Mugisha Bonheur yongeye kuzamura idarapo ry’u Rwanda muri Tunisia

Ikipe y’Umunya-Rwanda Mugisha Bonheur uzwi nka ‘Casemiro’ Stade Tunisien yageze ku mukino wa nyuma w’igikombe cy’igihuyu muri Tunisia (Tunisian Cup) nyuma yo gutsinda kuri penaliti iya Union Sportive Monastirienne(US Monastir). Ni umukino wabereye kuri Mustapha Ben Jannet Stadium , sitade iherereye mu gace ka Monastir ikanakinirwaho mu busanzwe n’ikipe ya US Monastir. Stade Tunisien yatsinze…

Read More

Dan Burn yongereye amasezerano muri Newcastle United

Dan Burn, myugariro w’ikipe ya Newcastle United, yongereye amasezerano y’umwaka umwe muri iyi kipe, bisobanura ko azaguma kuri St. James’ Park kugeza mu mpeshyi ya 2027.  Ibi byatangajwe ku mugaragaro na Newcastle United ku wa Gatandatu tariki ya 24 Gicurasi 2025. Uyu mukinnyi w’imyaka 33 y’amavuko yagize umwaka udasanzwe, aho yagaragaye mu mikino 45 mu…

Read More

Gary Neville yaciwe kuri sitade ku mukino wa Nottingham Forest na Chelsea

Gary Neville, wahoze ari myugariro wa Manchester United n’u Bwongereza, yatangaje ko yaciwe kwinjira kuri stade ya Nottingham Forest (City Ground) ku mukino wa nyuma wa shampiyona ya Premier League bazahuriramo na Chelsea ku cyumweru. Neville, usanzwe ari umusesenguzi kuri Sky Sports, yavuze ko yabwiwe n’itangazamakuru rikorana na Sky Sports ko Forest “yamwangiye uburenganzira bwo…

Read More

DRC : Abarenga 900 bavuye mu byabo kubera imirwano hagati ya Wazalendo na M23/AFC

Nibura imiryango 900 yo mu bwami bwa Bwito mu karere ka Rutshuru (mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru)  niyo imaze kubarurwa ko yahungiye mu gace ka Bambo-Centre mu byumweru bitatu bishize, ihunga imirwano ikomeje hagati y’inyeshyamba za Wazalendo na M23/AFC. Nk’uko byatangajwe na Matilde Gueho, umuyobozi wungirije w’umuryango w’abaganga batagira umupaka / Médecins Sans Frontières (MSF)…

Read More

Barcelona yaciye amarenga y’abakinnyi babiri igiye kugura kuva muri Premier league

Umuyobozi wa siporo (Sporting director) mu ikipe ya Barcelona ‘Deco’ yaciye amarenga ko bashobora kugura Marcus Rashford wa Manchester United na Luiz Diaz wa Liverpool. Ubwo yagarukaga ku bijyanye n’Isoko ry’Igura n’Igurisha rya Barcelona muri iyi mpeshyi igiye kuza, Deco, Yagize Ati “Dushima Luis Diaz na Marcus Rashford nk’abasemababa.” Marcus Rashford yatijwe na Manchester United…

Read More

Ese koko Manchester United yahemukiwe na Amorim ?

Nyuma yo gutungurirwa n’ikipe ya Tottenham Hotspur, ku mukino wa nyuma w’irushanwa rya UEFA Europa league, abafana benshi batandukanye b’ikipe ya Manchester United bumvikanye bitotombera bikomeye imikinire n’ imitoreze ikipe yabo yagaragaje mu mukino yatsindiwemo igitego kimwe na Tottenham Hotspurs. Umunyamakuru akaba n’umusesenguzi w’imikino kuri Radiyo BBC, Joe McGrath, yagize icyo avuga ku buryo yabonaga…

Read More

Umuhuro wa Perezida Ramaphosa na Donald Trump wateje impagarara aho gukemura amakimbirane

Umuhuro wagombaga kunga ubumwe hagati ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika na Afurika y’Epfo wahindutse intandaro y’umwuka mubi, ubwo Perezida Donald Trump yashinjaga Leta ya Afurika y’Epfo gutoteza no kwica abahinzi b’abazungu. Ibi byabaye kuri uyu wa Gatatu ubwo Perezida Cyril Ramaphosa yasuraga White House, nyuma y’icyumweru Amerika ihaye ubuhungiro Abanyafurika y’Epfo 59 b’Abazungu, ndetse…

Read More

Hansi Flick yongereye amasezerano muri FC Barcelona kugeza mu 2027

Nyuma yo kwitwara neza mu mwaka we wa mbere muri FC Barcelona, umutoza w’Umudage Hansi Flick yamaze kongererwa amasezerano kugeza mu 2027.  Iyi nkuru yemejwe n’ubuyobozi bw’iyi kipe, buvuga ko bwishimiye cyane uko yitwaye kuva yagera i Catalonia asimbuye Xavi Hernandez. Flick yahesheje Barcelona ibikombe bitatu bikomeye: La Liga, Copa del Rey, na Spanish Super…

Read More

Roy Keane yikomye abakinnyi ba Liverpool  nyuma yo kwegukana igikombe

Uwahoze ari kapiteni wa Manchester United, Roy Keane, yamaganye imyitwarire ya Liverpool nyuma yo kwegukana igikombe cya Premier League ku wa 27 Mata, nyuma yaho batsindiye Tottenham ibitego 5-1.  Iyi kipe itozwa na Arne Slot ntiyatsinze imikino itatu yakurikiyeho, aho yatsinzwe na Chelsea na Brighton, ndetse inganya na Arsenal 2-2 n’ubwo yari yatsinze ibitego bibiri…

Read More