DRC: Wazalendo na M23 bongeye gukozanyaho bikomeye

Indi mirwano ikomeye hagati y’umutwe wa M23 na Wazalendo yongeye kwaduka muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo byumwihariko mu duce twa Tongo na Bambo mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru ndetse bamwe mu baturage bakaba baheze mu mazu yabo kubera umutekano muke . Amakuru agera kuri Daily Box yemeza ko abaturage batuye mu midugudu ya Kabizo…

Read More

Manchester United igiye kugera kuri finali ya Europa League itavunitse

Ikipe ya Athletic Bilbao iri mu byago byogusezerwa na Manchester United mu buryo bworoshye nyuma yo kuvunikisha abakinnyi babiri b’ingenzi, Nico Williams na mukuru we Inaki Williams bari mu batanze umusaruro mu mukino ubanza batsinzwemo ibitego bitatu ku busa(3-0). Nk’uko amakuru ari kuva mu gihugu cya Esipanye abyemeza , aba basore bombi bafatiye runini cyane…

Read More

Moses Turahirwa yavuze ko nta perereza ryabaye ndetse ko yatawe muri yombi kubera ibyo yanditse

Kuri uyu wa Kabiri wa tariki 06 Gicurasi 2025, umunyamideli w’ikirangirire, Moses Turahirwa yagejejwe imbere y’urukiko kugirango aburanishwe ku byaha ashinjwa bijyanye no gukoresha icyiyobyabwenge cy’urumogi, gusa yemeje ko nta perereza ryakozwe ahubwo yafashwe kubera ibintu yanditse ku mbugankoranyambaga nubwo ubushinjacyaha bwo buvuga ko mu byo aregwa ibyo bitarimo Uyu munyamideli uzwi ku birango bya…

Read More

Minisitiri Nduhungirehe yavuze ko igihe cyo kwiyunga n’u Bubiligi kitaragera

Minisitiri w’ububanyi n’amahanga n’ubutwererane Olivier Nduhungirehe ubwo yari ari mu kiganiro na RBA, yavuze ko ntanzira z’ibiganiro hagati y’u Rwanda n’u Bubiligi, avuga ko aho gukemuka bikomeza kuba bibi kurushaho cyane cyane bigizwemo uruhare n’igihugu cy’u Burundi Ubwo umunyamakuru wa RBA yamubazaga niba u Rwanda rwiteguye kuzahura umubano n’igihugu cy’u Bubiligi, Minisitiri w’ububanyi n’amahanga n’ubutwererane…

Read More

Kenya : Guverinoma yaburiye abatereye urukweto Perezida Ruto mu ruhame

Guverinoma ya Kenya yatangaje ko igikorwa cyabaye ku munsi wejo ku cyumweru tariki ya 4 Gicurasi cyo gutera urukweto Perezida Willaim Ruto biteje isoni n’ikimwaro ku gihugu cyose ndetse ko n’ababiteguye bagombwa kubiryozwa . Ibi bitangajwe nyuma y’amashusho yakomeje gukwirakwira ku mbuga nkorambaga hirya no hino agaragaza Perezida wa Kenya wari urimo kugeza ijambo ku…

Read More

Cole Palmer yifatiye ku guhanga abo yise injiji zo ku mbuga nkoranyambaga zivuga ibyo zitazi !

Cole Palmer ukinira Ikipe ya Chelsea yatangaje ko atajya yita ku bitekerezo by’abo yise ‘injiji ziba ku mbuga nkoranyambaga bimwandikwaho bivuga ko yaba yarazimye nyuma y’umukino wa shampiyona iyi kipe yatsinzemo Liverpool ibitego 3-1 igakomeza kongera icyizere cyo kuguma mu makipe ashobora kuzahagararira Ubwongereza muri UEFA Champions League umwaka utaha . Chelsea yicaye ku mwanya…

Read More

Ingabo za SADC  zizasoza gutahuka mu mpera za Gicurasi : Umugaba mukuru w’ingabo za Afurika Y’epfo

Umuyobozi w’ingabo za Afurika y’Epfo yatangaje ko ibikorwa byo gutaha kw’ingabo z’Umuryango uharanira iterambere ry’ibihugu byo muri Afurika y’amajyepfo  [SADC] ziri muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo biteganijwe kuzarangira mu mpera za Gicurasi . Tariki ya 29 Mata nibwo hatangiye icyiciro cya mbere cy’ibikorwa byo kuvana izi ngabo za SADC mu duce turimo umujyi wa…

Read More