Perezida Tshisekedi yabonanye n’ugomba gukemura ikibazo afitanye n’u Rwanda
Ku munsi wejo ku wa gatatu, tariki ya 16 Mata 2025 , Perezida Félix Tshisekedi na Faure Essozimna Gnassingbé wa Togo bagiranye ibiganiro byabo bya mbere nyuma yaho uyu muyobozi wa Togo agizwe umuhuza w’Umuryango w’Ubumwe bw’Afurika mu bibazo byugarije uburasirazuba bwa DRC. Nkuko tubikesha Perezidansi ya Kongo , ngo iyi nama yabaye mu bwiru…