Umutoza wa Rayon Sports ‘Robertinho’ ari gutakamba ngo yishyurwe amezi atatu y’umushahara we

Umutoza ukomoka mu gihe cya Brazil Roberto Oliveira Gonçalves do Carmo “Robertinho” arishyuza Rayon Sports amafaranga y’amezi atatu mu gihe iyi kipe yamaze kumuhagarika igihe kingana na mezi abiri adatoza kubera umusaruro muke. Mu gitondo cyo ku wa 14 Mata 2025, nibwo perezida wa Rayon Sports Twagirayezu Thadee yemeje ihagarikwa rya Robertinho kubera umusaruro muke…

Read More

Mukura VS yatangaje ko idakwiye kubazwa igenda ry’umuriro ku mukino bakiriyemo Rayon Sports

Ikipe ya Mukura VS , yandikiye Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda “FERWAFA” basobanura ko bo badakwiye kubazwa iby’igenda ry’umuriro ku mukino wabahuje na Rayon Sports ukaza guhagarara ku munota wa 27′ kuko ibyabaye ari impanuka. Wari umukino wa kimwe cya Kabiri w’Igikombe cy’Amahoro cya 2024-2025, harebwa ikipe igomba gukina umukino w’anyuma muri iki gikombe, uzarokoko…

Read More

FERWA yagize icyo itangaza ku isanganya ryabaye ku mukino wa Mukura VS na Rayon Sports

Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda “FERWAFA” ryatangaje ko ryakiriye raporo yavuye ku mukino wahuje Mukura VS na Rayon Sports nturangire kubera izima ry’amatara, bityo ikaba yashyikirijwe komisiyo ishinzwe amarushanwa ngo iyigeho. Kuri uyu wa Kabiri wa tariki 16 Mata 2025, nibwo ikipe ya Mukura VS yari yakiriye iya Rayon Sports mu mukino wa kimwe cya…

Read More

Nyarugenge : Umugore yasutseho umugabo we isafuriya yuzuye isombe ishushye

Kuri uyu wa gatatu tariki ya 16 Mata 2025, ubushinjacyaha bwatangaje ko bukurikiranye ikirego  cy’umugore w’imyaka 38, utuye mu karere ka Nyarugenge wakomerekeje umugabo we w’imyaka 40 amusutseho isombe ishushye.  Ubushinjacyaha ku Rwego Rwisumbuye rwa Nyarugenge bwaregeye Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge dosiye iregwamo umugore w’imyaka 38, utuye mu murenge wa Kimisagara akarere ka Nyarugenge wakomerekeje…

Read More

Abatwara ibinyabiziga bibukijwe ko kwitwararika birinda impanuka muri ibi bihe by’imvura

Polisi y’u Rwanda iributsa abakoresha umuhanda by’umwihariko abatwara ibinyabiziga, kwitwararika muri ibi bihe by’imvura nyinshi mu rwego rwo kwirinda impanuka ziturutse ku bunyereri bw’imihanda, ibidendezi by’amazi, ibihu ndetse n’inkangu. Ikigo cy’igihugu gishinzwe ubumenyi bw’ikirere (Meteo Rwanda), cyatangaje ko mu gice cya 2 cy’ukwezi kwa Mata 2025, mu Rwanda hateganyijwe imvura iri hagati ya milimetero 50…

Read More

Hatangajwe ibihano bigiye guhabwa kylian Mbappe mbere yo kwesurana na Arsenal

Ku cyumweru gishize ikipe ya Real Madrid iherutse gusoza umukino wayo na Alaves nabi nyuma y’itangwa ry’ikarita itukura kuri rutahizamu wayo Kylian Mbappe mu gice cya mbere. Ni igice cya mbere cy’umukino cyari kibereye ijisho, ni nyuma kandi y’igitego cya myugariro Raul Ascensio, cyanzwe ndetse kikaza gukurikirwa n’icya Eduardo Camavinga, we waherukaga igitego muri shampiyona…

Read More

Dore ubudasa bwa GLES  mu guhuza abifuza kwiga hanze y’u Rwanda na Kaminuza bashaka kwigamo

Ikigo Global Linked Education services [GLES] kiravuga ko Abanyeshuri bo mu Rwanda bifuza kwiga hanze badakwiye kugira impungenge izo arizo zose , kuko imbogamizi bahuraga nazo zo gushaka za Kaminuza bigamo zabonewe umuti urambye. Kuri ubu  GLES ihuza Abanyeshuri bo mu Rwanda bifuza kwiga hanze ikabashakira za Kaminuza nziza mu Burayi, Amerika na Canada ndetse…

Read More

Hatangajwe abakinnyi babiri batazakomezanya na Rayon Sports uyu mwaka w’imikino n’urangira

Ikipe ya Rayon Sports biravugwa ko igomba kuzatandukana na Kapiteni wayo Muhire Kevin na Serumogo Ally , uyu mwaka w’imikino wa 2024-2025 n’urangira , umwe kubera umusaruro muke undi kubera ibitari kumvikanwaho. Rayon Sports iri mu bibazo byinshi muri iyi minsi birimo kubura umusaruro, ndetse n’iby’ubushobozi , iherutse Kandi gutangaza ko yahagaritse abatoza bayo babiri,…

Read More