Kapiteni wa Rayon Sports ‘Muhire Kevin’ yagize icyo avuga kuri Khadime na Nsabimana Aimable bavugwaho kwitsindisha

Kapeteni wa Rayon Sports, Muhire Kevin, yahakanye amakuru yavuzwe ko umuzamu wa Rayon Sports Khadime Ndiaye ndetse na myugariro Nsabimana Aimable baba barafashe amafaranga kugirango batange imikino bigamije ko ikipe y’Ingabo z’Igihugu yajya ku mwanya wa mbere. Mu minsi ishize nibwo umuzamu w’Umunya-Senegal Khadime Ndiaye yakuwe mu izamu nyuma yo kumara iminsi atitwara neza haba ku…

Read More

Kigali: Hakomeje inama y’amashami agize Umuryango wa EAPCCO

Kuri uyu munsi tariki ya 24 Mata 2025 ,Ku cyicaro gikuru cya Polisi ku Kacyiru hakomeje inama y’amashami agize umuryango uhuza abayobozi bakuru ba Polisi mu Karere k’Afurika y’Iburasirazuba (EAPCCO organs meeting). Umuryango wa EAPCCO ugizwe n’ibihugu 14 aribyo; u Rwanda, Uganda, Kenya, Tanzania, u Burundi, Ibirwa bya Comores, Ethiopia, Eritrea, Djibouti, Sudani, Sudani y’Epfo,…

Read More

Manchester city ikomeje gutera akajisho ku mukinnyi wifuzwa n’amashitani atukura

Ikipe ya Manchester city yatangaje ko muri iyi mpeshyi itazakomezanya n’umunyezamu wayo Ederson Moraes, aho bivugwa ko Diego Costa ufatira Porto ari mu basimbura bari gutekerezwaho cyane. Uyu mugabo ukomoka mu gihugu cya Poritigali yerekanye ubushongore n’ubukaka bwe dore ko amaze imyaka irenga ine ari we ufatwa nka nimero ya mbere mu izamu ry’ikipe ya…

Read More

Real Madrid ikomeje guhura n’uruvagusenya mbera yo gukina finali na Barcelona

Ikipe ya Real Madrid yamaze kuvunikisha Umufaransa, Eduardo Camavinga , bituma atazagaragara ku mukino w’ishiraniro bafitanye na Barcelona tariki 26 Mata 2025, kuri Finali ya Copa del Rey. Iki gikombe n’ikizere cy’umwaka w’imikino kuri Real Madrid mu kugira icyo batwara cyane ko Shampiyona bigoye , Barcelona ifite umwanya wa mbera n’amanota 76 imbereho amanota ane…

Read More

Abafana ba Arsenal batangiye gahunda yo kwamagana ‘VISIT RWANDA’

Abafana b’ikipe ya Arsenal biyita “Gunners For peace” batangije gahunda yo kwamaga amasezerano u Rwanda rufitanye n’ikipe yabo mu mushinga wa VISIT RWANDA basaba ko amasezerano yazaseswa mbera y’uko umwaka w’imikino utaha wa 2025-2026 utangira. U Rwanda rwafashe inzira yo kugira igihugu ahantu h’ubukerarugendo , bituma rushoramo akayabo mu kubaka ibikorwaremezo birimo ibibuga by’indege bigezweho,…

Read More

Kigali : Abapolisi barenga gato 180 batanze amaraso

Abapolisi 180 bakorera ku cyicaro gikuru cya Polisi ku Kacyiru, kuri uyu wa Kabiri tariki ya 22 Mata, bakoze igikorwa cyo gutanga amaraso ku bushake, azakoreshwa mu gufasha abarwayi bayakeneye kwa muganga. Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda, Assistant Commissioner of Police (ACP) Boniface Rutikanga, yavuze ko ku bapolisi, iki gikorwa cyo gutanga amaraso ku bushake,…

Read More

Nyuma y’imyaka ibiri, ikipe ya Leeds united yagarutse mu kiciro cya mbere

Ikipe ya Leeds united yagarutse mu kiciro cya mbere cya shampiyona y’umupira w’amaguru mu Bwongereza, nyuma y’imyaka ibiri yari ishize imanutse mu kiciro cya kabiri. Nyuma yo gutsindwa ku ikipe ya Sheffield united na Burnley ibitego 2 ku busa, byaje bisanga intsinzi y’ibitego 6-0 ikipe ya Leeds united yakoreye kuri Stoke city, byahise bishimangira ko…

Read More

Pope Francis aherutse kwitaba Imana, Papa mushya azatorwa ryari?

Umushumba wa Kiliziya Gatolika ku isi akaba n’umwepisikopi wa Roma, Pope Francis, ku munsi w’ejo byemejwe ko yitabye Imana azize indwara y’umutima ndetse no guturika tw’udutsi tujyana amaraso mu bwonko ibizwi nka ‘Stroke’ , nyuma yo kumara iminsi arwaye akaza gusa nk’uworohewe. Mu gutangaza urupfu rwe Umuvugizi wa Vaican Cardinal Kevin Ferrell. Yagize Ati “Muri…

Read More