CAF yahanishije Patrice Motsepe uyiyobora gutanga amadolari  100,000

Impuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru muri Afurika (CAF) yaciye akayabo k’amadorari asaga 100,000  perezida wayo Patrice Motsepe kubera imvururu zikomeye  zatewe n’abafana ba Mamelodi Sundowns  zabaye mu mukino  wa CAF Champions League wabahuje na Esperanse de Tunis . Mamelodi Sundowns, isanzwe ifitwe n’umukire akaba na perezida wa CAF  ,Patrice Motsepe yahanishijwe gutanga aka kayabo kubera ko yarenze…

Read More

Iki si igihe gikwiye cyo kuganira ku hazaza hange : Xabi Alonso ku byo kwerekeza muri Real Madrid

Umutoza w’ikipe ya  Bayer Leverkusen Xabi Alonso yahakanye ibyo kwerekeza muri Real Madrid  nyuma y’amakuru menshi akomeje gucicikana yemeza ko ashobora kujya gusimbura Carlo Ancelotti wayitozaga uri mu nzira zisohoka . Bimwe mu binyamakuru birimo Madrid Xtra byemeza ko uyu wahoze ari mukinyi w’iyi kipe y’ibwami  ufite imyaka 43 ari mu bakandida  bakomeje kuza ku…

Read More

Kwibuka 31: Amb  Nduhungirehe yifatanije n’abanyehuye kwibuka abiciwe kuri Paruwasi ya Simbi

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Olivier Nduhungirehe, yifatanyije n’abaturage bo mu Karere ka Huye, mu gikorwa cyo Kwibuka ku nshuro ya 31 abazize Jenoside yakorewe Abatusti biciwe kuri Paruwasi ya Simbi. Kuri uyu wa gatanu tariki ya 18 Mata 2025 ,Abatuye mu Mirenge ya Simbi na Maraba n’abandi baturutse mu bice bitandukanye by’Igihugu, bitabiriye iki gikorwa…

Read More

Hagati ya FERWAFA na Rayon Sports ninde uzatsinda urugamba rwavutse hagati yabo?

Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda “FERWAFA” ryatangiye urugamba rwo gukemura ikibazo cyavutse ku mukino wa kimwe cya Kabiri cy’Igikombe cy’Amahoro hagati ya Mukura VS na Rayon Sports cyatewe n’ibura ry’umuriro ubwo umukino wari ugeze ku munota wa 27′ w’umukino. Ibi bikiba , ubuyobozi bwa Rayon Sports bwatangaje ko bizeye ko bazatera mpaga Mukura VS bisunze…

Read More

Perezida Kagame na mugenzi we wa Misiri baganiriye ku buryo bwo kugarura ituze muri DRC

Perezida Kagame yagiranye ikiganiro kuri telefoni na mugenzi we wa Misiri, Abdel Fattah El-Sisi, cyibanze ku kurushaho kwimakaza ubutwererane hagati y’u Rwanda na Misiri. Aya makuru yatangajwe n’Umuvugizi w’Ibiro bya Perezida wa Misiri,Amb Mohamed El-Shenawy, watangaje ko iki kiganiro cyabaye ku wa 17 Mata 2025, aho abakuru b’ibihugu byombi banaganiriye ku buryo butandukanye bwo kongerera…

Read More

Igisa nk’ikinamico mu mikino ya UEFA Europa league ya kimwe cya Kane

Imikino ya 1/2 cya UEFA Europa league yaraye imenyekanye nyuma y’irangira ry’imikino ya 1/4 ahanini yaranzwe no gutungurana harimo n’umukino w’amateka ikipe ya Manchester United yatsinzemo iya Olympic Lyonnais ibitego 5 kuri 4. Hafi y’amakipe yose uko ari 8 yakinaga imikino ya 1/4 muri UEFA Europa league yari azi abo bagomba guhura mu gihe yakomeje,…

Read More

MIFOTRA yemeje iminsi  ibiri y’ikiruhuko  

Minisiteri y’Abakozi ba Leta n’Umurimo (MIFOTRA) yashyize ahagaragara itangazo rigenewe abakozi n’abakoresha bose, ribamenyesha ko iminsi ibiri iri imbere izaba iminsi y’ikiruhuko ku rwego rw’igihugu. Nk’uko biri mu itangazo ryatanzwe, ku wa Gatanu tariki ya 18 Mata 2025, hazaba ari umunsi w’ikiruhuko mu rwego rwo kwizihiza Gatanu Mutagatifu.  Uyu ni umunsi w’ingenzi mu myemerere ya…

Read More

DRC yashinje LONI kutagira icyo ikora ku ihohoterwa rikorwa n’umutwe wa M23  n’u Rwanda

Minisitiri w’ububanyi n’amahanga n’ubutwererane mpuzamahanga na Francophonie wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya kongo yabwiye akanama k’umuryango w’abibumbye gashinzwe umutekano ku isi ko ntacyo kakoze ngo gahagarike ihohoterwa rikorwa na M23 n’u Rwanda muri Kivu y’Amajyaruguru n’Amajyepfo . Ibi Minisitiri w’ububanyi n’amahanga, ubutwererane mpuzamahanga na Francophonie, Thérèse Kayikwamba Wagner, yabitangeje ubwo  ku munsi wejo ku wa…

Read More