Ubushinwa bugiye kwakira imikino mpuzamahanga y’amarobo

UBushinwa bwatangije imikino mpuzamahanga ya mbere y’amarobo “World Humanoid Robot Games” izamara iminsi itatu, igamije kwerekana aho bugeze mu ikoranabuhanga rishingiye ku bwenge buhangano (Artificial Intelligence). Iri rushanwa rihuriyemo amakipe 280 aturutse mu bihugu 16. Amarobo azahatana muri irushanwa azaba ari mu bisata bitandukanye birimo imikino ngororamubiri , gusiganwa ku maguru, Tenis yo ku meza,…

Read More

TRANSFERS : Donnarumma mu muryango werekeza muri Man City

Mu gihe isoko ry’igura n’igurishwa ry’abakinnyi rigenda rirushaho gufata indi sura, amakuru aturuka mu Bufaransa no mu Bwongereza aravuga ko Manchester City yamaze kugirana ibiganiro n’uhagarariye inyungu za Gianluigi Donnarumma, Enzo Raiola byo bigamije kumusinyisha. Donnarumma, umuzamu w’imyaka 26 akaba na kapiteni w’ikipe y’igihugu y’Ubutaliyani, yamaze kurekurwa na Paris Saint-Germain nyuma yo kwamburwa umwanya ubanzamo…

Read More

Rashford yavuze amagambo akomeye kuri Manchester United

Mu gihe benshi bakibaza icyerekezo cya Manchester United, Marcus Rashford – rutahizamu wayo wigeze kuba inkingi ya mwamba w’iyi kipe  , yatangaje ibintu bikomeye ku mikorere n’icuraburindi yibasiye iyi kipe. Mu kiganiro aherutse kugirana n’itangazamakuru , Rashford yavuze ko Manchester United imeze nk’idafite nyirayo , aho nta gahunda ihamye cyangwa umurongo uhamye igenderaho, bitewe n’impinduka…

Read More

Liverpool yateye intambwe ya mbere mu gusinyisha Marc Guehi

Ikipe ya Liverpool yatangiye ibiganiro by’ibanze na Crystal Palace kugira ngo ibashe gusinyisha myugariro Marc Guehi, kapiteni w’iyo kipe ndetse n’umukinnyi w’ikipe y’igihugu y’u Bwongereza. Guehi, w’imyaka 25, asigaje umwaka umwe ku masezerano ye muri Palace. Perezida w’iyo kipe, Steve Parish, yatangaje ko ashobora kugurishwa muri iyi mpeshyi kugira ngo batazamurekura ku buntu umwaka utaha….

Read More

CAF yongeye gufatira ibihano kenya

Impuzamashyirahamwe ya Ruhago muri Afurika (CAF) yafashe icyemezo cyo kugabanura umubare w’abafana bari kwakirwa ku kibuga muri Kenya kubera akavuyo kamaze imitsi kagaragara. Ni ibihano byafashwe biza bikurikira ibyo nanone Kenya yari yarahawe byo kwishyura miliyoni 2.5 z’amashilingi byatewe n’akavuyo mu mitegurire y’iki gihugu mu irushanwa yakiriye rya CHAN2024 gifatanyije na Uganda ndetse na Tanzania….

Read More

Pep Guardiola agiye gutangira premier League mu bibazo

Ikipe ya Manchester City igiye gutangira umwaka w’imikino mu bibazo bikomeye by’imvune z’abakinnyi dore ko hamaze kwiyongeraho Umunya-Kuruwasiya , Mateo Kovacic. Uyu musore ikipe ya Manchester City yaguze muri Chelsea yagize ikibazo cy’imvune kizatuma amara amezi abiri hanze adakina(azagera mu kwezi kwa 10). Aje akurikira Umunya-Esipanye Rodrigo Hernández Cascante nawe wagize ikibazo mu gikombe cy’Isi…

Read More

Rutahizamu wasezerewe na APR FC yasinyiye ikipe izakina CAF Champions League

Umunya-Nigeria, Victor Mbaoma Chukwuemeka, watandukanye n’ikipe ya APR FC yamaze kwerekeza mu ikipe ya Remo Stars y’iwabo ku masezerano y’imyaka ibiri. Mbaoma yatangajwe nk’umukinnyi mushya wa APR FC tariki 10 Nyakanga 2023, binyuze ku mbuga nkoranyambaga nyuma y’imyaka 11 yari imaze idakoresha abanyamahanga ikabona ko iyo Politiki itariki gutanga umusaruro. Ubwo Victor Mbaoma yasozaga amasezerano…

Read More

Newcastle United yakuriye inzira ku murima Alexander Isak

Rutahizamu w’Umunya-Suwede, Alexander Isak, yanenze ikemezo cya Newcastle United cyo kumubuza kwerekeza mu ikipe ya Liverpool yari yiteguye kumusinyisha ndetse yatanze ubusabe bwayo kuri iyi kipe y’umutoza Eddie Howe. Nk’uko “The Telegraph” ibitangaza, uyu mukinnyi w’umunyasuwede ntiyashimishijwe n’iyi nkuru, kandi biteganyijwe ko azakomeza imyitozo ye ku giti cye atari kumwe n’ikipe ya mbere. Newcastle United…

Read More