Amasosiyeti atwara abagenzi yibukijwe gufasha mu ngendo  abanyeshuri basubira ku ishuri

Guhera  ku munsi w’ejo ku wa Mbere, tariki ya 21 Mata, nibwo abanyeshuri batangiye gusubira ku bigo by’amashuri gutangira igihembwe cya gatatu cy’umwaka w’amashuri wa 2024/2025 mu turere dutandukanye tw’igihugu. Polisi y’u Rwanda irasaba abo bireba bose cyane cyane ibigo bitwara abagenzi mu buryo bwa rusange, abayobozi b’amashuri n’ababyeyi b’abana, gukora ibishoboka byose kugira ngo…

Read More

U Rwanda rwabonye umukino wa gicuti n’ikipe imaze kwegukana igikombe cya Afurika inshuro ebyiri

Ikipe y’igihugu y’u Rwanda y’Umupira w’Amaguru “Amavubi” izakina umukino wa gicutsi n’iya Algeria ku itariki 05 Kamena 2025, nk’uko Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru muri icyo gihugu ryabitangaje ribinyujije ku mbugankoranyambaga zaryo. U Rwanda ruheruka mu kibuga mu mikino ibiri yo gushaka itike y’Imikino y’Anyuma y’Igikombe cy’Isi cya 2026, kizabera muri Leta Zunze Ubumwe z’Abanyamerika, Canada na…

Read More

Hari abamazeho imyaka irenga 30; kubera iki abakoloni bashaka kwivugana Ibrahim Traore umaze imyaka itaruzura itatu ku butegetsi?

Captain Ibrahim Traore, akaba perezida w’igihugu cya Burkina Faso ni umwe muri baperezida bo muri Africa bari guhigwa n’ibihugu byo mu Burengerazuba bw’Isi , bashaka kumuvana ku butegetsi ari muzima cyangwa atari muzima, nyuma y’imyaka hafi itatu abaye perezida w’inzibacyuho w’igihugu cya Burkina Faso. Ibrahim Traore yagiye ku butegetsi nyuma yo guhirika Colonel Paul-Henri Sandaogo…

Read More

Rayon Sports yakebuye Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda ‘FERWAFA’

Ikipe ya Rayon Sports yakebuye Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda “FERWAFA” mu itangazo bacishije ku mbugankoranyambaga zayo aho yanemezaga ko izakina umukino wari wasubitswe kubera ibura ry’umuriro ryatewe n’iyangirika rya moteri, umukino uhagarara ku munota wa 27′. Muri iri tangazo, Rayon Sports, yavuze ko impamvu nyamukuru yatumye yemera gukina ari intego y’irushanwa “amahoro” bityo nka…

Read More

Agezweho : DRC yahagaritse burundu ishyaka rya Joseph Kabila

Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo yahagaritse ishyaka ry’uwahoze ari Perezida wayo Joseph Kabila Kabange, nyuma yuko imushinja ko afatanya n’umutwe w’inyeshyamba za M23 wigaruriye uduce twinshi two mu burasirazuba bw’igihugu mu ntangiriro z’uyu mwaka. Iri tegeko ryo guhagarika burundu  iri shyaka rya politiki rije mu gihe amakuru agera kuri Daily Box yemeza ko Kabila yagarutse…

Read More

Mbonye amahirwe yo gukina umukino wa nyuma nahitamo gukina na Uruguay : Asamoah Gyan

Uwahoze ari kapiteni w’inyenyeri zirabura za Ghana, Asamoah Gyan yongeye kwerura avuga ku bihe bikomeye yanyuzemo ubwo yahushaga penaliti maze ikipe y’igihugu cye igasezererwa na Uruguay ya Luis Suarez mu mikino ya 1/4 y’igikombe cy’isi muri 2010. Mu guhangana n’ingaruka z’ibibazo uyu mukino wateje kuri uyu mugabo, uyu yasobanuye ko kugeza nanubu inzozi mbi zo…

Read More

Urutonde rw’abatoza bane bazakurwamo umwe uzasimbura Carlo Ancelotti

Ikipe ya Real Madrid iherutse gusezerwa mu mikino ya Champions League na Arsenal muri kimwe cya Kane kirangiza, inayisezerera mu buryo bwagaragaje intege nke za Real Madrid aho mu mukino ubanza yayitsinze ibitego bitatu ku busa(3-0), mu gihe uwo kwishyura yayitsinze ibitego bibiri kuri kimwe (2-1), imbere y’abafana buzuye Santiago Bernabéu. Nyuma y’uyu mukino, bamwe…

Read More

Barcelona igiye kugarura umukinnyi wayo w’ingenzi wari waravunitse

Umukinnyi w’ikipe ya Barcelona ukina hagati mu Kibuga yugarira Marc Casado ari munzira zo kugaruka mu kibuga nyuma y’ikibazo cy’imvune yagize ku mukino wa Atletico Madrid nyuma yo gukina iminota 67. Amakuru aravuga ko muri uku kwezi kwa Gatanu aribwo azagaruka akaba afite amahirwe yo kuzakina n’umukino w’anyuma wa Champions League igihe Barcelona yawugeraho (Finali…

Read More