Menya byinshi utari uzi kuri Ronald Ssekiganda umukinnyi mushya wa APR FC

Ikipe y’Ingabo z’Igihugu cy’u Rwanda, APR FC, yamaze gusinyisha Umugande Ronald Ssekiganda mu gihe cy’imyaka ibiri imuvanye mu ikipe ya Villa SC y’iwabo muri Uganda. Uyu musore afite imyaka 29 , yavukiye mu murwa mukuru wa Uganda, Kampala,. Akaba akina hagati mu kibuga (Central-Midfield) afite uburebure bwa metero 1,95. Uyu musore yari amaze imyaka ine…

Read More

Ikipe yo mu Butaliyani irasaba ko yasubikirwa umukino nyuma yuko abakinnyi n’abatoza bayo bose barwariye icyarimwe

Nyuma yo kuva gukina umukino ubanza batsinzwemo n’ikipe ya Sampdoria, ibitego bibiri ku busa ubuyobozi bw’ikipe ya Salernitana, bwasabye ishyirahamwe rirebera inyungu za ruhago mu Butaliyani ko umukino wo kwishyura wasubikwa ahanini bitewe n’icyo bise amarozi cyatumye abakinnyi n’abakozi b’ikipe barwara bikomeye. Amahirwe yo kuba ikipe ya Salernitana, yaguma mu cyiciro cya kabiri(serie B) yakomwe…

Read More

LIVE :Televiziyo y’igihugu ya Iran izimye imbonankubone nyuma yo kuraswaho na Israel

Mu gitondo cyo ku wa mbere, televiziyo y’igihugu ya Irani yahagaritse amashusho ya “live” mu buryo butunguranye nyuma y’igitero cya Isiraheli cyateye impagarara ku cyicaro cyayo. Umunyamakuru wari uri mu kiganiro yatangaje ko “studio yatangiye kuzura ivumbi” nyuma y’urusaku rw’ibisasu byagabwe ku gihugu. Iki gitero cyakurikiye itangazo rya Isiraheli ryasabaga abaturage bagera ku 330,000 bo…

Read More

Perezida Museveni yasinye itegeko rishya ryemerera abasivile kuburanishwa n’inkiko za gisirikare

Perezida wa Uganda, Yoweri Museveni, yashyize umukono ku itegeko rishya ryemerera ko abasivile bashobora kongera kuburanishwa n’inkiko za gisirikare mu bihe bidasanzwe, nubwo Urukiko Rukuru rwari rwaratesheje agaciro iri tegeko mu kwezi kwa Mutarama 2025. Iri tegeko ryavuguruwe rivuga ko abacamanza b’inkiko za gisirikare bagomba kuba bafite ubumenyi n’amahugurwa mu by’amategeko, bakaburanisha mu buryo bwigenga…

Read More

FIFA Club World Cup : Nyuma yo kubona rutahizamu  ;Chelsea FC yizeye gutwara igikombe

Umutoza  wa Chelsea, Enzo Maresca, yatangaje ko ikipe ayoboye yiyemeje gutwara igikombe cya FIFA Club World Cup,kubera ko yizeye cyane rutahizamu mushya Liam Delap. Uyu musore ukomoka mu Bwongereza yasinyiye Chelsea muri Kamena 2025 avuye muri Ipswich Town, aho biteganyijwe ko azahangana na Nicolas Jackson ku mwanya wa nimero 9. Maresca yahishuye ko yizeye ubushobozi…

Read More

Ikipe ya APR FC umukinnyi yifuzaga yasinyiye indi kipe

Ikipe ya APR FC nyuma yo kubura umukinnyi w’imyaka 18 yifuzaga, Jack Pantoulou Diarra yatandukanye n’abakinnyi batandatu: Taddeo Lwanga, Ismail Nshimirimana(Pitchou), Victor Mbaoma Chukwuemeka, Kwitonda Alain Bacca, Ndayishimiye Dieudonne uzwi nka ‘Nzotanga’ ndetse na Pavelh Ndzila. Iyi kipe iri muzikomeye ku mugabane wa Afurika cyane ko ifite ibikombe bine bya CAF Champions League ndetse n’ibikombe…

Read More

Umuyobozi wa Tanzania Premier League yeguye nyuma y’uko perezida ubwe yinjiye mu kibazo cya Young na Simba SC

Perezida wa Tanzania, Samia Suluhu yahuye n’ubuyobozi bwa Young Africans na Simba SC kugira ngo bazemere gukina umukino wo kwishyura wa Shampiyona y’icyiciro cya mbere muri Tanzania (Tanzania Premier League) wasubitswe nyuma y’uko Simba SC yanze gukina. Uyu mukino wari uwo ku munsi wa 23 wa Shampiyona, wari uteganyijwe gukinwa tariki 08 Werurwe 2025, ukabera…

Read More

Agahinda mu myidagaduro nyarwanda: Umubyeyi wa Chriss Eazy yitabye Imana

Umuryango mugari w’imyidagaduro nyarwanda uri mu kababaro gakomeye nyuma y’urupfu rw’umubyeyi wa Chriss Eazy, witabye Imana mu gitondo cyo ku wa 13 Kamena 2025. Nk’uko byemejwe na Junior Giti, ushinzwe ureberera ibikorwa by’uyu muhanzi, nyakwigendera yari amaze iminsi avurirwa mu bitaro bya Nyarugenge. Ati : “Yari amaze igihe arwaye, ariko ijoro ryabanjirije urupfu rwe yatubwiye…

Read More