Wenceslas Twagirayezu wakoze Jenoside agiye kurangiriza igihano cye muri Denmark
Nyuma y’imyaka myinshi y’imanza hagati y’u Rwanda na Denmark, urukiko rwo muri Denmark rwemeje ko Wenceslas Twagirayezu, ukurikiranyweho ibyaha bya Jenoside, agomba kurangiriza igihano cye cy’imyaka 20 muri gereza yo muri icyo gihugu. Icyemezo cyafashwe n’urukiko rwa Hillerød ku wa 10 Kamena 2025, rwemeza ku mugaragaro igihano cyari cyamukatiwe n’Urukiko Rukuru rw’Ubujurire mu Rwanda ku…