Umuramyi Patient Bizimana yakiranywe ubwuzu  aho agiye gutaramira  

Umuhanzi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Patient Bizimana yamaze kugera mu Mujyi wa Ottawa aho yitegura ibitaramo Pasika (Easter Celebration) bigomba kubera mu Mujyi wa Ottawa tariki 19 Mata na Montreal tariki 20 Mata 2025. Ibi bitaramo bizabera muri Canada, Patient Bizimana azafatanya n’abahanzi bamamaye mu ndirimbo ziramya zikanahimbaza Imana, harimo Serge Iyamuremye ndetse…

Read More

Minisitiri Dr Bizimana yagaragaje uruhare rwa perezida Habyarima mu itsembwa ry’abatutsi i Kibeho

Minisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu, Dr Bizimana Jean Damascène yagaragaje ko mu 1992 Perezida Habyarimana yohereje muri Gikongoro na Komisiyo yo ku rwego rwa Perefegitura igizwe n’abantu 15 biganjemo ab’iwabo muri Gisenyi na Ruhengeri, bahabwa inshingano yo kuyobora ubukangurambaga bwa Jenoside, gutoza Interahamwe n’Impuzamugambi zatsembye Abatutsi mu 1994. Ibi Minisitiri, Dr Bizimana Jean Damascène, yabitangaje…

Read More

MONUSCO yahakanye ibyo gukorana na FARDC mu kuzatera M23 muri Goma

Ubuyobozi bw’ubutumwa bw’Umuryango w’abibumbye bwo kugarura amahoro muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo [ MONUSCO] bwahakanye amakuru akomeje gukwirakwira avuga ko ku bufatanye na leta ya Kinshasa bari gutera kugaba ibitero simusiga bigamije kongera kwigarurira umujyi wa Goma umaze iminsi amezi warigaruriwe na M23 . Mu itangazo ryashyizwe ahagaragara ku cyumweru cya tariki ya 13…

Read More

Perezida wa Rayon Sports yavuze impamvu nyamukuru yatumye Robertinho ahagarikwa

Umuyobozi w’ikipe ya Rayon Sports Twagirayezu Thadee yatangaje ko impamvu y’ihagarikwa rya Roberto Oliveira Gonçalves do Carmo ‘Robertinho’ rishingiye ku musaruro ugerwa ku mashyi amaze iminsi abona bivuguruza itangazo ryari ryanyujijwe ku mbugankoranyambaga z’iyi kipe. Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere wa tariki 14 Mata 2025, nibwo abinyujije ku mbugankoranyambaga zayo Rayon Sports yamenyesheje…

Read More

RIB yerekanye ko abagera kuri 87 bagaragaweho ingengabitekerezo ya jenoside mu cyunamo gusa

Umuvugizi w’Urwego rw’igihugu rw’Ubugenzacyaha [ RIB] yatangaje ko abantu barenga 87 aribo bagaragaweho ibyaha by’ingengabiterekezo ya jenoside n’ibindi byaha bifatanye isano mu gihe k’icyumweru cy’icyunamo cyo kwibuka jenoside yakorewe abatutsi ku nshuro ya 31 . Urwego rw’Ubugenzacyaha rwemeje ko nibura rwakiriye amadosiye 82 y’ibyaha by’ingengabitekerezo ya jenoside ndetse n’ibindi biyishamikiyeho birimo ibijyanye no kugarura amacakubiri…

Read More

Real Madrid yagaragaje ko yifuza bikomeye umukinnyi wo hagati muri Liverpool

Izina Alexis Mac Allister ry’umunya-Arijantina ukina hagati muri Liverpool riri mu mazina ari gushyushya imitwe y’abakomeye mu ikipe ya Real Madrid, nkuko tubikesha ibinyamakuru by’imikino bitandukanye. Mac Allister ufatwa nk’umwe mu bakinnyi bo hagati bahagaze neza, nyuma yo kwigaragaza mu mikino y’uyu mwaka wa shampiyona, yamenyekanye cyane muri 2022, haba mu mikino y’igikombe cy’isi ikipe…

Read More

Manchester united iracyatera ijisho ku igaruka ry’uwahoze ari umukinnyi wayo

Mu ikipe ya Manchester United haravugwamo inkuru y’igaruka ry’uwahoze ari umunyezamu wayo David De Gea, biteganywa ko yagarurwa ku kibuga Old Trafford mu mpeshyi y’uyu mwaka Uyu mugabo ukomoka mu gihugu cya Esipanye yabashije gukina imyaka 12, mu ikipe ya Manchester United mbere yuko arekurwa mu mpeshyi ya 2023, ubwo amasezerano ye y’akazi yarageze ku…

Read More

Ubuyobozi bwa karere ka Rutsiro bugeretse na gitifu w’umurenge baherutse kwirukana

Ubuyobozi bwa karere ka Rutsiro buherutse kwirukana mu buryo bwa burundu , umuyobozinshigwabikorwa w’umurenge wa Manihira, Basabose Alex, bumuziza kutuzuza inshingano neza ndetse n’amakosa mu kazi ya hato na hato. Ku itariki 09 Mata 2025, nibwo ubuyobozi bw’akarere bwandikiye uyu muyobozi bumumenyesha ko yakuwe mu nshingano ndetse ko agomba gukora ihererekanyabubasha n’ugomba kumusimbura bitarenze ku…

Read More