri Turukiya.  Minisitiri…

Read More

Nta gihugu na kimwe gikwiye guhagarika cyangwa gufatira icyemezo  isi yose : Amb . Nduhungirehe

Minisitiri w’ububanyi n’amahanga n’ubutwererane , Amb. Olivier Jean Patrick  Nduhungirehe yatangaje ko umugabane wa Afurika ugomba kwishakamo ibisibuzo byo gukemura ibibazo ufite udategereje kujya gushaka ubufasha bw’amahanga . Ibi Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Olivier Nduhungirehe, yabitangaje kuri uyu wa gatandatu tariki ya 12 Mata 2025  muri Türkiye aho yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga kuri Dipolomasi, Antalya Diplomacy…

Read More

Nigeria yahagaritse icurangwa ry’indirimbo ivuga imiyoborere mibi ya perezida Tinubu

Guverinoma ya Nijeriya yategetse  ibitangazamakuru byose bikorera ku butaka bw’iki gihugu guhagarika gucuranga indirimbo yiswe ‘Bwira papa’ yumvikanamo ,amagambo anenga imiyoborere ya perezida Tinubu  Bola Muri iyi ndirimbo y’umuhanzi Eedris Abdulkareem yumvikanamo amagambo yamagana Perezida Bola Tinubu anasaba umuhungu we witwa Seyi Tinubu, kumenyesha se ko abantu bari  gupfa kubera inzara n’umutekano muke ukomeje kurangwa…

Read More