Umunyarwanda ufite inzozi zo kujya muri Amerika nashake asubize amerwe mu isaho!

Mu gihe umubare w’abashaka kwerekeza muri Leta Zunze Ubumwe z’Abanyamerika baturutse mu Rwanda ndetse n’ibindi b’ihugu bya Africa ukomeje kwiyongera, iki gihugu gikomeje gushyiraho ingamba zo gukumira aba bose bashaka kwerekezayo cyane ko benshi muri bo baba badafite ibyangombwa byuzuye Kujya muri Lata Zunze Ubumwe z’Abanyamerika, ku Banyarwanda byabaye nk’inzozi ku buryo benshi muri bo…

Read More

Abofisiye biga mu Ishuri rikuru rya Polisi bari mu rugendoshuri mu Misiri

Ba ofisiye bakuru biga mu Ishuri rikuru rya Polisi (NPC) mu Karere ka Musanze, batangiye urugendoshuri mu gihugu cya Misiri  rugamije kubafasha guhuza amasomo biga n’ibikorerwa mu kazi, aho basura hatandukanye.. Ni urugendoshuri rwitabiriwe n’abagera kuri 35 bakomoka mu bihugu 9 bitandukanye by’Afurika harimo n’u Rwanda, bakurikirana amasomo y’icyiciro cya 13, amara umwaka atangirwa mu…

Read More

Handball : Polisi y’u Rwanda yatangiye yitwara neza mu irushanwa rya EAPCCO

Ikipe ya Police Handball club   yatsinze umukino wayo wa mbere wayihuje na General Service Unit ya Polisi ya Keny mu irushanwa rihuza amakipe yo mu bihugu bihuriye mu muryango w’ubufatanye uhuza Abayobozi bakuru ba Polisi mu Karere k’Afurika y’Iburasirazuba (EAPCCO). Ni irushanwa  ryatangiye kuva ku itariki ya 27 Mata, rikaba ryaritabiriwe n’amakipe ya Polisi zo…

Read More

Pakistan yahanuye drone y’Ubuhinde intambara yongera gututumba hagati y’ibihugu byombi

Amakimbirane yongeye kwaduka hagati y’igihugu cy’Ubuhinde na Pakistan nyuma yo kurasana kwabayeho hagati y’ibihugu byombi mu gace ka Kashmir gahana imbibi n’ibihugu bitatu ari byo Ubuhinde , Pakistan n’Ubushinwa gusa byose bikemeza ko aka gace ari kabo. Uku gukozanyaho kw’ibihugu byombi , kwabayeho nyuma y’uko ku itariki ya 22 Mata 2025, muri aka gace hishwe…

Read More

U Rwanda rugiye gukorana n’ikipe ya Benfica yo muri Portugal

Igihugu cy’u Rwanda gishyize imbaraga mu kugira siporo ikintu kinjiriza igihugu, nk’uko Perezida w’u Rwanda yabyibukije ubwo yakiraga indahiro za Minisitiri wa Siporo mushya(Nelly Mukazayire) ndetse n’umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri ya Siporo Bwana Rwego Ngarambe. Minisitiri wa Siporo aherutse kugirira urugendo mu gihugu cya Portugal, aho yasuye ikipe ya Benfica Lisbon yakirwa n’ubuyobozi bw’iyi…

Read More

Rutahizamu Mohamed Salah yavuze icyahindutse ku mikinire ye muri uyu mwaka w’imikino

Nyuma yo guhesha ikipe ya Liverpool igikombe cya shampiyona rutahizamu Mohamed Salah yavuze ko guhabwa rugari mu busatirizi n’umutoza Arne Slot, biri mu byatumye yitwara neza cyane muri uyu mwaka w’imikino. Uyu mugabo usanzwe akomoka mu gihugu cya Misiri afatwa nka moteri y’ingufu nyinshi yafashije ikipe ya Liverpool mu kwegukana igikombe cya shampiyona dore ko…

Read More

Meddy na Mimi bibarutse umwana wa kabiri

Umuhanzi Ngabo Medard Jobert wamamaye nka Meddy n’umugore we Mimi Mehfira bibarutse umwana wabo wa kabiri w’umuhungu bise Zayn M Ngabo Uyu muhanzi yasangije abamukurikira amashusho ari kumwe n’umugore we atwite n’andi yerekana intoki ze, umugore we, imfura ye n’ubuheta bwe ku mbuga nkonyambaga ze arenzaho amagambo y’amashimwe menshi afite. Urukundo rwa Meddy na Mimi…

Read More

Ikipe ya Rutsiro FC yafatiye ibihano bikakaye umutoza n’umuzamu wayo nyuma yo kunyagirwa na APR FC

Ubuyobozi bw’ikipe ya Rutsiro FC bwamaze guhagarika umutoza wayo GATERA Musa , ndetse n’umuzamu wayo Matumele Arnold Mozombo babashinja umusaruro mubi bagize ku mukino Rutsiro FC yatsinzwemo na APR FC ibitego bitanu ku busa (5-0) kuri sitade Umuganda mu karere ka Rubavu. Wari umunsi wa 25 wa Shampiyona, ni umukino utaravuzweho rumwe bitewe n’uburyo ibi…

Read More

Hari kwifashishwa gahunda ya VISIT TOTTENHAM mu kwamagana iya VISIT RWANDA

Abafana ba Arsenal biyise ‘Ganners For Peace’ bamaze iminsi batangije ubukangurambaga bwo kwamagana ubufatanye bw’u Rwanda n’ikipe yabo bushingiye mu kwamamaza ibikorwa by’ubukerarugendo bw’u Rwanda aho bari gukoresha icyo bise ‘VISIT TOTTENHAM’. Intandaro yo gukoresha iri ijambo ishingiye ku kwerekana uburyo batishimiye imikoranire y’ikipe yabo n’u Rwanda, Tottenham Hotspur isanzwe ari ikipe bahanganye ndetse banangana…

Read More