Amasosiyeti atwara abagenzi yibukijwe gufasha mu ngendo abanyeshuri basubira ku ishuri
Guhera ku munsi w’ejo ku wa Mbere, tariki ya 21 Mata, nibwo abanyeshuri batangiye gusubira ku bigo by’amashuri gutangira igihembwe cya gatatu cy’umwaka w’amashuri wa 2024/2025 mu turere dutandukanye tw’igihugu. Polisi y’u Rwanda irasaba abo bireba bose cyane cyane ibigo bitwara abagenzi mu buryo bwa rusange, abayobozi b’amashuri n’ababyeyi b’abana, gukora ibishoboka byose kugira ngo…