Abakunzi ba ruhago bashyizwe igorora ku mikino y’Igikombe cy’Amahoro

Imikino ibiri y’ikombe cy’Amahoro cya 2024-2025, ya kimwe cya Kabiri yariteganyijwe gukinirwa kuri Kigali Pele Stadium yimuwe ishyirwa kuri sitade Amahoro bisabwe n’amakipe ya Rayon Sports na APR FC azakira iyi mikino. Kuri uyu wa Gatatu wa tariki 30 Mata 2025, nibwo hazakinwa imikino yo kwishyura y”igikombe cy’Amahoro cya 2024-2025 , muri kimwe cya Kabiri,…

Read More

MONUSCO yashimiye u Rwanda na DRC ku ntambwe bateye iganisha ku mahoro

Ubutumwa bw’Umuryango w’Abibumbye bwo kugarura amahoro muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo [MONUSCO ] bwatangaje ko bwishimiye amasezerano aganisha ku mahoro yo  ku ya 25 Mata 2025 i Washington DC,yari  ayobowe na Minisiteri y’ububanyi n’amahanga ya Amerika, yasinwe hagati ya guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo (DRC) na Repubulika y’u Rwanda. Mu itangazo yashyize…

Read More

U Rwanda na DRC bateye intambwe y’ingenzi iganisha ku mahoro

U Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo bashyize umukono ku masezerano yo kubahiriza ubusugire bwa buri gihugu no gushyiraho umushinga w’amasezerano y’amahoro arambye bitarenze ku ya 2 Gicurasi. Aya masezerano yashyizweho umukono na ba minisitiri w’ububanyi n’amahanga b’ibihugu byombi i Washingtonndetse umunyamabanga wa Leta zunze ubumwe z’Amerika Marco Rubio  akaba ari we wari umuhuza…

Read More

Umutoza wa Rutsiro FC yatangaje icyo agiye gukora nyuma yo gutsindwa na APR FC mu buryo we yavuze ko budasobanutse

Umutoza w’ikipe ya Rutsiro FC , GATERA Mousa , yatangaje ko agiye gukurikirana uburyo ikipe ye yatsinzwe ku mukino w’umunsi wa 25 wa Shampiyona batsinzwemo n’Ikipe y’Ingabo z’Igihugu [APR FC] ibitego bitanu ku busa (5-0). Ni umukino wabereye kuri sitade Umuganda iherereye mu karere ka Rubavu,aho APR FC yasabwaga gutsinda uyu mukino kugirango ifate umwanya…

Read More

Ayabonga wongerera imbaraga abakinnyi ba Rayon Sports yanenze icyo yise ubujuru nyuma y’umukino wa Rutsiro na APR FC

Umutoza wongerera imbaraga abakinnyi mu ikipe ya Rayon Sports, Ayabonga Lebitsa , yanenze imigendekere ya Shampiyona y’u Rwanda yemeza ko harimo ubujura ndetse anibaza uburyo amakipe yo mu Rwanda azabasha guhatana mu mikino Nyafurika ya CAF mu gihe bimeze bitya. kuri uyu wa gatandatu wa tariki 26 Mata 2025, hakinwaga umunsi wa 25 wa Shampiyona…

Read More

Premier League  : Nicholas Jackson yongeye kurema Chelsea agatima !

Igitego cya mbere cya Nicolas Jackson kuva mu Kuboza kwa 2024  nicyo gihesheje ikipe ya Chelsea intsinzi y’igitego 1-0 imbere ya Everton yongereye  icyizere cyo kuzakina Uefa Champions league umwaka utaha . Ikipe ya Chelsea yari yabanjemo : Sanchez, Caicedo, Chalobah, Colwill, Cucurella, Fernandez (c), Lavia, Madueke, Palmer, Neto, Jackson Abasimbura barimo , Jorgensen, Acheampong, Badiashile, Tosin,…

Read More