Umusore yasohotse mu bukwe ata umugeni we ariruka

Mu gace ka Nyambunde gaherereye muri Bobasi, mu karere ka Kisii mu burengerazuba bwa Kenya, haravugwa inkuru idasanzwe y’umugabo wasize umugeni mu bukwe bwabo, agahaguruka yiruka asiga abashyitsi bose mu rujijo. Mu birori by’ubukwe byari byitabiriwe n’abantu benshi, aho ubukwe bwari buri kugera ku musozo. Nyuma y’igihe gito uyu mugabo yicaye iruhande rw’umugeni, yahagurutse bitunguranye,…

Read More

Manchester United yongeye kugaragara ku isoko ry’igura n’igurisha

Ikipe ya Manchester United yamaze gutanga ubusabe bwa kabiri bufite agaciro ka miliyoni £60 ku ikipe ya Brentford, hagamijwe kugura rutahizamu Bryan Mbeumo. Uyu musore w’imyaka 25 ukomoka mu gihugu cya Cameroun, mu mwaka ushize w’imikino yatsinze ibitego 20, bituma amakipe menshi atangira kumutekerezaho muri iri soko ry’igura n’igurisha. Ku nshuro ya mbere, Manchester United…

Read More

Alejandro Garnacho yatunguranye agaragara mu myenda y’ikipe ya Aston Villa

Rutahizamu Alejandro Garnacho wa, yenyegeje umuriro umaze iminsi waka ubwo yiyerekanaga mu myambaro y’ikipe ya Aston Villa, ibyahise bituma benshi bakomeza kwibaza ku hazaza he mu ikipe ya Manchester United. Biravugwa ko uyu musore ukomoka mu gihugu cya Arijantina, yaba yaramaze kubwirwa ko yemerewe kuba yakwigendera muri iyi mpeshyi, ahanini bitewe n’umwaka ugoye w’imikino kuva…

Read More

Kigali  : Hatangajwe itegeko rishya risaba amatorero kugira Ubwishingizi n’abashinzwe Umutekano

Amatorero n’imiryango ishingiye ku myemerere ashaka gutegura ibikorwa rusange yasabwe ko agomba kuba afite ubwishingizi ndetse n’abashinzwe umutekano, hagamijwe kurinda ubuzima bw’abantu n’ibikoresho mu gihe cy’ibibazo bishobora kuvuka, nk’uko biteganywa n’itegeko rishya ryasohowe n’Ikigo cy’Igihugu Gishinzwe Imiyoborere (RGB). Iri tegeko rigamije gushyiraho ibisabwa by’ingenzi kugira ngo ibikorwa by’imyemerere rusange bitegurwe mu buryo bwubahiriza amategeko, bigahesha…

Read More

Liverpool yaguze Milos Kerkez kuri miliyoni £40

Ikipe ya Liverpool yamaze kumvikana na Bournemouth ku kugura myugariro w’ibumoso Milos Kerkez ku mafaranga angana na miliyoni £40. Uyu musore w’imyaka 21, ukinira ikipe y’igihugu ya Hungary, agiye kwerekeza i Anfield nyuma y’imyaka ibiri akinira Bournemouth. Kerkez, wavukiye muri Serbia ariko wahisemo gukinira Hungary, yigaragaje cyane mu mwaka w’imikino ushize aho yakinnye imikino 38…

Read More

Rutahizamu wa Chelsea agiye guhagarikwa imyaka ine adakina

Mykhailo Mudryk, umukinnyi wo ku ruhande w’ikipe ya Chelsea n’ikipe y’igihugu ya Ukraine, w’imyaka 24, yashyizwe mu majwi n’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Bwongereza (FA) nyuma yo kugaragarwaho n’ibimenyetso by’imiti itemewe mu mubiri. Mudryk yari yarafatiwe ibipimo mu kwezi k’Ugushyingo 2024, aho ibisubizo bya “urine test” byagaragaje ibyo bita adverse finding, ni ukuvuga ibinyuranyije n’amategeko y’ikoreshwa…

Read More

Son Heung-min gusohoka muri Tottenham; urugendo rw’iyi kipe muri Koreya y’Epfo ruramutindije !

Ejo hazaza ha rutahizamu w’Umunya-Koreya y’Epfo, Son Heung-min, muri Tottenham Hotspur haracyari mu gihirahiro, mu gihe hakomeje kuvugwa ko amakipe yo muri Saudi Arabia yifuza kumwegukana. Son, ubu ufite amezi 12 gusa asigaje ku masezerano ye, ashobora kugurwa mbere y’uko umwaka w’imikino wa 2025/26 utangira. Nubwo ibyo bishoboka, amakuru ava mu bantu b’imbere muri Tottenham…

Read More

BREAKING : Donald Trump atangaje ko azi aho Ayatollah Khamenei wa Iran yihishe

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yavuze ko igihugu cye kimaze kumenya aho Ayatollah Ali Khamenei, Umuyobozi Mukuru wa Iran, yihishe.  Abinyujije ku rubuga rwe rwa Truth Social, Trump yavuze ko Khamenei ari “intego yoroshye”, ariko ko Amerika idateganya kumwivugana “ku buryo bwihuse”, nibura “kugeza ubu”. Trump yagize ati: “Tuzi aho uwo…

Read More

Uwahoze asifura muri Premier League yajyanwe mu nkiko azira Jurgen Klopp

David Coote wahoze ari umusifuzi ukomeye muri Premier League yarezwe n’Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Bwongereza (FA) kubera amagambo asebya yavugiye kuri Jurgen Klopp wahoze atoza Liverpool.  Ibi byaturutse ku mashusho yasakajwe ku mbuga nkoranyambaga mu Ugushyingo 2024, aho Coote agaragara avuga nabi uyu mudage n’ikipe ya Liverpool. Nyuma y’iyi video, Coote yahagaritswe by’agateganyo maze mu…

Read More