Morocco Yabaye Igihugu cya Mbere muri Afurika kibonye Itike y’igikombe cy’isi 2026

Intare za Atlas zizongera kugaragara muri mikino ya nyuma y’igikombe cy’isi cya 2026. Maroke (Morocco) yabaye igihugu cya mbere muri Afurika cyibonye itike y’igikombe cy’isi kizabera muri Amerika ya Ruguru umwaka utaha, ibi yabigezeho nyuma yo gutsinda igihugu cya Niger ibitego 5-0 mu ijoro ryo kuri uyu wa Gatanu. Iyi ntsinzi yahise ibahesha kuyobora itsinda…

Read More

Thomas Tuchel yitabaje abarimo Ruben Loftus – Cheek na Jarell Quansah

Ruben Loftus-Cheek, umukinnyi wo hagati ukinira AC Milan, yongewe mu ikipe y’igihugu y’u Bwongereza igiye kwitabira imikino yo gushaka itike y’Igikombe cy’Isi cya 2026, izabahuza na Andorra ndetse na Serbia. Ibi bibaye nyuma y’imyaka irindwi adahamagarwa, aho yaherukaga gukinira u Bwongereza mu Ugushyingo 2018, atsinda Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Loftus-Cheek w’imyaka 29 y’amavuko yigeze…

Read More

zimwe mu mpinduka zikomeye zagaragaye ku isoko ry’igura n’igurisha muri Premier league uyu mwaka

Igihe cyo kugura no kugurisha abakinnyi mu mpeshyi kiri kugana ku musozo, kikaba kigomba kurangirana n’itariki ya 1 Nzeri 2025. Amakipe atandukanye yo ku mugabane w’u Burayi ntiyazuyaje ngo ate umwanya mu gushimangira imbaraga zayo binyuze mu kugura abakinnyi b’ibyamamare ndetse no gukora amasezerano arimo ubwenge bwinshi. Ku ikubitiro reka duhere muri (Premier League) y’Abongereza:…

Read More

Premier League : batanu bashobora kutagaragara ku ruhande rwa Manchester united igiye guhura na Burnely

Abakinnyi batandatu bashobora kubura mu mukino wa Manchester United na Burnley ubwo Ruben Amorim araba yitezweho gufata icyemezo kigoye. Amwe mu makuru mashya yerekeye imvune za Manchester United ubwo ikipe y’umutoza Ruben Amorim iraba yitegura gukina na Burnley kuri uyu wa gatandatu. Abakinnyi bagera kuri batandatu bashobora kubura mu mukino wa Manchester United na Burnley…

Read More

AS Kigali yaguze umwataka mushya  

Mu gihe shampiyona y’umupira w’amaguru mu Rwanda iteganyijwe gutangira ku wa 14 Nzeri 2025, AS Kigali ikomeje kwiyubaka, aho yamaze gusinyisha rutahizamu Jesus Ducapel Moloko kugira ngo azayifashe mu mwaka w’imikino wa 2025/26. Uyu mukinnyi ukomoka muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, afite imyaka 27, akina asatira anyuze ku mpande. Uyu yanyuze mu makipe akomeye…

Read More

APR FC igiye guseruka muri CECAFA idafite abakinnyi b’ingenzi

Mu gihe Uganda iri kwitegura imikino yo gushaka itike y’imikino ya nyuma y’igikombe cy’Isi cya 2026 , yamaze guhamagara abakinnyi izifashisha harimo babiri bakinira APR FC. Abahamagawe ni Ronald Ssekiganda ukina hagati mu kibuga yugarira ndetse na Denis Omedi ukina mu busatirizi. Uganda y’umutoza, Paul Put ifite imikino ibiri yose bazakinira Kampala harimo uwa Mozambique…

Read More

Umukinnyi w’Umunyarwanda yasinyiye ikipe izakina CAF Confederations Cup

Myugariro w’Umunyarwanda, Buregeya Prince, wakiniye AS Kigali mu mwaka ushize w’imikino 2024-2025, yamaze kwerekeza muri Nairobi United FC yo muri Kenya. Iyi kipe igiye gukina shampiyona y’icyiciro cya mbere muri Kenya (Kenyan Premier League) mu mwaka mushya w’imikino tugiye kwinjiramo, ikaba izanahagarari Kenya mu mikino Nyafurika ya CAF Confederations Cup umwaka w’imikino 2025-2026. Nairobi United…

Read More

RIB yataye muri yombi umukozi wa WASAC ikurikiranyeho kwakira indoke

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha [RIB] rwemeje ko rwataye muri yombi umukozi wa WASAC Group ushinzwe ibikorwa byo gusana umuyoboro w’amazi wa Ruhanga uherereye mu Murenge wa Rusororo, Akarere ka Gasabo, nyuma yo gukekwaho kwakira ruswa. Uyu mukozi, utaratangarizwa amazina , bishimangirwa ko yafashwe ku bufatanye bwa RIB, Polisi y’u Rwanda n’abaturage bo muri ako gace bagejejeho…

Read More