Didier Deschamps na Luis de La Fuente ntibumvikana ku ugomba gutwara Ball d’or mbere y’umukino ukomeye uri bubahuze

Ousmane Dembele aherutse gufasha bikomeye ikipe ya Paris Saint Germain, ubwo yatwaraga igikombe cya UEFA champions league inyagiye Inter de Milan ibitego bitanu ku busa. Kubera ibyo, umutoza w’Ubufaransa Didier Deschamps yumvikanye ahamya ko rutahizamu Ousmane Dembele, ari we ukwiriye umupira wa zahabu. Ibi yabivuze ubwo biteguraga umukino ikipe y’Ubufaransa iza guhuriramo na Esipanye muri…

Read More

Umukinnyi uje kumvikana na Rayon Sports yamaze kugera I Kigali mu Rwanda

Myugariro ukomoka mu gihugu cy’burundi agakina ibumoso(Left-Back) , Prince Michel Musore, yamaze kugera I Kigali aho aje kurangizanya n’ikipe ya Rayon Sports kugirango azayikinire umwaka utaha w’imikino. Umwaka wa 2024-2025, wa Shampiyona wasoje bisa nk’aho Rayon Sports nta mukinnyi ukina ibumoso yugarira ifite cyane ko Bugingo Hakim wabonaga urwego rwe ruri hasi ndetse imikino myinshi…

Read More

DRC : Uburayi bwatanze impuruza ku bikorwa bibi bya M23 mu duce yafashe

Umuryango w’Ubumwe bw’Uburayi watangaje ko utejwe inkeke n’ikibazo cy’iyubahirizwa ry’uburenganzira bwa muntu mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo byumwihariko uduce twamaze kwigarurirwa n’inyeshyamba z’umutwe wa M23 . Ibi byatangajwe n’Uhagaririye inyungu z’uyu muryango muri iki gihugu aho afite icyicaro gihoraho mu mujyi wa Beni uherereye mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru ku munsi wejo…

Read More

U Bwongereza bugiye kujyana mu nkiko uwahoze ari umuherwe w’ikipe ya Chelsea

Minisitiri w’Imari w’u Bwongereza Rachel Reeves hamwe na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga David Lammy batangaje ko bagiye kurega Roman Abramovich mu rukiko, kugira ngo babone amafaranga yavuye mu igurishwa ry’ikipe ya Chelsea, agamije gufasha abagizweho ingaruka n’intambara muri Ukraine. Uwo mugabo w’Uburusiya, wigeze gutunga Chelsea FC, yategetswe kugurisha iyi kipe mu 2022 ku giciro cya miliyari…

Read More

Ese intsinzi ikomeye ya Paris Saint Germain iza ku mwanya wa kangahe mu ntsinzi ziremereye zaranze finale ya UCL ?

Ikipe ya Paris Saint Germain, iherutse gukora ibitangaza ubwo yihereranaga Internazionale de Milano maze ikayinyagira ibitego 5, ku busa ibyahise biyifasha gutwara igikombe cya mbere cya UEFA champions league. Gusa ubu ikiri kwibazwa ni aho iyi ntsinzwi igomba kuza gushyirwa ku urutonde rw’intsinzi ziremereye zabayeho mu mateka y’imikino ya nyuma mu bikombe by’i Burayi. Twifashishije…

Read More

Nigeria : Abagera kuri 151 bapfiriye mu myuzure

Byibuze abantu 151 bamaze kwemezwa ko bapfuye nyuma y’imyuzure  ikomeye yibasiriye akarere ka Mokwa mu Ntara ya Niger, mu gihugu cya Nigeria, nk’uko byatangajwe n’Ikigo gishinzwe guhangana n’inkongi n’imyuzure muri ako karere (NSEMA).  Umubare w’abapfuye wazamutse cyane ugera ku bantu 115 nyuma y’uko imyuzure yibasiye uyu mujyi. Umuvugizi wa NSEMA yabwiye BBC ko amazu arenga…

Read More

NGOMA : Hibutswe imiryango 15,593 yazimiye burundu muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994

Ku wa Gatandatu tariki 31 Gicurasi 2025, abaturage barenga 8,000 bafatanyije n’abayobozi b’igihugu bitabiriye umuhango  wo kwibuka imiryango 15,593 yazimiye burundu muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, wabereye ku Gisozi mu Karere ka Ngoma. Iki gikorwa cyo kwibuka ku nshuro ya 31 imiryango yarimbuwe igashira muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 muri aka karere, hanunamiwe…

Read More

Joseph Kabila na M23 bagiranye inama ya mbere i Goma

Ku wa Gatanu tariki 30 Gicurasi 2025 Joseph Kabila, Uwari Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), hamwe n’abambari be, bakoreye inama ya mbere i Goma, umurwa mukuru w’intara ya Kivu ya ruguru mu burasirazuba bw’iki gihugu, hamwe n’umuyobozi mukuru wa M23  Corneille Nangaa. Mu butumwa yashyize kuri X (Twitter), Nangaa yavuze ko iyi…

Read More