Ikipe yo ku mugabane wa Afurika igiye gusinyisha kizigenza Cristiano Ronaldo

Kizigenza Cristiano Ronaldo, aravugwa ku kwerekeza mu ikipe ya Wydad AC yo muri Morocco ku ntizanyo kugirango azayifashe mu mikino ya nyuma y’Igikombe cy’Isi cy’Amakipe cyizabera muri Leta Zunze Ubumwe z’Abanyamerika mu kwezi kwa Kamena. Cristiano Ronaldo , kuri ubu ari mu mpera z’amasezerano ye mu ikipe ya Al Nassar muri Shampiyona ya Saudi Arabia(Saudi-Pro…

Read More

Jude Bellingham wa Real Madrid ntazakina imikino ibanza ya Shampiyona itaha

 Umukinnyi wo hagati w’ikipe ya Real Madrid n’Ikipe y’Igihugu y’u Bwongereza, Jude Bellingham, arateganyijwe kuzabura byibura ibyumweru bitandatu bya mbere by’umwaka utaha w’imikino bitewe n’uburyo azaba yagiye kubagwa urutugu. Uyu musore w’imyaka 21 amaze igihe ahanganye n’ikibazo cy’urutugu kuva mu 2023, aho yakomerekeye mu mukino wa La Liga ubwo Real Madrid yakinaga na Rayo Vallecano….

Read More

Minisitiri w’amashuri makuru muri RDC yifatiye ku gahanga icyemezo cya M23 cyo kwigenga mu burezi

Minisitiri w’Amashuri Makuru na za Kaminuza muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), Prof. Sombo Marie-Thérèse, yamaganye bikomeye ingamba zafashwe n’abayobozi b’umutwe wa M23 zijyanye no gucunga kaminuza n’amashuri makuru mu mujyi wa Goma, mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru. Muri iyi minsi ishize, M23 yasabye ko ibigo by’amashuri makuru n’amakaminuza bikorera muri ako karere bihagarika…

Read More

Igitero cy’u Burusiya cyahitanye abasirikare 6 ba Ukraine

Abasirikare batandatu ba Ukraine bishwe, abandi barenga 10 barakomereka nyuma y’igitero cya misile cyagabwe n’u Burusiya kuri site y’imyitozo ya gisirikare mu karere ka Sumy, nk’uko byatangajwe n’Igisirikare cya Ukraine kuri uyu wa Gatatu. Iki gitero cyabaye mu gihe abasirikare bari mu myitozo ya gisirikare, cyemejwe n’Urwego rw’Igihugu rwa Ukraine rushinzwe Umutekano (National Guard), ruvuga…

Read More

Abafana ba Man United na Tottenham bateje Imvururu muri Espagne mbere y’Umukino wa nyuma wa Europa League

Zirikana gusoma ibi : Mu masaha make mbere y’umukino ukomeye wa nyuma wa Europa League, abafana ba Manchester United na Tottenham bateje imvururu zikomeye mu mihanda ya San Sebastián muri Espagne.  Izi mvururu zabaye ku wa Kabiri nijoro, mbere y’uko aya makipe yo muri shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Bwongereza ahura kuri sitade ya Athletic…

Read More

Perezida wa Rayon Sports yatangaje uko bakiriye imyanzuro ya FERWAFA

Perezida wa Rayon Sports, Thadee Twagirayezu, yatangaje ko banyuzwe n’imyanzuro yafashwe n’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda ‘FERWAFA’ ku mukino wahagaritswe kubera umutekano muke, ni umukino wari wabahuje na Bugesera FC ku wa Gatandatu w’icyumweru gishize. Ubwo yaganiraga na B&B Kigali FM , Perezida wa Rayon Sports yasobanuye uburyo bakiriyemo imyanzuro , Yagize Ati : “Twabyakiriye…

Read More

Ibigomba kubahirizwa ku mukino wa Bugesera FC na Rayon Sports uzasubukurwa

Komite y’Amarushanwa y’Ishyirahamwe y’Umupira w’Amaguru mu Rwanda ‘FERWAFA’ yamaze gufata umwanzuro ko umukino wa Bugesera FC na Rayon Sports uzasubirwamo ku itariki 21 Gicurasi 2025 , ugatangira ku munota wahagazeho. Uyu mukino wari wasubitswe nyuma y’umutekano muke wagaragaye kuri sitade ya Karere ka Bugesera mu gihe umukino wari ugeze ku munota wa 57′ Bugesera FC…

Read More

KNC yatangaje ko ‘FERWAFA’ ifite amakosa ku byabaye ku mukino wa Bugesera FC na Rayon Sports

Umunyamakuru wa Radio/TV 1 Rwanda, Kakooza Nkuliza Charles, uzwi nka KNC, yatangaje ko Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda ‘FERWAFA’ ryakabaye ryarahinduye umusifuzi wasifuye umukino wa Bugesera FC na Rayon Sports. Kuri uyu wa gatandatu wa tariki 17 Gicurasi 2025, hakinwaga umunsi wa 28 wa Shampiyona aho Bugesera FC yari yakiriye Rayon Sports kuri sitade ya…

Read More

Minisitiri wa siporo w’u Rwanda yavuze ku byabaye ku mukino wa Bugesera FC na Rayon Sports

Minisitiri wa siporo mu Rwanda, Nelly Mukazayire, yakebuye abakunzi b’umupira w’amaguru mu Rwanda nyuma y’imvururu zabereye ku mukino wa Bugesera FC na Rayon Sports wabereye kuri sitade y’Akarere ka Bugesera ukaba uw’umunsi wa 28 wa Shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Rwanda. Ni kuri uyu wa gatandatu wa tariki 17 Gicurasi 2025, aho umukino wahagaze ku…

Read More

Kera kabayee ! Juno kizigenza na Ariel Ways bongeye kuririmbana indirimbo bakoranye

Mu ijoro ryo kuri uyu wa 16 Gicurasi nibwo umuhanzi Juno Kizigenza yakoze igitaramo gito cyo guhura n’abakunzi be yari amaze iminsi atangaje cyo kwizihiza imyaka itanu amaze ari mu muziki. Icyo gitaramo kikaba kitabirirwe n’abahanzi batandukanye barimo Ariel Ways banaririmbanye indirimbo bakoranye mu minsi yashize. Ni igitaramo cyabereye ahazwi nko muri Institut Français du…

Read More